07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

murimo, ubupapa n’ubuporotesitanti buzifatanya. Ubwo itegeko ryo guhatira abantu<br />

<strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi w’Icyumweru rizakaza umurego kandi rigafatirwa umwanzuro, iryo<br />

tegeko rizifashishwa mu <strong>ku</strong>rwanya abakomeza amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Bazacibwa ibihano<br />

ba<strong>na</strong>shyirwe mu nzu y’imbohe, ndetse bamwe bazagaruzwa guhabwa imirimo y’icyubahiro,<br />

abandi bahabwe ingororano n’andi mashimwe <strong>ku</strong>gira ngo baba<strong>ku</strong>re <strong>ku</strong> kwizera kwabo. Ariko<br />

igisubizo cyabo cya mbere kizaba kikiri iki ngo: “Nimutwereke mu ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ikosa<br />

turegwa nk’uko Luther yashubije ubwo yasabwaga kwiregura. Abajyanywe mu nkiko<br />

bahagarariye u<strong>ku</strong>ri, kandi bamwe mu babumvise byabateye gufata icyemezo cyo gukomeza<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Nguko uko umucyo uzarasira ibihumbi byinshi by’abantu batari<br />

<strong>ku</strong>zigera bamenya u<strong>ku</strong>ri.<br />

Kwizera Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ukiranuka bizafatwa nko kwigomeka. Kubwo guhumishwa <strong>na</strong><br />

Satani, ababyeyi bazafata <strong>na</strong>bi aba<strong>na</strong> babo kandi babagirire <strong>na</strong>bi <strong>ku</strong>ko bizera Ima<strong>na</strong>; ba<br />

shebuja cyangwa ba nyirabuja bazatwaza igitugu abagaragu babo bakomeza amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong>. Uru<strong>ku</strong>ndo ruzahenebera; aba<strong>na</strong> bazimwa umu<strong>na</strong>ni wabo, kandi bacibwe mu ngo<br />

z’ababyeyi babo. Amagambo y’intumwa Pawulo azasohora uko yakabaye: ” Icyakora<br />

n’ubundi, abashaka <strong>ku</strong>jya bubaha Ima<strong>na</strong> bose bari muri Kristo Yesu, bazarenganywa.” 4<br />

Ubwo abizera u<strong>ku</strong>ri ko mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bazaba bahakanye <strong>ku</strong>bahiriza itegeko<br />

ry’Icyumweru cyahimbwe Isabato, bamwe muri bo bazarohwa muri gereza, abandi<br />

bazoherwa <strong>ku</strong>re y’iwabo, abandi bazagirwa inkoreragahato. U<strong>ku</strong>rikije ubwenge bwa muntu,<br />

ibyo bisa nk’ibitashoboka ubu; ariko uko Umwuka w’Ima<strong>na</strong> azagenda a<strong>ku</strong>rwa mu bantu,<br />

bagasigara bayoborwa <strong>na</strong> Satani wanga amategeko y’Ima<strong>na</strong>, hazabaho guhinduka gutangaje.<br />

Umutima ushobora <strong>ku</strong>zura ubugome bw’indengakamere igihe <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> n’uru<strong>ku</strong>ndo<br />

bitakiwurangwamo.<br />

Ubwo umugaru uteye ubwoba uzaba wegereje, inteko nini y’abantu bavugaga ubwabo ko<br />

bizera ubutumwa bwa Marayika wa gatatu, ariko bakaba batarejejwe binyuze mu <strong>ku</strong>mvira<br />

u<strong>ku</strong>ri, bazava <strong>ku</strong> kejo maze bifatanye n’abarwanya ubwo butumwa. Ubwo bazifatanya<br />

n’ab’isi kandi bagahuza <strong>na</strong> bo imigambi, bazaba babo<strong>na</strong> ibintu kimwe; maze ubwo<br />

ikigeragezo kizabageraho, bazaba biteguye guhitamo ikiboroheye, aricyo ruhande rurimo<br />

benshi. Abantu bafite impano ndetse bazi <strong>ku</strong>vuga neza, bahoze bishimira u<strong>ku</strong>ri, bazakoresha<br />

izo mpano zabo mu gushuka no <strong>ku</strong>yobya abantu benshi. Bazahinduka abanzi bakomeye b’abo<br />

bizeraga kimwe, Ubwo abakomeza Isabato bazajyanwa mu nkiko gusobanura kwizera kwabo,<br />

abo bahakanyi bavuye mu itorero nibo bazaba ari inkoramutima za Satani zizabarega kandi<br />

zikabashinja, zikoresheje amagambo y’ibinyoma no <strong>ku</strong>bashyashyariza <strong>ku</strong>gira ngo babateze<br />

abayobozi.<br />

Muri icyo gihe cy’akarengane, kwizera kw’abagaragu b’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>zageragezwa bikomeye.<br />

Bazaba baratanze umuburo bakiranutse, biringiye Ima<strong>na</strong> n’Ijambo ryayo gusa. Umwuka<br />

w’Ima<strong>na</strong> wayoboraga imitima yabo niwe uzabahatira gutanga ubwo buhamya.<br />

Babibashishijwe n’umwete n’imbaraga mvajuru bizaba bibakoresha, bazasohoza inshingano<br />

yo <strong>ku</strong>vuga ubutumwa Ima<strong>na</strong> yabahereye gutangariza abantu, batiriwe batekereza <strong>ku</strong> ngaruka<br />

441

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!