Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Abo bakristo ku izina bazaba bageze mu gihe giheruka cy’akaga gakomeye batiteguye, bazatura ibyaha byabo bihebye, mu ijwi ry’akababaro n’amagambo y’ubwihebe, nyamara ababi bazaba babaha inkwenene. Kwicuza kwabo kuzaba kumeze nk ‘ukwa Esawu cyangwa ukwa Yuda. Abakora ibyo, baganyishwa n’ingaruka z’ibicumuro byabo, aho kurizwa n’icyaha bakoze. Ntibicuza by’ukuri, kuko badatinya gukora ikibi. Bemera ibyaha byabo kubera gutinya igihano; ariko nkuko byabaye kuri Farawo wa kera, urubanza ruramutse rukuweho bakongera gusuzugura Imana. Amateka ya Yakobo aduha nanone ibyiringiro by’uko Imana itazahana abayobejwe, abageragejwe n’abagambaniwe bakagwa mu cyaha, ariko bakayigarukira bihannye by’ukuri. N’ubwo Satani ashishikariye kurimbura iryo tsinda, Imana izatuma Abamarayika bayo kubahumuriza no kubarinda muri icyo gihe cy’akaga. Ingabo z’umwanzi zifite uburakari bwinshi kandi ziyemeje kurwana inkundura, ibishuko bye biteye ubwoba; ariko amaso y’Uwiteka ari ku bwoko bwe, kandi amatwi ye ari ku byo basaba. Umubabaro wabo urenze urugero, ibirimi by’umuriro w’ikome biri hafi kubakongora; ariko Umucuzi azabarura bameze nk’izahabu yatunganyirijwe mu muriro. Urukundo Imana ikunda abana bayo mu gihe cy’ibigeragezo bikomeye rufite imbaraga nk’urwo ibakunda mu gihe baguwe neza; nyamara bakeneye kubanza kunyuzwa mu itanura ry’umuriro; maze iby’isi bigakongoka kugira ngo ishusho ya Kristo ibone uko irabagiranira muri bo. Igihe cy’umubabaro n’agahinda kituri imbere kidusaba kugira kwizera gushobora kwihanganira intege nke, kuzarira n’inzara-kwizera kutazacogora n’ubwo haza ibigeragezo biteye ubwoba. Igihe cy’imbabazi cyahawe abantu bose kugira ngo bitegure icyo gihe cy’akaga. Yakobo yatsinze kubera ko yihanganye kandi agafata icyemezo kidakuka. Insinzi ye ni igihamya cy’imbaraga y’amasengesho ahoraho. Abazashikama mu masezerano y’Imana nka Yakobo, kandi bakihangana nka we , bazatsinda nk’uko nawe yatsinze. Abadashaka kureka inarijye, ngo bababarire imbere y’Imana, basenga ubudasiba kandi basaba umugisha babikuye ku mutima, ntawo bazahabwa. Mbega ngo gukirana n’Imana biramenywa na bake! Ni bake bigeze kwegurira Imana imitima yabo, bafite ibyifuzo bibatsika kugeza ubwo imbaraga zibashiramo. Igihe imiraba y’ubwihebe itabonerwa ururimi rwo kuyisobanura isuma yisuka ku muntu usenga Imana, mbega ukwizera kwa bake gusa ngo kuraba ariko gukomeza gushikama ku masezerano y’Imana! Muri iki gihe, abafite kwizera kudashyitse bari mu kaga gakomeye ko gutsindwa n’ibishuko bya Satani hamwe n’iteka ryo gucecekesha umutimanama. Ndetse n’ubwo bakwihanganira ikigeragezo bazashengurwa n’umubabaro ukomeye n’agahinda muri icyo gihe cy’akaga kuko batigeze bimenyereza kwiringira Imana. Amasomo yo kwizera basuzuguye, bazategekwa kuyiga ku gahato muri icyo gihe cy’umubabaro batakibishobora. Iki nicyo gihe dukwiriye kwimenyereza ubwacu kugenzura amasezerano y’Imana. Abamarayika bandika isengesho ryose risenganywe umwete kandi ritaryarya. Ibyaba byiza ni uko twitandukanya n’ibyo turarikira kuruta gutandukana n’Imana. Ni byiza kuba umutindi 450
