07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

umutima no kwibaza ko buri cyaha cyose cyicujijwe, kandi ko <strong>ku</strong>bera ayo makosa yabo<br />

ubwabo, batazasohorezwa amasezerano y’Umukiza agira ati: “Nza<strong>ku</strong>rinda mu gihe<br />

cy’ibigeragezo bigiye gutera <strong>ku</strong> isi yose, <strong>ku</strong>gerageza abari mu isi.” 6 Baramutse bagize<br />

ibyiringiro by’uko bababariwe, ntibatinya gushinyagurirwa cyangwa kwicwa; ariko<br />

bagaragaje ko badashyitse, maze bakabura ubugingo bwabo <strong>ku</strong>bera imico yabo idatungane,<br />

ibyo byagayisha izi<strong>na</strong> ry’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ku mpande zose, bumva icurwa ry’imigambi y’ubugambanyi kandi bakabo<strong>na</strong> n’ibikorwa<br />

by’urugomo; maze muri bo ba<strong>ku</strong>mva bifuza bafite imitima itaryarya, ko ubu buhakanyi<br />

bukomeye bwa<strong>ku</strong>rwaho n’ibibi ababi bakora bikagira iherezo. Kandi ubwo batakambira<br />

Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>batsindira imbaraga z’umugome, nibwo bazaba bigaya ko batagize ubushobozi bwo<br />

guhanga<strong>na</strong> n’ububasha bw’umubi, maze bongere kwihamagarira ibibi by’umugome.<br />

Bazumva ko Satani atari <strong>ku</strong>bahangara iyo bakoresha ubushobozi bwabo bwose mu murimo<br />

wa Kristo, bakikomeza uko bukeye n’uko bwije.<br />

Bashengukira imitima yabo imbere y’Ima<strong>na</strong>, bagaragaza ibyaha byinshi bihannye mu gihe<br />

cyashize, maze bagasaba gusohorezwa isezerano ry’Umukiza ngo: “Nyamara abarinzi banjye<br />

nibampungiraho, tuzagira<strong>na</strong> amasezerano y’amahoro.” 7 Kwizera kwabo ntigucogora ngo<br />

n’uko amasengesho yabo adasubijwe ako kanya. Nubwo bagira umubabaro, ubwoba no<br />

guhangayika bikomeye, ntibareka gutakamba. Bakomeza kwishingikiriza <strong>ku</strong> mbaraga<br />

z’Ima<strong>na</strong> nk’uko Yakobo yagundiriye Marayika, maze imvugo y’imitima yabo ibe:<br />

” Sin<strong>ku</strong>re<strong>ku</strong>ra, utampaye umugisha. ”<br />

Iyo Yakobo atabanza kwicuza icyaha yakoze cyo gukoresha uburiganya, akiba umugisha<br />

wagenewe umwa<strong>na</strong> w’imfura, Ima<strong>na</strong> ntiba yarumvise amasengesho ye ngo irokore ubugingo<br />

bwe. No mu gihe cy’ama<strong>ku</strong>ba, ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> nibuba bugifite ibyaha buticujije mbere,<br />

igihe imitima yabo izaba ishengurwa n’ubwoba n’agahinda, bazacika intege, kwizera kwabo<br />

gucogore, kandi ntibazaba biringiye gutakambira Ima<strong>na</strong> ngo ibarokore. Ariko igihe bazaba<br />

bumva ubwabo ko badashyitse, nta cyaha bazasigara<strong>na</strong> kiticujijwe, ibyaha byabo bizaba<br />

byarajyanywe mu rubanza, kandi byaraha<strong>na</strong>guwe <strong>na</strong>bo ubwabo ntibazaba bakibyibuka<br />

u<strong>ku</strong>ndi.<br />

Satani atuma abantu benshi bizera ko Ima<strong>na</strong> itazita <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>gukiranirwa k’utuntu duto two<br />

mu mibereho yabo; ariko Uwiteka yereka<strong>na</strong> ko atazihanganira cyangwa ngo abure guha<strong>na</strong><br />

ikibi uko cyaba kinga<strong>na</strong> kose nk’uko yabigenje <strong>ku</strong>ri Yakobo. Abihatira gutanga inzitwazo<br />

cyangwa gutwikira ibyaha byabo, maze bakemera ko bikomeza <strong>ku</strong>garagara mu bitabo byo mu<br />

ijuru biticujijwe ngo bibabarirwe, bazatsindwa <strong>na</strong> Satani. Uko barushaho <strong>ku</strong>rata imyizerere<br />

yabo, uko imyanya barimo yaba yubashywe kose, niko ibyo bakora birushaho gushavuza<br />

Ima<strong>na</strong>, kandi ari <strong>na</strong>ko barushaho gutiza umwanzi wabo umurindi wo gutsinda. Abakomeza<br />

gukererwa kwitegura umunsi w’Umwami, ntibazaba bagishobora kwitegura mu gihe<br />

cy’ama<strong>ku</strong>ba cyangwa mu gihe icyo ari cyo cyose. Ibya bene abo bantu biteye agahinda !<br />

449

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!