07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>tabashyeshyenga. Abagorozi benshi mu itangira ry’umurimo wabo, bafashe icyemezo cyo<br />

<strong>ku</strong>jya bitonda mu gihe bamaga<strong>na</strong> icyaha mu itorero no mu gihugu. Bizeraga ko baramutse<br />

bagendeye <strong>ku</strong> cyitegererezo cy’imibereho nya<strong>ku</strong>ri ya Gikristo, babasha <strong>ku</strong>garura abantu <strong>ku</strong><br />

mahame ya Bibiliya. Ariko Mwuka w’Ima<strong>na</strong> yabazagaho nk’uko yazaga <strong>ku</strong>ri Eliya akamuha<br />

imbaraga zo gucyaha ibyaha by’Umwami w’umugome n’iby’ubwoko bwari bwaragiye mu<br />

buhakanyi; ntibashobora kwibuza <strong>ku</strong>bwiriza ibyo Bibiliya ivuga <strong>ku</strong> mugaragaro, aribyo<br />

mahame bari baratinye <strong>ku</strong>garagaza. Bumvaga bahatirwa <strong>ku</strong>bwiriza u<strong>ku</strong>ri bafite umwete<br />

mwinshi no kwerurira abanyabyaha ko hari akaga kabategereje. Ubutumwa bahabwaga<br />

n’Uwiteka babuvuga<strong>na</strong>ga ubutwari badatinya ingaruka zizabageraho, maze abantu benshi<br />

bagakoranyirizwa <strong>ku</strong>mva uwo muburo.<br />

Uko niko Ubutumwa bwa Marayika wa gatatu buzamamazwa. Ubwo igihe kizagera ubwo<br />

butumwa bubwirizwa mu mbaraga ikomeye, Uwiteka azakorera mu bikoresho byiyoroheje,<br />

<strong>ku</strong>gira ngo bifashe imitima y’aberejwe gukora umurimo we. Abakozi bakwiriye uwo murimo<br />

ni abazarobanurwa binyuze mu gucuncumurirwaho Mwuka Muziranenge aho <strong>ku</strong>ba<br />

ababitorejwe mu mashuri. Abantu bafite kwizera kandi bahora basenga, bazumva bahatirwa<br />

n’umwete mwishi <strong>ku</strong>jya kwamamaza ayo magambo bahawe n’Ima<strong>na</strong>. Ibyaha bya Babuloni<br />

bizashyirwa ahagaragara. Ingaruka ziteye ubwoba z’amategeko ya leta ahatira itorero<br />

<strong>ku</strong>nyuranya n’ubushake bw’Ima<strong>na</strong>, ikwirakwizwa rwihishwa ry’inyigisho z’imyuka iyobya,<br />

imbaraga z’ubupapa zikomeza gukora bucece - byose bizatwi<strong>ku</strong>rurwa bishyirwe <strong>ku</strong><br />

mugaragaro. Kubera iyi miburo ikomeye, abantu bose bazakangara<strong>na</strong>. Abantu ibihumbi<br />

n’ibihumbi batigeze bumva ubutumwa nk’ubu bazabutegera amatwi. Bazumirwa bumvise<br />

ubuhamya buvuga ko Babuloni ari itorero ryaguye, <strong>ku</strong>bera ibicumuro n’ibyaha byayo no<br />

<strong>ku</strong>bwo kwanga u<strong>ku</strong>ri yahawe gukomotse mu ijuru. Ubwo nibwo abantu bazasanga abayobozi<br />

babo bafite ishyushyu ryo <strong>ku</strong>basobanuza bati: Ese ibi bintu ni u<strong>ku</strong>ri ? Ababwiriza babo<br />

bazabasubirisha amagambo y’amahimbano nk’uko babamenyereje, babashukashukishe<br />

ibibanezeza <strong>ku</strong>gira ngo baturishe imitima yabo izaba ifite ubwoba kandi bagushe neza<br />

intekerezo zabo zibahagurukiye. Nyamara guhera ubwo benshi bazanga <strong>ku</strong>nyurwa n’ayo<br />

mabwiriza yashyizweho n’umuntu , ba babasabe ubusobanuro <strong>ku</strong> mugaragaro niba ibyo<br />

bababwira bihwanye n’iri jambo ngo “Niko Uwiteka avuga”? Abo bayobozi b’idini bameze<br />

nk’Abafarisayo ba kera, bazafatwa n’uburakari bwinshi, <strong>ku</strong>ko ubuyobozi bwabo buzaba<br />

bumaze gukemangwa, bavuge ko ubwo butumwa bukomotse <strong>ku</strong>ri Satani, maze<br />

bahagurukirize imbaga y’abantu bahindutse isenga y’ibyaha gutoteza no <strong>ku</strong>renganya<br />

abamamaza ubwo butumwa<br />

Ubwo intambara hagati y’icyiza n’ikibi izajya irushaho gufata indi ntera kandi intekerezo<br />

z’abantu zikararikirwa guhugukira amategeko y’Ima<strong>na</strong> yasiribanzwe, Satani azahaguruka<br />

bwangu. Imbaraga izaba iri muri ubwo butumwa izasaza ababurwanya cyane. Abayobozi<br />

b’amadini bazakoresha imbaraga zidasanzwe ngo bazimye umucyo w’ubutumwa utarasira <strong>ku</strong><br />

bayoboke babo. Bazakoresha uburyo bwose <strong>ku</strong>gira ngo baburizemo impaka z’ibyo bibazo<br />

by’ingenzi. <strong>Itorero</strong> rizitabaza u<strong>ku</strong>boko gukomeye k’ubuyobozi bwa leta, kandi muri uwo<br />

440

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!