Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Yesu yasezeraniye abigishwa be ati, “Ariko Umufasha ari we Mwuka Muziranenge, uwo Data azatuma mu izina ryanjye ni we uzabigisha byose, abibutse ibyo nababwiye byose. “ 8 Ariko inyigisho za Yesu zikwiriye kubanza kubikwa mu ntekerezo kugira ngo Umwuka w’Imana azabashe kuzitwibutsa mu gihe cy’akaga. Dawidi yaravuze ati, “Nabikiye ijambo ryawe mu mutima wanjye, kugira ngo ntagucumuraho. “ 9 Abarangamiye ibizahoraho bakwiriye kwirinda ibibatera gushidikanya. Inkingi zishyigikiye ukuri nazo zizagotwa. Ntibyashoboka kuba aho udahura n’imvugo isesereza n’inyigisho ziyobya, zo gushidikanya n’ibyorezo byo muri iki gihe cy’ubuhemu. Satani afite ibishuko bya buri rwego rwose rw’abantu. Ategesha abatarize amashyengo cyangwa amazimwe, naho ku abize akabateza impaka mu bya siyansi n’intekerezo z’ubucurabwenge agamije gutuma Ibyanditswe Byera bitiringirwa cyangwa biteshwa agaciro. Ndetse no ku rubyiruko rudafite ubumenyi buhagije, abateramo gushidikanya ku byerekeye amahame shingiro ya Gikristo. Kandi ubwo buhemu bw’urubyiruko budafite ishingiro, bugira ingaruka. Benshi batangira kunenga kwizera kwa ba Sekuru no guheza Mwuka baherwa ubuntu. Benshi bari barasezeranye mu mibereho yabo kuzubaha Imana no kubera ab’isi imigisha, bagasigara bagengwa no gukiranirwa. Abiringira bose intekerezo zuzuyemo ubwibone bwa muntu kandi bakiyumvamo ko bashobora gusobanura ubwiru bw’Imana maze bakibwira ko bagera ku kuri batabikesha ubwenge mvajuru, bene abo bafatirwa mu mitego ya Satani. Ubu turiho mu gihe gikomeye cy’amateka y’iyi si. Iherezo rya benshi riri hafi kugera. Imibereho yacu y’ahazaza ndetse n’agakiza k’abandi bantu bishingiye ku guhitamo kwacu kwa none. Dukeneye kuyoborwa na Mwuka w’ukuri. Uwizera Kristo wese akwiriye kwibaza atya ati, “Mana yanjye urashaka ko nakora iki ?’‘ Dukeneye kwicishiriza bugufi imbere y’Uwiteka, twiyiriza ubusa kandi dusenga, kandi tukigana Ijambo ry’Imana umwete mwinshi, cyane cyane dutekereza ku bijyanye n’urubanza. Tugomba kugira umwete wo kugira ubumenyi bwimbitse mu by’Imana. Nta gihe na gito dufite cyo gupfusha ubusa. Ibyaduka bikomeye biratugose; turi mu gikingi Satani yishimira. Ntimuhunikire yemwe barinzi bashyizweho n’Imana; kuko umwanzi abasatiriye, ahora arekereje ngo igihe cyose mushobora gucika intege cyangwa muhunyiza, abagwe gitumo maze abahindure umuhigo we. Benshi bashukwa no gutekereza uko bagaragara imbere y’Imana. Barishimagiza kuko badakora ibibi, ariko bakibagirwa kureba ibikorwa by’indashyikirwa n’ibyo ubugwaneza Imana ibasaba, nyamara bakaba barabyirengagije ntibabikore. Ntibihagije kuba ibiti byo mu murima w’Imana. Bagomba gukora icyo Imana ibatezeho ari byo kwera imbuto. Imana izababaza impamvu yatumye badakora ibyiza bashoboraga gukora babishobojwe n’ubuntu bwayo. Mu bitabo byo mu ijuru handitswemo ko ari ibiti by’imburamumaro birumbaraye mu murima. Nyamara, iby’iryo tsinda ry’abameze batyo ntibiragera aho biba akahebwe. Imana y’Inyarukundo iracyararika abo bose bahinyuye imbabazi zayo kandi bakirengagiza ubuntu bwayo muri aya magambo: “Usinziriye we, kanguka, uzuke, Kristo abone uko akumurikira, mucunguze uburyo umwete kuko iminsi ari mibi”. 10 436
Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo igihe cy’ishungura kizaba kigeze, abagize Ijambo ry’Imana umuyobozi w’ubugingo bwabo bazagaragara. Mu gihe cy’impeshyi, ntushobora gutandukanya ibiti bihorana ibibabi bitoshye n’ibindi biti; ariko iyo umuyaga w’urugaryi uhindukiye, ibiti by’amababi atoshye ntibihinduka; igihe ibindi byashizeho amababi. Uko niko n’abambaye ishusho y’ubukristo ntawashobora kubatandukanya n’abakristo nyakuri muri iki gihe, ariko igihe kiri hafi, itandukaniro rikagaragara. Mureke impaka zibyuke, ubwaka no kutababarira byongere bihabwe umwanya, umuriro w’akarengane utangiye kugurumana; nibwo abafite kwizera kujegajega n’abakristo b’indyarya bazava mu byizerwa; ariko Umukristo nyakuri azahagarara ku rutare ashikamye, afite kwizera gukomeye, ibyiringiro bye bizarabagirana kurusha mu gihe cy’amahoro. Umunyazaburi yaravuze ati: “Kuko ibyo wahamije ari byo nibwira. Amategeko wigishije ampesha guhitamo, nicyo gituma nanga inzira z’ibinyoma. “ 11 “Hahirwa umuntu ubonye ubwenge n’umuntu wiyungura kujijuka”. ” Kuko azahwana n’igiti cyatewe hafi y’amazi gishorera imizi mu migezi, ntikizatinya amapfa nacana, ahubwo ikibabi cyacyo kizahorana itoto, ntikizita ku mwaka wacanyemo amapfa kandi ntikizareka kwera imbuto zacyo. “ 12 437
- Page 393 and 394: Itorero na Leta ku Rugamba n’umun
- Page 395 and 396: Itorero na Leta ku Rugamba Muri icy
- Page 397 and 398: Itorero na Leta ku Rugamba Satani n
- Page 399 and 400: Itorero na Leta ku Rugamba Abandits
- Page 401 and 402: Itorero na Leta ku Rugamba “Dukur
- Page 403 and 404: Itorero na Leta ku Rugamba gukundwa
- Page 405 and 406: Itorero na Leta ku Rugamba w’Iman
- Page 407 and 408: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko se
- Page 409 and 410: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 411 and 412: Itorero na Leta ku Rugamba insangan
- Page 413 and 414: Itorero na Leta ku Rugamba Imyuka i
- Page 415 and 416: Itorero na Leta ku Rugamba budashid
- Page 417 and 418: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 419 and 420: Itorero na Leta ku Rugamba Ubuporot
- Page 421 and 422: Itorero na Leta ku Rugamba Gusenga
- Page 423 and 424: Itorero na Leta ku Rugamba imyaka i
- Page 425 and 426: Itorero na Leta ku Rugamba igiteker
- Page 427 and 428: Itorero na Leta ku Rugamba Nyamara
- Page 429 and 430: Itorero na Leta ku Rugamba byose by
- Page 431 and 432: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 433 and 434: Itorero na Leta ku Rugamba ituma ba
- Page 435 and 436: Itorero na Leta ku Rugamba yabo bag
- Page 437 and 438: Itorero na Leta ku Rugamba Imikorer
- Page 439 and 440: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 441 and 442: Itorero na Leta ku Rugamba kumenyek
- Page 443: Itorero na Leta ku Rugamba Imvugo y
- Page 447 and 448: Itorero na Leta ku Rugamba rwo gupf
- Page 449 and 450: Itorero na Leta ku Rugamba murimo,
- Page 451 and 452: Itorero na Leta ku Rugamba bazunga
- Page 453 and 454: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 455 and 456: Itorero na Leta ku Rugamba Ijoro Ya
- Page 457 and 458: Itorero na Leta ku Rugamba umutima
- Page 459 and 460: Itorero na Leta ku Rugamba nyakujya
- Page 461 and 462: Itorero na Leta ku Rugamba kare uko
- Page 463 and 464: Itorero na Leta ku Rugamba ubutaber
- Page 465 and 466: Itorero na Leta ku Rugamba vuba.”
