07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abo bakristo <strong>ku</strong> izi<strong>na</strong> bazaba bageze mu gihe giheruka cy’akaga gakomeye batiteguye,<br />

bazatura ibyaha byabo bihebye, mu ijwi ry’akababaro n’amagambo y’ubwihebe, nyamara<br />

ababi bazaba babaha inkwenene. Kwicuza kwabo <strong>ku</strong>zaba <strong>ku</strong>meze nk ‘ukwa Esawu cyangwa<br />

ukwa Yuda. Abakora ibyo, baganyishwa n’ingaruka z’ibicumuro byabo, aho <strong>ku</strong>rizwa<br />

n’icyaha bakoze. Ntibicuza by’u<strong>ku</strong>ri, <strong>ku</strong>ko badatinya gukora ikibi. Bemera ibyaha byabo<br />

<strong>ku</strong>bera gutinya igihano; ariko n<strong>ku</strong>ko byabaye <strong>ku</strong>ri Farawo wa kera, urubanza ruramutse<br />

ru<strong>ku</strong>weho bakongera gusuzugura Ima<strong>na</strong>.<br />

Amateka ya Yakobo aduha <strong>na</strong>none ibyiringiro by’uko Ima<strong>na</strong> itazaha<strong>na</strong> abayobejwe,<br />

abageragejwe n’abagambaniwe bakagwa mu cyaha, ariko bakayigarukira bihannye by’u<strong>ku</strong>ri.<br />

N’ubwo Satani ashishikariye <strong>ku</strong>rimbura iryo tsinda, Ima<strong>na</strong> izatuma Abamarayika bayo<br />

<strong>ku</strong>bahumuriza no <strong>ku</strong>barinda muri icyo gihe cy’akaga. Ingabo z’umwanzi zifite uburakari<br />

bwinshi kandi ziyemeje <strong>ku</strong>rwa<strong>na</strong> in<strong>ku</strong>ndura, ibishuko bye biteye ubwoba; ariko amaso<br />

y’Uwiteka ari <strong>ku</strong> bwoko bwe, kandi amatwi ye ari <strong>ku</strong> byo basaba. Umubabaro wabo urenze<br />

urugero, ibirimi by’umuriro w’ikome biri hafi <strong>ku</strong>bakongora; ariko Umucuzi azabarura<br />

bameze nk’izahabu yatunganyirijwe mu muriro. Uru<strong>ku</strong>ndo Ima<strong>na</strong> i<strong>ku</strong>nda aba<strong>na</strong> bayo mu gihe<br />

cy’ibigeragezo bikomeye rufite imbaraga nk’urwo iba<strong>ku</strong>nda mu gihe baguwe neza; nyamara<br />

bakeneye <strong>ku</strong>banza <strong>ku</strong>nyuzwa mu itanura ry’umuriro; maze iby’isi bigakongoka <strong>ku</strong>gira ngo<br />

ishusho ya Kristo ibone uko irabagiranira muri bo.<br />

Igihe cy’umubabaro n’agahinda kituri imbere kidusaba <strong>ku</strong>gira kwizera gushobora<br />

kwihanganira intege nke, <strong>ku</strong>zarira n’inzara-kwizera <strong>ku</strong>tazacogora n’ubwo haza ibigeragezo<br />

biteye ubwoba. Igihe cy’imbabazi cyahawe abantu bose <strong>ku</strong>gira ngo bitegure icyo gihe<br />

cy’akaga. Yakobo yatsinze <strong>ku</strong>bera ko yihanganye kandi agafata icyemezo kida<strong>ku</strong>ka. Insinzi<br />

ye ni igihamya cy’imbaraga y’amasengesho ahoraho. Abazashikama mu masezerano y’Ima<strong>na</strong><br />

nka Yakobo, kandi bakihanga<strong>na</strong> nka we , bazatsinda nk’uko <strong>na</strong>we yatsinze. Abadashaka<br />

<strong>ku</strong>reka i<strong>na</strong>rijye, ngo bababarire imbere y’Ima<strong>na</strong>, basenga ubudasiba kandi basaba umugisha<br />

babi<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> mutima, ntawo bazahabwa. Mbega ngo gukira<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong> biramenywa <strong>na</strong> bake!<br />

Ni bake bigeze kwegurira Ima<strong>na</strong> imitima yabo, bafite ibyifuzo bibatsika <strong>ku</strong>geza ubwo<br />

imbaraga zibashiramo. Igihe imiraba y’ubwihebe itabonerwa ururimi rwo <strong>ku</strong>yisobanura<br />

isuma yisuka <strong>ku</strong> muntu usenga Ima<strong>na</strong>, mbega ukwizera kwa bake gusa ngo <strong>ku</strong>raba ariko<br />

gukomeza gushikama <strong>ku</strong> masezerano y’Ima<strong>na</strong>!<br />

Muri iki gihe, abafite kwizera <strong>ku</strong>dashyitse bari mu kaga gakomeye ko gutsindwa<br />

n’ibishuko bya Satani hamwe n’iteka ryo gucecekesha umutima<strong>na</strong>ma. Ndetse n’ubwo<br />

bakwihanganira ikigeragezo bazashengurwa n’umubabaro ukomeye n’agahinda muri icyo<br />

gihe cy’akaga <strong>ku</strong>ko batigeze bimenyereza kwiringira Ima<strong>na</strong>. Amasomo yo kwizera<br />

basuzuguye, bazategekwa <strong>ku</strong>yiga <strong>ku</strong> gahato muri icyo gihe cy’umubabaro batakibishobora.<br />

Iki nicyo gihe dukwiriye kwimenyereza ubwacu <strong>ku</strong>genzura amasezerano y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Abamarayika bandika isengesho ryose risenganywe umwete kandi ritaryarya. Ibyaba byiza ni<br />

uko twitandukanya n’ibyo turarikira <strong>ku</strong>ruta gutanduka<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong>. Ni byiza <strong>ku</strong>ba umutindi<br />

450

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!