07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubu hariho imbaraga ziteguye, zitegereje ko ijuru ritanga uburenganzira, maze zigasuka<br />

ibyago ahantu hose.<br />

Abubahiriza amategeko y’Ima<strong>na</strong> bazaregwa ko ari bo bazaniye isi <strong>ku</strong>rimbuka, kandi<br />

bafatwe nk’aho ari bo batumye ibyaremwe byangirika bikomeye, maze hakabaho impagarara,<br />

kwica<strong>na</strong> mu bantu bikaba byoretse isi. Imbaraga y’umuburo uheruka izabyutsa uburakari<br />

bw’ababi bwake nk’umuriro; umujinya wabo uzahagurukirizwa abakiriye ubutumwa bwiza,<br />

maze Satani abonereho <strong>ku</strong>byutsa umwuka w’inzangano n’akarengane mu bantu.<br />

Igihe Ima<strong>na</strong> yavaga <strong>ku</strong> ishyanga ry’Abayuda, abatambyi <strong>na</strong> rubanda ntibabimenye.<br />

Nubwo bari bari mu butware bwa Satani, babaswe n’ibyo bararikiye biteye ubwoba, nyamara<br />

bo bagikomeje kwibo<strong>na</strong> nk’abatoranyijwe n’Ima<strong>na</strong>. Bakomeje imirimo yabo yakorwaga mu<br />

buturo buziranenge; ibitambo bigatambirwa <strong>ku</strong> ntambiro zihumanyijwe, kandi uko bukeye<br />

n’uko bwije, imigisha mvajuru igasabirwa ubwoko buriho urubanza rw’amaraso y’Umwa<strong>na</strong><br />

w’ikinege w’Ima<strong>na</strong>, ari <strong>na</strong>ko bashaka kwica intumwa n’abigishwa be. Nuko rero, ubwo<br />

umwanzuro nta<strong>ku</strong>ka wo mu buturo buziranenge uzatangazwa, maze isi yose igatangarizwa<br />

icyo yagenewe bidasubirwaho, abatuye isi ntibazabimenya. Amadini azakomeza <strong>ku</strong>babwamo<br />

n’abantu bamaze gu<strong>ku</strong>rwaho Mwuka w’Ima<strong>na</strong>; kandi umuhati wa Satani, uwo umutware<br />

w’abadayimoni azabashyiramo <strong>ku</strong>gira ngo basohoze imigambi ye y’ubuhendanyi, uzakomeza<br />

gukoreshwa nk’aho bakorera Ima<strong>na</strong>.<br />

Ubwo Isabato izaba ibaye intandaro idasanzwe y’urugamba rwa Gikiristo, maze amadini<br />

n’ubutegetsi bw’isi bikifatanyiriza hamwe guhatira abantu <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi wa mbere<br />

w’icyumweru (Dimanche), umubare muto wabazi<strong>na</strong>ngira bakanga gu<strong>ku</strong>rikiza ibyo rubanda<br />

nyamwinshi ibategeka, bazahindurwa ibishungero mu isi. Hazategekwa ko izo nkehwe<br />

zihangara <strong>ku</strong>rwanya itegeko ryashyizweho n’itorero <strong>na</strong> <strong>Leta</strong>, zidakwiriye kwihanganirwa; ko<br />

ahubwo ibyarushaho <strong>ku</strong>ba byiza ari uko bababazwa <strong>ku</strong>ruta ko isi yose ijya mu rujijo no<br />

<strong>ku</strong>dakomeza amategeko.<br />

Mu myaka isaga ibihumbi bibiri ishize, ikirego nk’icyo cyashyizwe <strong>ku</strong>ri Kristo ashinjwa<br />

‘’n’abatware ba rubanda.’‘ Kayafa aravuga ati: ” Mbese ntimutekereza ko ari byiza <strong>ku</strong> bwacu,<br />

ko umuntu umwe yapfira abantu <strong>ku</strong>ruta ko ubwoko bwose bwarimbuka?” 3 Icyo kirego<br />

<strong>na</strong>none kizaba nk’igisoza; iteka rizacirwa abaziririza Isabato y’itegeko rya kane, rihamya ko<br />

bakwiriye igihano kirusha ibindi <strong>ku</strong>ba kibi, maze bagaha abaturage uburenganzira ko nyuma<br />

y’igihe ru<strong>na</strong>ka, bazabica. Ubugatolika bwo mu gihe cyashize, n’Ubuporotesitanti<br />

bwahakanye muri iki gihe cya none, bizihuza <strong>ku</strong>gira ngo bigirire <strong>na</strong>bi aba<strong>ku</strong>rikiza amategeko<br />

yose y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ubwo nibwo ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> buzashyirwa mu mibabaro n’impagarara byavuzwe<br />

n’umuhanuzi ko ari “igihe cy’umubabaro wa Yakobo.” U<strong>ku</strong> niko Uwiteka avuga<br />

ati:“Twumvise ijwi rizanywe n’umushyitsi n’ubwoba, si iry’amahoro. Amaso yose<br />

arasuherewe. Ayii, uwo munsi urakomeye nta wundi umeze nka wo ! Ni igihe cy’umubabaro<br />

wa Yakobo ariko azakirokoka. “ 4<br />

446

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!