Itorero na Leta ku Rugamba nyakujya, kwizinukwa, ariko ukemerwa n’Imana, kuruta ubukire, icyubahiro, kuba inziramuze no kugira incuti nyinshi, udafitanye umushyikirano n’Imana. Dukwiriye gufata igihe gihagije cyo gusenga. Nitwemerera ubwenge bwacu guhugira mu binezeza by’isi tukirengagiza gusenga, hari igihe Imana yabona ko ari ngombwa kutwambura ibyo bigirwamana by’izahabu, amazu, cyangwa imirima irumbuka. Abasore ntibazishora mu byaha, nibaramuka banze kujya aho batazabonera imigisha y’Imana. Iyaba intumwa zijyanye imiburo iheruka ku isi yose, zajyaga zisenga zisaba imigisha y’Imana zishishikaye, zidafite ingingimira, zidakorana ubunebwe, ahubwo zifite umwete no kwizera gukomeye nka Yakobo, aho zagera hose zavuga ziti:“Nabonye Imana amaso ku maso kandi sinapfa.” 8 Zabarirwa mu bikomangoma by’ijuru, kuko zagize ubushobozi bwo kugundira Imana no gutsinda abantu. Igihe ‘’cy’amakuba atigeze kubaho’‘ kiradusatiriye; dukeneye kuba dufite indi mibereho itari nk’iyo dufite ubu, yayindi benshi bahinyura badashobora kugeraho. Bibaho kenshi ko amakuba akomeye yisuka kuruta uko yatekerezwaga; nyamara ibyago bitwugarije siko biri. Ibyo tubona n’ibyo tubwirwa muri iki gihe biri munsi cyane y’ukuri. Muri icyo gihe cy’ibigeragezo, umuntu wese azaba yihagarariye imbere y’Imana ubwe. Naho ‘’Nowa na Daniel na Yobu baba bakirimo, ndirahiye ko batagira icyo barokora, ari umuhungu cyangwa umukobwa, gukiranuka kwabo kwakiza ubwabo bugingo gusa, Ni ko Uwiteka avuga.’‘ 9 Muri iki gihe ubwo Umutambyi wacu Mukuru akiduhongerera, dukwiriye kwiboneza muri Kristo. Umukiza wacu ntiyashoboye gutsinda imbaraga z’ibishuko mu ntekerezo gusa. Satani ashaka akanya mu mitima y’abantu yaba yigobetsemo; ibyifuzo byo gukora ibyaha byaragundiriwe kandi aho ni naho Satani yibanda mu bishuko bye. Ariko Kristo yarivugiye ati: “Umutware w’isi araje, ariko nta bushobozi amfiteho.” 10 Satani nta bushobozi afite ku Mwana w’Imana bwamubashisha gutsinda. Yakomeje amategeko ya Se, kandi nta cyaha yigeze akora Satani yaheraho ngo kizamuheshe amahirwe yo gutsinda. Icyo gisabwa abazahagarara bashikamye mu gihe cy’umubabaro ukomeye. Muri ubu bugingo niho dukwiriye kwitandukanya n’icyaha binyuze mu kwizera amaraso ya Kristo ahongerera ibyaha. Umukiza wacu ukomeye aturarikira kwifatanya nawe, tugahuriza intege nke zacu mu mbaraga ze, ubuswa bwacu tukabuhuza n’ubwenge bwe, ubuhanya bwacu tukabuhuza n’imibereho ye izira inenge, amafuti yacu tukayahuza no gukiranuka kwe. Imbabazi z’Imana ni ishuri dukwiye kwigiramo ubugwaneza no kwicisha bugufi bya Kristo. Mu byo Imana yashyize imbere yacu, ntiduhitishamo kunyura mu nzira itworoheye kandi itunejeje, ahubwo ngo tugambirire guhitamo umugambi nyakuri w’ubugingo. Ni ahacu kwemera gukorana n’intumwa z’ijuru, zoherejwe gufatanya natwe ngo ziturememo imico ihwanye n’iyo abo mu ijuru. Nta we ukwiriye guhinyura cyangwa kwirengagiza uwo murimo kuko bizanira abantu kurimbuka guteye ubwoba. Mu iyerekwa, Intumwa Yohana yumvise ijwi rivugira mu ijuru rirangurura riti,“Nuko rero wa juru we n’abagutuyemo, nimwishime! Naho wa si we nawe wa nyanja we, mugushije 451
- Page 407 and 408: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko se
- Page 409 and 410: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 411 and 412: Itorero na Leta ku Rugamba insangan
- Page 413 and 414: Itorero na Leta ku Rugamba Imyuka i
- Page 415 and 416: Itorero na Leta ku Rugamba budashid
