07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

zabyo. Ntabwo bazatekereza <strong>ku</strong> nyungu zabo zishira cyangwa ngo bite <strong>ku</strong> cyubahiro,<br />

cyangwa <strong>ku</strong> magara yabo. Nanone ubwo ishuheri yo <strong>ku</strong>barwanya n’agasuzuguro<br />

bizabageraho, bamwe <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>zurwa n’agahinda, bihebe, bitegure <strong>ku</strong>vuga cyane bati: “Iyo<br />

tuba twaramenye ingaruka z’amagambo yacu, tuba twaricecekeye.” Bazaba bagoswe<br />

n’ama<strong>ku</strong>ba impande zose. Satani azabateza ibigeragezo bikaze cyane. Umurimo bazaba<br />

barakoze uzagaragara ko wari urenze ubushobozi bwabo. Bazakangishwa gutsembwaho<br />

burundu. Ishyaka ryabateraga gukora rizayoyoka; nyamara kandi, ntibazasubira inyuma <strong>na</strong><br />

hato. Nuko nibumva nta handi bategereje ubufasha, bazahungira k’Ushobora byose ngo<br />

abongerere imbaraga. Bazibuka ko amagambo bavuze atari ayabo, ahubwo ko yari<br />

ay’Uwabasabye gutanga umuburo. Ima<strong>na</strong> yabashyize u<strong>ku</strong>ri mu mitima yabo kandi<br />

ntibashobora guhangara <strong>ku</strong>tabutangaza.<br />

Ibigeragezo nk’ibyo byageze <strong>ku</strong> bantu b’Ima<strong>na</strong> no mu myaka yashize. Wycliffe, Huss,<br />

Luther, Tyndale, Baxter, Wesley, basabye ko inyigisho zose zigenzurishwa Bibiliya kandi<br />

bahamya ko biteguye <strong>ku</strong>reka ikintu cyose Bibiliya iciraho iteka. Abarwanyaga abo bagabo<br />

babyumvise bazabiranywa n’uburakari bwaka nk’umuriro; ariko abandi ntibigeze batinya<br />

kwatura u<strong>ku</strong>ri kw’ibyo bizera. Mu bihe binyuranye byaranze amateka y’itorero, igihe cyose<br />

cyagiye kirangwa n’u<strong>ku</strong>ri kwacyo kwihariye, gukwiranye n’abantu b’Ima<strong>na</strong> babaga bariho<br />

muri icyo gihe. Buri <strong>ku</strong>ri gushya kwagiye <strong>ku</strong>gira abakwanga n’aba<strong>ku</strong>rwanya; ababaga bagize<br />

umugisha wo <strong>ku</strong>rasirwa n’umucyo w’u<strong>ku</strong>ri bagezemo, barageragezwa kandi bagategwa<br />

imitego. Ima<strong>na</strong> itanga u<strong>ku</strong>ri kwihariye ko gutabara ubwoko bwayo. Ninde wahangara kwanga<br />

<strong>ku</strong>butangaza? Ima<strong>na</strong> itegeka abagaragu bayo gutanga irarika riheruka ry’imbabazi zayo ifitiye<br />

abari <strong>ku</strong> isi. Ntibashobora gukomeza guceceka mu gihe imitima irimbukira mu byaha.<br />

Intumwa za Kristo ntizizita <strong>ku</strong> ngaruka zizabageraho. Bagomba gusohoza inshingano yabo,<br />

ibisigaye bakabiharira Ima<strong>na</strong>.<br />

Ubwo abanzi b’iby’u<strong>ku</strong>ri bazaba bakomeje gukaza umurego, abagaragu b’Ima<strong>na</strong><br />

bazahagarika umutima; <strong>ku</strong>ko bizaba bimeze nk’aho aribo bateje ako kaga. Ariko<br />

umutima<strong>na</strong>ma wabo n’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bizabahamiriza ko mu byo bakora nta kosa ririmo;<br />

kandi n’ubwo ibigeragezo bizaba bigikomeje,bazahabwa imbaraga yo <strong>ku</strong>byihanganira.<br />

Imvururu zizakomeza kwiyongera no gukara cyane, ariko kwizera n’ubutwari by’abubaha<br />

Ima<strong>na</strong> bizarushaho gu<strong>ku</strong>ra. Ubuhamya bwabo buzaba ari ubu ngo: ” Ntitwahangara <strong>ku</strong>goreka<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, ntitwabasha <strong>ku</strong>gabanya <strong>ku</strong> mategeko yayo yera; ngo twigishe ko hari<br />

umugabane umwe w’ingenzi, hakaba n’uwundi udafite agaciro <strong>ku</strong>gira ngo du<strong>ku</strong>nde<br />

twemerwe n’ab’isi”. Ima<strong>na</strong> yacu dukorera, ibasha <strong>ku</strong>dukiza. Yesu yatsinze abatware bo mu<br />

isi; none ni <strong>ku</strong>ki twatinya iyi si, kandi yaramaze gutsindwa?<br />

Uko akarengane kaba kameze kose, ni ingaruka z’ihame rizakomeza <strong>ku</strong>baho mu gihe<br />

cyose Satani azaba akiriho n’igihe cyose ubukristo buzaba bugifite imbaraga ikomeye. Nta<br />

muntu ushobora gukorera Ima<strong>na</strong> atabanje ubwe kwishyirisha <strong>ku</strong> rutonde rw’ingabo<br />

zihanganye n’ubutware bw’umwijima. Abamarayika babi bazamugabaho igitero, bahurujwe<br />

n’uko avuvunuye umunyago mu biganza byabo. Abantu babi bashinjwa n’icyitegererezo cye,<br />

442

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!