07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nguko uko amakosa akomeye yivanze mu myizerere ya gikristo. Rimwe muri ayo makosa<br />

ni ukwemera ko ubugingo bw’umuntu budapfa kandi ko umuntu wapfuye akomeza <strong>ku</strong>gira<br />

ibyo amenya. Iyo nyigisho ni yo ubutegetsi bw’i Roma bwafatiyeho bushyiraho gusenga<br />

abatagatifu no kwambaza Mariya. Aho kandi ni ho haturutse ubuyobe buvuga ko <strong>ku</strong> iherezo<br />

abatarihannye bazahora bababazwa, ubwo buyobe bukaba bwarahise bwinjizwa mu<br />

myizerere y’ubupapa.<br />

Ubwo ni bwo inzira yaharuriwe kwinjiza mu itorero ikindi gihimbano cya gipagani, ari<br />

cyo itorero ry’i Roma ryise purigatori, kandi rigikoresha ritera ubwoba imbaga y’abantu<br />

bizeraga Ima<strong>na</strong> batayisobanukiwe neza ndetse n’abari mu mihango ya gipagani. Iyo nyigisho<br />

y’ubuyobe yashimangiraga ko hariho ahantu ho <strong>ku</strong>babarizwa, akaba ari ho abantu bigaragara<br />

ko badakwiye <strong>ku</strong>rimburwa by’iteka ryose baherwa igihano cy’ibyaha byabo, maze bamara<br />

<strong>ku</strong>bihumanurwaho bakabo<strong>na</strong> kwemererwa <strong>ku</strong>jya mu ijuru. 20<br />

<strong>Itorero</strong> ry’i Roma ryari rikeneye guhimba ikindi kinyoma ryakwifashisha <strong>ku</strong>gira ngo rigire<br />

inyungu ri<strong>ku</strong>ra mu bwoba n’ingeso mbi by’abayoboke baryo. Icyo ryakigezeho rigishobojwe<br />

n’inyigisho yo <strong>ku</strong>gura imbabazi z’ibyaha. Abantu bose biyemezaga <strong>ku</strong>rwanira papa mu<br />

ntambara yarwa<strong>na</strong>ga ashaka kwagura ubutware bwe, ashaka guha<strong>na</strong> abanzi be cyangwa<br />

ashaka gutsembatsemba abatinyukaga guhaka<strong>na</strong> ko ari umuyobozi w’itorero w’ikirenga. Abo<br />

bantu basezeranirwaga <strong>ku</strong>babarirwa ibyaha bakoze kera, ibyo bakoraga mu gihe barimo<br />

n’ibyo bari <strong>ku</strong>zakora mu bihe bizaza, ndetse no gu<strong>ku</strong>rirwaho imibabaro n’ibihano byari<br />

<strong>ku</strong>bageraho <strong>ku</strong>bera ibyo byaha. Abantu kandi bigishijwe ko guha itorero amafaranga byatuma<br />

bashobora gukizwa ibyaha ndetse bagashobora no gukiza ababo bapfuye babaga bababarizwa<br />

mu muriro. Nguko uko abategetsi b’i Roma bigwijeho ubutunzi, kandi bashimangira<br />

kwishyira hejuru, kwirimbisha ndetse n’ubukozi bw’ibibi byakorwaga n’abiyitaga<br />

abahagarariye Umukiza utarigeze agira aho <strong>ku</strong>rambika umusaya.<br />

Itegeko ryo muri Byanditswe ryerekeye umuhango w’ifunguro ryera bari bararisimbuje<br />

umuhango ujyanye no gutamba igitambo cya misa mu buryo bwo <strong>ku</strong>ramya ibigirwama<strong>na</strong>.<br />

Abapadiri bakoreraga ubupapa bihamyaga ko bakoresheje imihango yabo idafite icyo ivuze<br />

bahindura umugati <strong>na</strong> divayi bisanzwe bikaba “umubiri n’amaraso nya<strong>ku</strong>ri bya Kristo.” 21<br />

Mu kwigerezaho <strong>ku</strong>zuyemo gusuzugura Ima<strong>na</strong>, bavugiraga mu ruhame ko bafite<br />

ubushobozi bwo <strong>ku</strong>rema Ima<strong>na</strong>, ari yo Muremyi wa byose. Abakristo bategetswe guhamya<br />

ko bizeye ubwo buyobe buteye ubwoba kandi butuka Ima<strong>na</strong>, bitaba ibyo bakicwa. Abantu<br />

benshi cyane banze <strong>ku</strong>byemera baratwitswe.<br />

Mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> gatatu hashyizweho ikintu giteye ubwoba <strong>ku</strong>rusha ibindi bibi<br />

byose byashyizweho n’ubupapa. Icyo kintu cyabaye urukiko rwo gucu<strong>ku</strong>mbura no guha<strong>na</strong><br />

bafataga ko bari mu buyobe. Umutware w’umwijima yakora<strong>na</strong>ga n’abayobozi b’inzego zose<br />

z’abapapa. Mu <strong>na</strong>ma bajyaga bihishe, Satani n’abamarayika be ni bo babaga bayoboye<br />

intekerezo z’abo banyabibi, mu gihe hagati yabo habaga hahagaze umumarayika w’Ima<strong>na</strong><br />

utaragaragariraga amaso wabaga akora raporo iteye ubwoba y’amategeko y’ubukozi bw’ibibi<br />

37

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!