07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bazunga ubumwe n’ingabo za Satani, bamusukeho ibigeragezo <strong>ku</strong>gira ngo bamutandukanye<br />

n’Ima<strong>na</strong>. Ibyo nibitabahira, bazakoresha imbaraga zo <strong>ku</strong>mutinyisha ngo anyuranye<br />

n’umutima<strong>na</strong>ma we.<br />

Ariko igihe cyose Yesu akiri mu buturo bwo mu ijuru asabira umuntu, ijwi ry’Umwuka<br />

Muziranenge riracyumvika<strong>na</strong> mu mitima y’abayobozi <strong>na</strong> rubanda. Riracya<strong>na</strong>korera no mu<br />

mategeko ya <strong>Leta</strong>. Iyo bitaza guterwa n’ayo mategeko, isi yacu yajyaga guhinduka amacuho<br />

<strong>ku</strong>ruta uko imeze ubu. N’ubwo benshi mu bategetsi bacu muri iki gihe ari abakozi batiganda<br />

ba Satani, Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong>yo ifite abakozi bayo mu bayobozi b’ibihugu. Umwanzi ashishikariza<br />

abakozi be ngo bashake uburyo bwose bwagwabiza umurimo w’Ima<strong>na</strong>; ariko abayobozi<br />

b’ibihugu bubaha Ima<strong>na</strong>, bakoreshejwe n’abamarayika baziranenge bazaburizamo imigambi<br />

y’abo bantu babi, batarinze <strong>ku</strong>jya impaka. Nuko rero, abantu bake gusa bazifatanya<br />

n’imbaraga z’umwanzi. Intambara y’abanzi b’iby’u<strong>ku</strong>ri izahosha <strong>ku</strong>gira ngo ubutumwa bwa<br />

Marayika wa gatatu bukore umurimo wabwo. Ubwo umuburo uheruka uzatangwa, ijwi ryawo<br />

rizagera mu matwi y’abategetsi b’isi bazaba bakorera Ima<strong>na</strong> batabizi, maze bamwe bo muri<br />

bo bakire uwo muburo bahereko bifatanye n’abantu b’Ima<strong>na</strong> muri icyo gihe cy’akaga.<br />

Umumarayika uzafasha mu kwamamaza ubutumwa bwa Marayika wa gatatu,<br />

azamurikishiriza isi yose ubwiza bwe. Uwo niwo murimo udasanzwe wavuzwe ko uzakwira<br />

isi yose. Itsinda ry’abadiventisiti ryo mu myaka ya 1840 — 1844 ryabaye ukwigaragaza<br />

gukomeye kw’imbaraga z’Ima<strong>na</strong>; ubutumwa bwa Marayika wa mbere bwabwirijwe mu isi<br />

n’abakorerabushake, kandi mu bihugu bimwe <strong>na</strong> bimwe habaye gu<strong>ku</strong>ra mu by’idini, aribyo<br />

byagaragajwe n’ivugurura rikomeye ahantu hose uhereye mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong><br />

gatandatu, ariko umusozo wabyo ugomba <strong>ku</strong>ba itsinda rikomeye rifite umuburo w’ubutumwa<br />

bwa Marayika wa gatatu.<br />

Uwo murimo uzaba umeze nk’uwo <strong>ku</strong> munsi wa Pentekote. Nk’uko ‘’imvura<br />

y’umuhindo’‘ yatanzwe, igihe Mwuka Muziranenge yasukwaga mu itangira ry’ubutumwa<br />

bwiza, <strong>ku</strong>gira ngo imbuto z’igiciro zabibwe zi<strong>ku</strong>re, ni <strong>na</strong>ko no <strong>ku</strong> iherezo, imvura y’umuhindo<br />

izatangwa <strong>ku</strong>gira ngo yeze imbuto zigiye gusarurwa. “Dushishikarire <strong>ku</strong>menya, tugire<br />

umwete wo <strong>ku</strong>menya Uwiteka: azatunguka nk’umuseke utambika nta kabuza, azatuzaho<br />

ameze nk’imvura, nk’imvura y’itumba isomya ubutaka. ” “Noneho munezerwe bantu b’i<br />

Siyoni mwe, mwishimire Uwiteka Ima<strong>na</strong> yanyu, <strong>ku</strong>ko ibahaye imvura y’umuhindo <strong>ku</strong> rugero<br />

rukwiriye, kandi ibavubiye imvura y’umuhindo n’iy’itumba nk’ubwa mbere. ” ” Ima<strong>na</strong><br />

iravuga iti: Mu minsi y’imperuka, nzasuka Mwuka wanjye <strong>ku</strong> bantu bose. ” “Icyo gihe<br />

umuntu wese uzatakambira Uwiteka azakizwa. “ 5<br />

Umurimo ukomeye wo kwamamaza ubutumwa bwiza uzarangizanywa imbaraga<br />

zikomeye nk’izawutangije. Ubuhanuzi bwasohojwe mu isukwa ry’imvura y’umuhindo mu<br />

itangira ry’umurimo w’ubutumwa bwiza, buzongera gusohora <strong>ku</strong> iherezo ryabwo mu gihe<br />

cyo gusukwa kw’imvura y’itumba. Ibi nibyo bihe byo guhemburwa, Intumwa Petero<br />

yayerekezagaho ubwo yavugaga ati: ” Nuko mwihane muhindukire, ibyaha byanyu<br />

443

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!