- Page 417 and 418: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 419 and 420: Itorero na Leta ku Rugamba Ubuporot
- Page 421 and 422: Itorero na Leta ku Rugamba Gusenga
- Page 423 and 424: Itorero na Leta ku Rugamba imyaka i
- Page 425 and 426: Itorero na Leta ku Rugamba igiteker
- Page 427 and 428: Itorero na Leta ku Rugamba Nyamara
- Page 429 and 430: Itorero na Leta ku Rugamba byose by
- Page 431 and 432: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 433 and 434: Itorero na Leta ku Rugamba ituma ba
- Page 435 and 436: Itorero na Leta ku Rugamba yabo bag
- Page 437 and 438: Itorero na Leta ku Rugamba Imikorer
- Page 439 and 440: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 441 and 442: Itorero na Leta ku Rugamba kumenyek
- Page 443 and 444: Itorero na Leta ku Rugamba Imvugo y
- Page 445 and 446: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo igi
- Page 447 and 448: Itorero na Leta ku Rugamba rwo gupf
- Page 449 and 450: Itorero na Leta ku Rugamba murimo,
- Page 451 and 452: Itorero na Leta ku Rugamba bazunga
- Page 453 and 454: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 455 and 456: Itorero na Leta ku Rugamba Ijoro Ya
- Page 457: Itorero na Leta ku Rugamba umutima
- Page 461 and 462: Itorero na Leta ku Rugamba kare uko
- Page 463 and 464: Itorero na Leta ku Rugamba ubutaber
- Page 465 and 466: Itorero na Leta ku Rugamba vuba.”
- Page 467 and 468: Itorero na Leta ku Rugamba cyangwa
- Page 469 and 470: Itorero na Leta ku Rugamba nyamara
- Page 471 and 472: Itorero na Leta ku Rugamba rusaku r
- Page 473 and 474: Itorero na Leta ku Rugamba ijwi rit
- Page 475 and 476: Itorero na Leta ku Rugamba kwavuzwe
- Page 477 and 478: Itorero na Leta ku Rugamba Asabwe n
- Page 479 and 480: Itorero na Leta ku Rugamba bareba n
- Page 481 and 482: Itorero na Leta ku Rugamba Abanyaby
- Page 483 and 484: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo Kri
- Page 485 and 486: Itorero na Leta ku Rugamba Ku ruhan
- Page 487 and 488: Itorero na Leta ku Rugamba wari uwe
- Page 489 and 490: Itorero na Leta ku Rugamba byabatey
- Page 491 and 492: Itorero na Leta ku Rugamba w’amah
- Page 493 and 494: Itorero na Leta ku Rugamba urugamba
- Page 495 and 496: Itorero na Leta ku Rugamba mutima w
- Page 497: Itorero na Leta ku Rugamba binjire
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
nya<strong>ku</strong>jya, kwizinukwa, ariko ukemerwa n’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>ruta ubukire, icyubahiro, <strong>ku</strong>ba<br />
inziramuze no <strong>ku</strong>gira incuti nyinshi, udafitanye umushyikirano n’Ima<strong>na</strong>. Dukwiriye gufata<br />
igihe gihagije cyo gusenga. Nitwemerera ubwenge bwacu guhugira mu binezeza by’isi<br />
tukirengagiza gusenga, hari igihe Ima<strong>na</strong> yabo<strong>na</strong> ko ari ngombwa <strong>ku</strong>twambura ibyo<br />
bigirwama<strong>na</strong> by’izahabu, amazu, cyangwa imirima irumbuka.<br />
Abasore ntibazishora mu byaha, nibaramuka banze <strong>ku</strong>jya aho batazabonera imigisha<br />
y’Ima<strong>na</strong>. Iyaba intumwa zijyanye imiburo iheruka <strong>ku</strong> isi yose, zajyaga zisenga zisaba<br />
