07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ijoro Yakobo yagiriyemo ishavu ubwo yagundagura<strong>na</strong>ga kandi asenga Ima<strong>na</strong> ngo imukize<br />

amaboko ya Esawu, rigereranya uko abantu b’Ima<strong>na</strong> bazaba bameze mu gihe cy’ama<strong>ku</strong>ba<br />

aheruka. Kubera ubuhendanyi yagize <strong>ku</strong>gira ngo yibonere imigisha ya Se yari yaragenewe<br />

Esawu, Yakobo yarahunze ngo akize amagara ye, atewe impungenge n’uko yakwicwa <strong>na</strong><br />

mwene se. Nyuma y’imyaka myinshi yamaze mu buhungiro, <strong>ku</strong> itegeko ry’Ima<strong>na</strong> yaratahutse,<br />

aherekejwe n’abagore be, aba<strong>na</strong> be, amashyo n’imi<strong>ku</strong>mbi, abashumba, abagaragu n’abaja,<br />

agaruka mu gihugu cyabo cya kavukire. Ageze <strong>ku</strong> rugabano rw’igihugu cyabo, Yakobo<br />

yatewe ubwoba n’uko Esawu yiteguye <strong>ku</strong>za <strong>ku</strong>musanganira ari <strong>ku</strong>mwe n’ingabo zitwaje<br />

intwaro, Yakobo akeka ko Esawu aje kwihorera. Yakobo yari <strong>ku</strong>mwe n’abantu badafite<br />

intwaro, batagira gitabara, biteguye gusa <strong>ku</strong>girirwa no kwicwa. Kandi <strong>ku</strong> umutwaro<br />

w’ubwoba n’amaganya byamutsikaga, hiyongereyeho kwishinja <strong>ku</strong>bera icyaha cye bwite,<br />

<strong>ku</strong>ko aricyo cyari kigiye guteza ako kaga. Ibyiringiro bye byari mu <strong>ku</strong>girirwa neza n’Ima<strong>na</strong><br />

gusa; , intwaro yonyine yari afite yari amasengesho. Ku rwe ruhande, nta cyo Yakobo atari<br />

yakoze cyo guhongerera icyaha yakoreye mwene se <strong>ku</strong>gira ngo abone uko asakira<strong>na</strong> n’akaga<br />

yari agezemo. Iyaba n’abizera Kristo, bakoraga uko bashoboye kose, bakaba mu mucyo<br />

nya<strong>ku</strong>ri imbere ya rubanda, ubwo begereje igihe cy’ama<strong>ku</strong>ba, <strong>ku</strong>gira ngo bakome mu nkokora<br />

ibibaca intege, kandi bakome imbere akaga ko guhungabanya umudendezo w’umutima<strong>na</strong>ma.<br />

Yakobo amaze kohereza ab’umuryango we <strong>ku</strong>gira ngo bataza gutahura umubabaro we,<br />

asigara wenyine atakambira Ima<strong>na</strong>. Yicuza icyaha yakoze kandi ashimira Ima<strong>na</strong> imbabazi<br />

imugiriye kandi yicishije bugufi, asaba gusohorezwa isezerano Ima<strong>na</strong> yasezeraniye ba<br />

Se<strong>ku</strong>ruza n’ayo Ima<strong>na</strong> yamusezeraniye ubwe mu iyerekwa n’ijoro ubwo yari ageze i Beteli<br />

ndetse n’igihe yari mu gihugu yahungiyemo.Yari ageze mu ngorane mu mibereho ye; yari<br />

ageze ahakomeye. Mu mwijima ari wenyine, akomeza gusenga kandi yicishije bugufi imbere<br />

y’Ima<strong>na</strong>. Ako kanya yumva ikiganza kimufashe <strong>ku</strong> rutugu. Yibwira ko ari umwanzi uhiga<br />

ubugingo bwe, maze mu mbaraga z’ubwihebe yari asigaranye akira<strong>na</strong> n’uwo muntu. Mu<br />

rukerera, wa mushyitsi yereka<strong>na</strong> imbaraga ze zirenze iza muntu; akora <strong>ku</strong> nyonga y’itako wa<br />

munyambaraga ararabira<strong>na</strong>, yi<strong>ku</strong>bita hasi, atagira kirengera, abogoza amarira yinginga uwo<br />

bari bahanganye amufashe <strong>ku</strong> gikanu. Yakobo amenya ko ari Marayika w’isezerano bari<br />

bahanganye. Nubwo yacumbagiraga kandi afite uburibwe bukabije, Yakobo ntiyatezutse <strong>ku</strong><br />

mu gambi we. Yari amaze igihe ari mu majune, yishinja kandi aremerewe n’icyaha cye;<br />

noneho yashakaga <strong>ku</strong>menya neza adashidikanya ko yababariwe. Uwo umushyitsi wari<br />

wavuye mu ijuru yari hafi <strong>ku</strong>musiga; ariko Yakobo aramugundira, amusaba <strong>ku</strong>muhesha<br />

umugisha. Marayika aramubwira ati: ” Nde<strong>ku</strong>ra ngende <strong>ku</strong>ko bugiye gutanduka<strong>na</strong>;” nyamara<br />

uwo mu<strong>ku</strong>rambere avuga akomeje ati: “Sin<strong>ku</strong>re<strong>ku</strong>ra keretse umpaye umugisha”. Mbega<br />

ibyiringiro! Mbega gushikama no kwihanga<strong>na</strong> bigaragara hano! Iyo biza <strong>ku</strong>ba ubwirasi,<br />

n’amagambo yo kwishyira hejuru, Yakobo yari guhita arimbuka ako kanya; ariko yari<br />

yishingikirije <strong>ku</strong> isezerano ry’uko uwatura intege nke ze kandi a<strong>ku</strong>mva adashyitse, yiringira<br />

imbabazi z’Ima<strong>na</strong> ikomeza isezerano.<br />

447

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!