07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bashyiragaho kandi akandika igitekerezo cy’ibikorwa bibi cyane bakoraga <strong>ku</strong> buryo<br />

bitahingutswa imbere y’amaso y’abantu. “Babuloni ikomeye ” yari “yarasinze amaraso<br />

y’intore z’Ima<strong>na</strong>.” Abantu miliyoni nyinshi batotezwaga bahorwa kwizera Ima<strong>na</strong> kwabo<br />

batakiraga Ima<strong>na</strong> ngo ibahorere <strong>ku</strong>ri ubwo butegetsi bwayimuye.<br />

Ubupapa bwari bwarabaye umutware w’abari <strong>ku</strong> isi utegekesha igitugu. Abami n’abami<br />

b’abami bumviraga amategeko ashyizweho n’umupapa w’i Roma. Imibereho y’abantu, yaba<br />

iy’icyo gihe cyangwa iy’iteka ryose, yasaga <strong>na</strong>ho iri mu maboko ye. Mu binyeja<strong>na</strong> byinshi,<br />

inyigisho z’i Roma zari zaremewe mu bantu benshi kandi mu buryo butaziguye, imihango<br />

yayo yakoranwaga icyubahiro, ndetse n’iminsi mi<strong>ku</strong>ru yayo i<strong>ku</strong>bahirizwa n’abantu bose muri<br />

rusange. Abapadiri n’abepisikopi barubahwaga kandi bagashyigikirwa mu buryo busesuye.<br />

Nta gihe cy’icyubahiro, i<strong>ku</strong>zo n’ububasha birenze ibyo cyigeze kibaho <strong>ku</strong> <strong>Itorero</strong> ry’i Roma.<br />

Nyamara “amanywa y’ihangu ubupapa byari bugezemo yari ijoro ry’icuraburindi <strong>ku</strong><br />

batuye isi.” 22 - Ibyanditswe Byera byasaga rwose n’ibitazwi atari muri rubanda gusa,<br />

ahubwo no mu bapadiri. Kimwe n’Abafarisayo bo mu gihe cya kera, abategetsi b’abapapa<br />

bangaga umucyo washyira ahagaragara ibyaha byabo. Bamaze gu<strong>ku</strong>raho amategeko y’Ima<strong>na</strong>,<br />

yo remezo ryo ry’ubutungane, bakoresheje ububasha bwabo nta garuriro bafite kandi bakora<br />

ibibi batagira ikibatangira. Ubujura, inyota yo <strong>ku</strong>gira ubutunzi ndetse no kwishyira ukiza<strong>na</strong><br />

mu gukora ibibi byari byiganje ahantu hose. Ntabwo abantu batinyaga <strong>ku</strong>gira ikibi icyo ari<br />

cyo cyose bakora cyabahesha ubutunzi n’umwanya w’icyubahiro. Ingoro z’abapapa<br />

n’abepisikopi zakorerwagamo ubusambanyi bw’indengakamere. Bamwe mu bepisikopi<br />

bayoboraga itorero bashinjwaga gukora amahano akomeye cyane <strong>ku</strong> buryo abategetsi batari<br />

abanyedini bihatiye <strong>ku</strong>ba<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong>ri iyo myanya yabo y’icyubahiro bavuga ko ari abagome<br />

cyane barenze kwihanganirwa. Hashize ibinyeja<strong>na</strong> byinshi Uburayi budatera imbere mu<br />

by’ubumenyi, ubugeni ndetse n’umuco n’ikora<strong>na</strong>buhanga. Ubukristo bwari bwaragezweho<br />

no <strong>ku</strong>gwa ikinya mu by’ubwenge n’imico mbonera.<br />

Mu gihe cy’ubutegetsi bw’Abanyaroma, imibereho y’abatuye isi yereka<strong>na</strong>ga mu buryo<br />

butangaje kandi buteye ubwoba gusohora kw’ibyo umuhanuzi Hoseya yahanuye ngo: «<br />

Ubwoko bwanjye burimbuwe buzize <strong>ku</strong>tagira ubwenge: ubwo uretse ubwenge, <strong>na</strong>njye<br />

nza<strong>ku</strong>reka,... ubwo wibagiwe amategeko y’Ima<strong>na</strong> yawe, <strong>na</strong>njye nzibagirwa aba<strong>na</strong> bawe.”<br />

“Uwiteka afitanye imanza <strong>na</strong> bene igihugu, <strong>ku</strong>ko kitarimo u<strong>ku</strong>ri, cyangwa <strong>ku</strong>gira neza, haba<br />

no <strong>ku</strong>menya Ima<strong>na</strong>. Nta kindi gihari keretse <strong>ku</strong>rahira bakica isezerano, no kwica no kwiba,<br />

no gusamba<strong>na</strong>, bagira urugomo, kandi amaraso agasimbura andi maraso.” Hoseya 4:6,1,2. Izo<br />

ni zo zabaye ingaruka zo kwimura Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>.<br />

38

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!