07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

“Yakiranye n’Umumarayika aramutsinda” 5 Binyuze mu kwicisha bugufi, kwiha<strong>na</strong> no<br />

kwitanga burundu, uyu munyabyaha, impabe ipfa, yatsinze Nyiricyubahiro w’ijuru.<br />

Yagundiriye masezerano y’Ima<strong>na</strong> n’amaboko yombi ahinda umushyitsi n’umutima<br />

w’Inyaru<strong>ku</strong>ndo rutarondoreka, itigera yirengagiza gusaba k’umunyabyaha. Nk’igihamya<br />

cy’insinzi ye no gutera abandi umwete wo gu<strong>ku</strong>rikiza icyitegererezo cye, izi<strong>na</strong> rye<br />

ryarahinduwe, riva <strong>ku</strong> ryajyaga rimwibutsa icyaha cye, maze rihinduka irizajya ryibutsa<br />

insinzi ye. Bitewe n’uko Yakobo yakiranije Ima<strong>na</strong> agatsinda, byamuhaye ubwishingizi ko<br />

abasha gutsinda n’abantu. Ntiyongeye gutinya uburakari bwa mwene se u<strong>ku</strong>ndi <strong>ku</strong>ko Uwiteka<br />

yari <strong>ku</strong>murwanirira.<br />

Satani yareze Yakobo <strong>ku</strong> bamarayika b’Ima<strong>na</strong>, amusabira <strong>ku</strong>rimbuka <strong>ku</strong>bera icyaha yari<br />

yakoze; yahagurukije Esawu <strong>ku</strong>gira ngo amwibasire; kandi muri rya joro yakiranyemo <strong>na</strong><br />

marayika, Satani yihatiye cyane <strong>ku</strong>mwibutsa icyaha cye ashaka guca intege uwo<br />

mu<strong>ku</strong>rambere <strong>ku</strong>gira ngo ave <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>. Yakobo yari hafi gucogora rwose; ariko aza <strong>ku</strong>menya<br />

ko aramutse atabonye ubufasha buturutse mu ijuru yarimbuka rwose. Yari yamaze kwicuza<br />

icyaha cye gikomeye ataryarya, maze yitabaza impuhwe z’Ima<strong>na</strong>. Ntiyajyaga gutezuka <strong>ku</strong><br />

mugambi we, ahubwo akomeza <strong>ku</strong>gundira Marayika kandi aramutakambira cyane arira<br />

<strong>ku</strong>geza atsinze.<br />

Nk’uko Satani yoheje Esawu kwibasira Yakobo, niko no mu gihe cy’ama<strong>ku</strong>ba<br />

azahagurukiriza ababi <strong>ku</strong>rimbura ubwoko bw’Ima<strong>na</strong>. Kandi nk’uko yashinje Yakobo, ni <strong>na</strong>ko<br />

azashinja ubwoko bw’Ima<strong>na</strong>. Afata abatuye isi bose nk’abayoboke be; ariko umu<strong>ku</strong>mbi muto<br />

w’abakomeza amategeko y’Ima<strong>na</strong> banga <strong>ku</strong>muyoboka. Iyaba yashoboraga <strong>ku</strong>batsemba <strong>ku</strong> isi,<br />

yaba ageze <strong>ku</strong> nsinzi. Abo<strong>na</strong> barinzwe n’Abamarayika bera, maze akiyumvisha ko ibyaha<br />

byabo byababariwe; nyamara ntamenye ko ibyabo byarangiriye mu buturo bwo mu ijuru.<br />

Asobanukiwe neza n’ibyaha yabagushijemo, kandi abyereka Ima<strong>na</strong> uko byakabaye,<br />

akagaragaza ko we <strong>na</strong>bo, badakwiriye <strong>ku</strong>girirwa ubuntu n’Ima<strong>na</strong>. Ahamya ko Ima<strong>na</strong><br />

idashobora <strong>ku</strong>babarira ibyaha byabo <strong>ku</strong>bwo ubutabera bwayo, ngo <strong>na</strong>ho we imurimburane<br />

n’abamarayika be. Ababura<strong>na</strong> avuga ko ari umuhigo we, maze asabe ko Ima<strong>na</strong><br />

yabamwegurira akabirimburira.<br />

Ubwo Satani ashinja abantu b’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bera ibyaha byabo, Uhoraho amwemerera<br />

<strong>ku</strong>bagerageza uko ashoboye kose. Ibyiringiro byabo, kwizera kwabo no gushikama mu Ma<strong>na</strong><br />

kwabo, bizageragezwa bikomeye. Nibasubiza amaso inyuma bagatekereza ibyashize,<br />

ibyiringiro byabo bizacogora; <strong>ku</strong>ko nta byiza byinshi bazasanga barakoze mu mibereho yabo.<br />

Basobanukiwe neza nta gushidikanya intege nke zabo no <strong>ku</strong>ba badashyitse kwabo. Satani<br />

yihatira <strong>ku</strong>batera ubwoba ngo batekereze ko bahindutse akahebwe, kandi ko ibizinga byo<br />

gukiranirwa kwabo bidateze guha<strong>na</strong>gurika. Ibyo bizamwiringiza ko acogoje kwizera kwabo,<br />

ko bagiye <strong>ku</strong>gwa mu bishuko bye maze bigatuma bahaka<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong>.<br />

N’ubwo ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> buzaba bugoswe n’abanzi impande zose biteguye<br />

<strong>ku</strong>barimbura, ntibuzahangayikishwa no <strong>ku</strong>renganyirizwa u<strong>ku</strong>ri; ahubwo bazahagarikishwa<br />

448

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!