07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

rwo gupfa. Ku rundi ruhande, itegeko ry’Ima<strong>na</strong> ryerekeye umunsi w’ikiruhuko Umuremyi<br />

yashyizeho, ugomba gu<strong>ku</strong>rikizwa kandi ukereka<strong>na</strong> umujinya w’Ima<strong>na</strong> uri <strong>ku</strong>bagomera<br />

amategeko yayo.<br />

Ikibazo gishingiye aha, umuntu wese ukandagira itegeko ry’Ima<strong>na</strong> abikoreye <strong>ku</strong>gira ngo<br />

yumvire amategeko y’abantu, bizaba bihwanye no kwakira ikimenyetso cy’inyamaswa; azaba<br />

yemeye kwifatanya n’ubundi bubasha yihitiyemo aho <strong>ku</strong>mvira Ima<strong>na</strong>. Umuburo uturutse mu<br />

ijuru ni uyu ngo: “Umuntu wese uramya cya gikoko n’ishusho yacyo, agashyirwa ikimenyetso<br />

cyacyo mu ruhanga cyangwa mu kiganza, azanywa <strong>ku</strong> nzoga idafunguye ari yo burakari<br />

bw’Ima<strong>na</strong>, yasutse mu gikombe cy’umujinya wayo.” 3<br />

Nyamara nta n’umwe uzagerwaho n’umujinya w’Ima<strong>na</strong> keretse igihe azaba amaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong><br />

amahirwe yo <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri mu ntekerezo no mu bwenge bwe, maze akakwanga. Hari abantu<br />

benshi batarigera babo<strong>na</strong> amahirwe yo <strong>ku</strong>mva u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>dasanzwe ko muri iki gihe. Ntibigeze<br />

bahabwa umucyo w’u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong> ihame ryo gukomeza itegeko rya kane. Usoma imitima kandi<br />

akarondora intekerezo zose ntazarekera mu buyobe umuntu wese wifuza <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong><br />

byerekeye intambara ikomeye. Itegeko ryo <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi muhimbano ntawe<br />

rizatungura. Umuntu wese azahabwa umucyo uhagije <strong>ku</strong>gira ngo abashe kwifatira icyemezo<br />

ubwe adahubutse.<br />

Isabato izaba ikigeragezo gikomeye cyo <strong>ku</strong>mvira, <strong>ku</strong>ko ari yo shingiro nya<strong>ku</strong>ri<br />

ry’intambara ikomeye. Ubwo ikigeragezo giheruka kizagera <strong>ku</strong> bantu, nibwo hazabaho<br />

itandukaniro hagati y’abakorera Ima<strong>na</strong> n’abatayikorera. Ubwo <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> Isabato<br />

y’ikinyoma mu rwego rwo gu<strong>ku</strong>rikiza itegeko rya leta, binyuranyije n’itegeko rya kane,<br />

bikazaba ari indahiro yo <strong>ku</strong>yoboka ububasha burwanya itegeko ry’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong><br />

Isabato y’u<strong>ku</strong>ri mu rwego rwo gukomeza amatageko y’Ima<strong>na</strong>, ni igihamya cyo <strong>ku</strong>mvira<br />

Umuremyi. Igihe inteko imwe y’abantu yemeye ikimenyetso cyo <strong>ku</strong>mvira ubutegetsi bw’isi,<br />

izahabwa ikimenyetso cy’inyamaswa, indi nteko y’abantu bahisemo impano yo <strong>ku</strong>yoboka<br />

ubutegetsi bwo mu ijuru ishyirweho ikimenyetso cy’Ima<strong>na</strong>.<br />

Kugeza n’ubu, ababwiriza u<strong>ku</strong>ri k’ubutumwa bwa marayika wa gatatu bakomeje gufatwa<br />

nk’abaca ibi<strong>ku</strong>ba basanzwe. Ubuhanuzi bwabo buvuga ko hari igihe <strong>Leta</strong> Zunze Ubumwe za<br />

Amerika zizabangamira umudendezo mu by’idini, <strong>Leta</strong> n’itorero byifatanyirize hamwe<br />

<strong>ku</strong>renganya abakomeza amategeko y’Ima<strong>na</strong>, maze ubwo butumwa buhindurwa nk’ubudafite<br />

ishingiro n’ubudafite agaciro. Byakomeje <strong>ku</strong>vugwa ko nta <strong>na</strong> rimwe icyo gihugu kizigera<br />

gihaka<strong>na</strong> uko cyahoze <strong>ku</strong>va kera, ko kizakomeza <strong>ku</strong>ba <strong>ku</strong> isonga ryo guharanira umudendezo<br />

mu by’idini. Ariko igihe itegeko ryo guhatira abantu <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi wa mbere<br />

w’icyumweru (Dimanche) rizahungabanya ahantu hose, ibyo abantu benshi bashidikanyije<br />

igihe kirekire kandi bakanga <strong>ku</strong>byizera bizaba nk’ibibasatiriye, maze ubuhanuzi bwo mu<br />

butumwa bwa Marayika wa gatatu bugire ingaruka butigeze bugira mbere hose.<br />

Igihe cyose Ima<strong>na</strong> yagiye ituma abagaragu bayo kwamaga<strong>na</strong> icyaha mu batuye isi ndetse<br />

no mu itorero. Ariko abantu bifuza <strong>ku</strong>mva ibinogeye amatwi, maze ntibishimire <strong>ku</strong>mva u<strong>ku</strong>ri<br />

439

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!