07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 38 – Umburo Uheruka<br />

“Hanyuma y’ibyo mbo<strong>na</strong> Marayika wundi amanuka ava mu ijuru afite ubutware<br />

bukomeye isi imurikirwa n’ubwiza bwe. Arangurura ijwi rirenga ati; Iraguye, iraguye<br />

Babuloni ikomeye ! ihindutse icumbi ry’abadayimoni, aharindirwa imyuka mibi yose<br />

n’ibisiga byose bihumanya kandi byangwa. Numva irindi jwi rivugira mu ijuru riti: “Bwoko<br />

bwanjye, nimuwusohokemo <strong>ku</strong>gira ngo mwe gufatanya n’ibyaha byawo, mwe guhabwa no<br />

<strong>ku</strong> byago byawo. “ 1<br />

Iyi mirongo irerekeza <strong>ku</strong> gihe cyo <strong>ku</strong>gwa kwa Babuloni nk’uko kwatangajwe <strong>na</strong> Marayika<br />

wa kabiri mu Byahishuwe 14 <strong>ku</strong> murongo wa 8, uko <strong>ku</strong>gwa kwayo <strong>ku</strong>gomba kongera<br />

gutangazwa kandi hakiyongeraho urudubi rw’ibibi byose biboneka mu matinda anyuranye<br />

agize Babuloni, uhereye igihe ubwo butumwa bwatangarijwe bwa mbere mu mpeshyi<br />

y’umwaka w’1844. Aha hereka<strong>na</strong> ishusho iteye ubwoba y’idini mu isi. Uko abantu bakomeza<br />

kwanga u<strong>ku</strong>ri, niko n’ubwenge bwabo burushaho gucura umwijima, imitima yabo iki<strong>na</strong>ngira<br />

<strong>ku</strong>geza ubwo bahinduka akahebwe. Uko basuzugura amagambo y’imbuzi Ima<strong>na</strong><br />

yabatumyeho, niko bazakomeza gusiribanga rimwe mu mabwiriza yayo yerekeranye<br />

n’amategeko icumi yayo, <strong>ku</strong>geza n’igihe barenganyirije abayakomeza. Kristo yahinduwe<br />

ubusa <strong>ku</strong>bwo gusuzugura Ijambo rye n’ubwoko bwe. Kubwo kwakira inyigisho z’iby’imyuka<br />

y’abadayimoni, amatorero yiyambuye ibyabazitiraga mu by’idini, maze kwizera mu by’idini<br />

bihinduka umwitero wo gutwikiriza gukiranirwa kwabo. Kwizera ibyo imyuka mibi<br />

byakinguriye imyuka iyobya n’inyigisho z’abadayimoni, nicyo gituma abamarayika babi<br />

baziganza mu matorero.<br />

Muri icyo gihe cyo gusohozwa k’ubuhanuzi <strong>ku</strong>ri Babuloni hazavugwa aya magambo:<br />

“Kuko ibyaha byawo byarundanyijwe bikagera mu ijuru”, kandi Ima<strong>na</strong> yibutse gukiranirwa<br />

kwawo.” 2 Babuloni yageze <strong>ku</strong> rugero rwo gukiranirwa kwayo, none <strong>ku</strong>rimbuka kwayo<br />

<strong>ku</strong>regereje. Nyamara kandi, Ima<strong>na</strong> iracyafite ubwoko bwayo bukiri muri Babuloni; mbere<br />

y’uko Babuloni icirwaho iteka, indahemuka z’Ima<strong>na</strong> zikiyiri muri Babuloni zizahamagarirwa<br />

<strong>ku</strong>yisohokamo <strong>ku</strong>gira ngo zidafatanya <strong>na</strong>yo mu bibi byayo, maze bigatuma basangira no <strong>ku</strong><br />

byago byayo. Aho niho hazumvika<strong>na</strong> umuburo ushushanywa <strong>na</strong> marayika umanuka avuye<br />

mu ijuru, isi yose ikarabagiranishwa n’ubwiza bwe, maze mu ijwi rirenga kandi rikomeye<br />

agashyira <strong>ku</strong> mugaragaro ibyaha bya Babuloni. Ubwo butumwa bwumvikanye mu irarika<br />

rigira riti: “Bwoko bwanjye nimuwusohokemo”. Ayo matangazo arasongera ubutumwa bwa<br />

Marayika wa gatatu gufatanyiriza hamwe <strong>ku</strong>burira buheruka abatuye isi.<br />

Isi igiye <strong>ku</strong>zagera mu gihe cy’akaga gateye ubwoba. Amahanga yose yo <strong>ku</strong> isi yifatanyirije<br />

hamwe <strong>ku</strong>rwanya amategeko y’Ima<strong>na</strong>, azatanga itegeko ry’uko abantu bose, “abakomeye<br />

n’aboroheje, abakire n’abakene, imbata<br />

n’ab’umudendezo”, bazagendera <strong>ku</strong> migenzo y’itorero yo <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> Isabato<br />

y’ikinyoma. Abatazumvira iryo tegeko bazanwa n’ubutegetsi, hanyuma bacirwe urubanza<br />

438

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!