07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 39 – Igihe cy’Ama<strong>ku</strong>ba<br />

” Icyo gihe kizaba ari igihe cy’ama<strong>ku</strong>ba kitigeze <strong>ku</strong>baho mu bwoko bwawe. Ariko<br />

Mikayeli umutware w’abamarayika, akaba n’umurinzi w’ubwoko bwawe azahagoboka. Nuko<br />

buri wese wo mu bwoko bwawe wanditswe mu gitabo cy’Ima<strong>na</strong> azarokoka.” 1<br />

Igihe ubutumwa bwa Marayika wa gatatu buzaba burangije umurimo wabwo, imbabazi<br />

zizaba zi<strong>ku</strong>we <strong>ku</strong> banyabyaha bo mu isi bacumuye. Ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> buzaba bushohoje<br />

umurimo wabwo. Buzaba bwarakiriye ‘’imvura y’itumba,’‘ ari byo “guhemburwa guturutse<br />

<strong>ku</strong> Mwami Ima<strong>na</strong>”, kandi bwiteguye rwose guhanga<strong>na</strong> n’ibigeragezo bibutegereje.<br />

Abamarayika bazaba banyura<strong>na</strong>mo bava mu ijuru abandi basubirayo. Marayika wari<br />

waratumwe mu isi azagaruka atangaza ko umurimo yari yarahawe awurangije; ko ishungura<br />

riheruka ryamaze <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> isi, maze abagaragaje ko ari indahemuka <strong>ku</strong> mabwiriza y’ijuru<br />

bose bashyizweho “ikimenyetso cy’Ima<strong>na</strong> nzima.” “Nuko Yesu arangize umurimo we wo<br />

gusabira abanyabyaha imbabazi mu buturo bwo mu Ijuru. Azamure ibiganza, avuge n’ijwi<br />

rirenga ati: “Birarangiye;” maze abamarayika baziranenge bose barambike amakamba yabo<br />

hasi ubwo Yesu azatangaza <strong>ku</strong> mugaragaro ati: “Inkozi y’ibibi yose nigumye ikore ibibi,<br />

n’uwanduye umutima agumye yandure, <strong>na</strong>ho intungane igumye ikore ibitunganye,<br />

n’umuziranenge agumye abe umuziranenge.” 2 Buri wese azaba yamaze guhitamo ubugingo<br />

cyangwa urupfu. Kristo yarangije guhongerera ubwoko bwe, maze akabezaho ibyaha byabo.<br />

Umubare w’abantu be wamaze <strong>ku</strong>zura; “ubwami, ubutware no gukomera k’ubwami byose<br />

biri munsi y’ijuru, biri hafi kwegurirwa abazaragwa agakiza, kandi Yesu akaba Umwami<br />

w’abami n’Umutware w’abatware.<br />

Yesu agisohoka mu buturo bwera, abatuye <strong>ku</strong> isi bose batwikirwa n’umwijima. Muri icyo<br />

gihe giteye ubwoba, intungane zigomba <strong>ku</strong>ba imbere y’Ima<strong>na</strong> ikiranuka hatakiriho umuhuza.<br />

Ibyaberaga abanyabyaha inzitizi bizaba bya<strong>ku</strong>weho, kandi Satani wenyine ariwe usigaye<br />

agenga imibereho y’abanze kwiha<strong>na</strong> bose. Kwihanga<strong>na</strong> guhoraho kw’Ima<strong>na</strong> noneho <strong>ku</strong>zaba<br />

kwarangiye. Abo mu isi bazaba baranze imbabazi z’Ima<strong>na</strong>, bahinyura uru<strong>ku</strong>ndo rwayo, kandi<br />

basiribanga amategeko yayo. Abagome bazaba barenze urubibi rwo kwihanganirwa;<br />

Umwuka w’Ima<strong>na</strong> banze <strong>ku</strong>mvira, <strong>ku</strong> iherezo aba<strong>ku</strong>rwemo. Ubwo bazaba batamuruweho<br />

ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>, ntacyo bazaba bafite kibakingira umugome. Satani azaroha abatuye isi mu<br />

ma<strong>ku</strong>ba aheruka akomeye cyane. Ubwo abamarayika b’Ima<strong>na</strong> bazare<strong>ku</strong>ra imiyaga iteye<br />

ubwoba y’ibyo abantu bararikiye, ibibi byose bizasandara <strong>ku</strong> isi yose. Isi yose izajya mu<br />

irimbukiro riteye ubwoba <strong>ku</strong>ruta iryabaye <strong>ku</strong>ri Yerusalemu ya kera.<br />

Umumarayika umwe gusa yatsembye aba<strong>na</strong> b’imfura bose b’Abanyayegiputa maze<br />

igihugu cyose gicura umuburogo. Igihe Dawidi yacumuraga <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, abarura ubwoko<br />

bwayo, Umumarayika umwe gusa yaje gutanga igihano cy’icyo cyaha habaho <strong>ku</strong>rimbura<br />

guteye ubwoba. Imbaraga nk’iyo irimbura yakoreshejwe n’ Abamarayika bera igihe Ima<strong>na</strong><br />

yabaga ibategetse, ni <strong>na</strong>yo izakoreshwa n’Abamarayika babi, igihe Ima<strong>na</strong> izaba ibyemeye.<br />

445

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!