- Page 467 and 468: Itorero na Leta ku Rugamba cyangwa
- Page 469 and 470: Itorero na Leta ku Rugamba nyamara
- Page 471 and 472: Itorero na Leta ku Rugamba rusaku r
- Page 473 and 474: Itorero na Leta ku Rugamba ijwi rit
- Page 475 and 476: Itorero na Leta ku Rugamba kwavuzwe
- Page 477 and 478: Itorero na Leta ku Rugamba Asabwe n
- Page 479 and 480: Itorero na Leta ku Rugamba bareba n
- Page 481 and 482: Itorero na Leta ku Rugamba Abanyaby
- Page 483 and 484: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo Kri
- Page 485 and 486: Itorero na Leta ku Rugamba Ku ruhan
- Page 487 and 488: Itorero na Leta ku Rugamba wari uwe
- Page 489 and 490: Itorero na Leta ku Rugamba byabatey
- Page 491 and 492: Itorero na Leta ku Rugamba w’amah
- Page 493 and 494: Itorero na Leta ku Rugamba urugamba
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
Ubwo igihe cy’ishungura kizaba kigeze, abagize Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> umuyobozi w’ubugingo<br />
bwabo bazagaragara. Mu gihe cy’impeshyi, ntushobora gutandukanya ibiti bihora<strong>na</strong> ibibabi<br />
bitoshye n’ibindi biti; ariko iyo umuyaga w’urugaryi uhindukiye, ibiti by’amababi atoshye<br />
ntibihinduka; igihe ibindi byashizeho amababi. Uko niko n’abambaye ishusho y’ubukristo<br />
ntawashobora <strong>ku</strong>batandukanya n’abakristo nya<strong>ku</strong>ri muri iki gihe, ariko igihe kiri hafi,<br />
itandukaniro rikagaragara. Mureke impaka zibyuke, ubwaka no <strong>ku</strong>tababarira byongere<br />
bihabwe umwanya, umuriro w’akarengane utangiye <strong>ku</strong>guruma<strong>na</strong>; nibwo abafite kwizera<br />
<strong>ku</strong>jegajega n’abakristo b’indyarya bazava mu byizerwa; ariko Umukristo nya<strong>ku</strong>ri azahagarara<br />
<strong>ku</strong> rutare ashikamye, afite kwizera gukomeye, ibyiringiro bye bizarabagira<strong>na</strong> <strong>ku</strong>rusha mu gihe<br />
cy’amahoro. Umunyazaburi yaravuze ati: “Kuko ibyo wahamije ari byo nibwira. Amategeko<br />
wigishije ampesha guhitamo, nicyo gituma <strong>na</strong>nga inzira z’ibinyoma. “ 11<br />
“Hahirwa umuntu ubonye ubwenge n’umuntu wiyungura <strong>ku</strong>jijuka”. ” Kuko azahwa<strong>na</strong><br />
n’igiti cyatewe hafi y’amazi gishorera imizi mu migezi, ntikizatinya amapfa <strong>na</strong>ca<strong>na</strong>, ahubwo<br />
ikibabi cyacyo kizahora<strong>na</strong> itoto, ntikizita <strong>ku</strong> mwaka wacanyemo amapfa kandi ntikizareka<br />
kwera imbuto zacyo. “ 12<br />
437