imigisha y’Ima<strong>na</strong> zishishikaye, zidafite ingingimira, zidakora<strong>na</strong> ubunebwe, ahubwo zifite<br />
umwete no kwizera gukomeye nka Yakobo, aho zagera hose zavuga ziti:“Nabonye Ima<strong>na</strong><br />
amaso <strong>ku</strong> maso kandi si<strong>na</strong>pfa.” 8 Zabarirwa mu bikomangoma by’ijuru, <strong>ku</strong>ko zagize<br />
ubushobozi bwo <strong>ku</strong>gundira Ima<strong>na</strong> no gutsinda abantu.<br />
Igihe ‘’cy’ama<strong>ku</strong>ba atigeze <strong>ku</strong>baho’‘ kiradusatiriye; dukeneye <strong>ku</strong>ba dufite indi mibereho<br />
itari nk’iyo dufite ubu, yayindi benshi bahinyura badashobora <strong>ku</strong>geraho. Bibaho kenshi ko<br />
ama<strong>ku</strong>ba akomeye yisuka <strong>ku</strong>ruta uko yatekerezwaga; nyamara ibyago bitwugarije siko biri.<br />
Ibyo tubo<strong>na</strong> n’ibyo tubwirwa muri iki gihe biri munsi cyane y’u<strong>ku</strong>ri. Muri icyo gihe<br />
cy’ibigeragezo, umuntu wese azaba yihagarariye imbere y’Ima<strong>na</strong> ubwe. Naho ‘’Nowa <strong>na</strong><br />
Daniel <strong>na</strong> Yobu baba bakirimo, ndirahiye ko batagira icyo barokora, ari umuhungu cyangwa<br />
umukobwa, gukiranuka kwabo kwakiza ubwabo bugingo gusa, Ni ko Uwiteka avuga.’‘ 9<br />
Muri iki gihe ubwo Umutambyi wacu Mu<strong>ku</strong>ru akiduhongerera, dukwiriye kwiboneza<br />
muri Kristo. Umukiza wacu ntiyashoboye gutsinda imbaraga z’ibishuko mu ntekerezo gusa.<br />
Satani ashaka akanya mu mitima y’abantu yaba yigobetsemo; ibyifuzo byo gukora ibyaha<br />
byaragundiriwe kandi aho ni <strong>na</strong>ho Satani yibanda mu bishuko bye. Ariko Kristo yarivugiye<br />
ati: “Umutware w’isi araje, ariko nta bushobozi amfiteho.” 10 Satani nta bushobozi afite <strong>ku</strong><br />
Mwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> bwamubashisha gutsinda. Yakomeje amategeko ya Se, kandi nta cyaha<br />
yigeze akora Satani yaheraho ngo kizamuheshe amahirwe yo gutsinda. Icyo gisabwa<br />
abazahagarara bashikamye mu gihe cy’umubabaro ukomeye.<br />
Muri ubu bugingo niho dukwiriye kwitandukanya n’icyaha binyuze mu kwizera amaraso<br />
ya Kristo ahongerera ibyaha. Umukiza wacu ukomeye aturarikira kwifatanya <strong>na</strong>we,<br />
tugahuriza intege nke zacu mu mbaraga ze, ubuswa bwacu tukabuhuza n’ubwenge bwe,<br />
ubuhanya bwacu tukabuhuza n’imibereho ye izira inenge, amafuti yacu tukayahuza no<br />
gukiranuka kwe. Imbabazi z’Ima<strong>na</strong> ni ishuri dukwiye kwigiramo ubugwaneza no kwicisha<br />
bugufi bya Kristo. Mu byo Ima<strong>na</strong> yashyize imbere yacu, ntiduhitishamo <strong>ku</strong>nyura mu nzira<br />
itworoheye kandi itunejeje, ahubwo ngo tugambirire guhitamo umugambi nya<strong>ku</strong>ri<br />
w’ubugingo. Ni ahacu kwemera gukora<strong>na</strong> n’intumwa z’ijuru, zoherejwe gufatanya <strong>na</strong>twe ngo<br />
ziturememo imico ihwanye n’iyo abo mu ijuru. Nta we ukwiriye guhinyura cyangwa<br />
kwirengagiza uwo murimo <strong>ku</strong>ko bizanira abantu <strong>ku</strong>rimbuka guteye ubwoba.<br />
Mu iyerekwa, Intumwa Yoha<strong>na</strong> yumvise ijwi rivugira mu ijuru rirangurura riti,“Nuko rero<br />
wa juru we n’abagutuyemo, nimwishime! Naho wa si we <strong>na</strong>we wa nyanja we, mugushije<br />
451