Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Yesu yasezeraniye abigishwa be ati, “Ariko Umufasha ari we Mwuka Muziranenge, uwo Data azatuma mu izina ryanjye ni we uzabigisha byose, abibutse ibyo nababwiye byose. “ 8 Ariko inyigisho za Yesu zikwiriye kubanza kubikwa mu ntekerezo kugira ngo Umwuka w’Imana azabashe kuzitwibutsa mu gihe cy’akaga. Dawidi yaravuze ati, “Nabikiye ijambo ryawe mu mutima wanjye, kugira ngo ntagucumuraho. “ 9 Abarangamiye ibizahoraho bakwiriye kwirinda ibibatera gushidikanya. Inkingi zishyigikiye ukuri nazo zizagotwa. Ntibyashoboka kuba aho udahura n’imvugo isesereza n’inyigisho ziyobya, zo gushidikanya n’ibyorezo byo muri iki gihe cy’ubuhemu. Satani afite ibishuko bya buri rwego rwose rw’abantu. Ategesha abatarize amashyengo cyangwa amazimwe, naho ku abize akabateza impaka mu bya siyansi n’intekerezo z’ubucurabwenge agamije gutuma Ibyanditswe Byera bitiringirwa cyangwa biteshwa agaciro. Ndetse no ku rubyiruko rudafite ubumenyi buhagije, abateramo gushidikanya ku byerekeye amahame shingiro ya Gikristo. Kandi ubwo buhemu bw’urubyiruko budafite ishingiro, bugira ingaruka. Benshi batangira kunenga kwizera kwa ba Sekuru no guheza Mwuka baherwa ubuntu. Benshi bari barasezeranye mu mibereho yabo kuzubaha Imana no kubera ab’isi imigisha, bagasigara bagengwa no gukiranirwa. Abiringira bose intekerezo zuzuyemo ubwibone bwa muntu kandi bakiyumvamo ko bashobora gusobanura ubwiru bw’Imana maze bakibwira ko bagera ku kuri batabikesha ubwenge mvajuru, bene abo bafatirwa mu mitego ya Satani. Ubu turiho mu gihe gikomeye cy’amateka y’iyi si. Iherezo rya benshi riri hafi kugera. Imibereho yacu y’ahazaza ndetse n’agakiza k’abandi bantu bishingiye ku guhitamo kwacu kwa none. Dukeneye kuyoborwa na Mwuka w’ukuri. Uwizera Kristo wese akwiriye kwibaza atya ati, “Mana yanjye urashaka ko nakora iki ?’‘ Dukeneye kwicishiriza bugufi imbere y’Uwiteka, twiyiriza ubusa kandi dusenga, kandi tukigana Ijambo ry’Imana umwete mwinshi, cyane cyane dutekereza ku bijyanye n’urubanza. Tugomba kugira umwete wo kugira ubumenyi bwimbitse mu by’Imana. Nta gihe na gito dufite cyo gupfusha ubusa. Ibyaduka bikomeye biratugose; turi mu gikingi Satani yishimira. Ntimuhunikire yemwe barinzi bashyizweho n’Imana; kuko umwanzi abasatiriye, ahora arekereje ngo igihe cyose mushobora gucika intege cyangwa muhunyiza, abagwe gitumo maze abahindure umuhigo we. Benshi bashukwa no gutekereza uko bagaragara imbere y’Imana. Barishimagiza kuko badakora ibibi, ariko bakibagirwa kureba ibikorwa by’indashyikirwa n’ibyo ubugwaneza Imana ibasaba, nyamara bakaba barabyirengagije ntibabikore. Ntibihagije kuba ibiti byo mu murima w’Imana. Bagomba gukora icyo Imana ibatezeho ari byo kwera imbuto. Imana izababaza impamvu yatumye badakora ibyiza bashoboraga gukora babishobojwe n’ubuntu bwayo. Mu bitabo byo mu ijuru handitswemo ko ari ibiti by’imburamumaro birumbaraye mu murima. Nyamara, iby’iryo tsinda ry’abameze batyo ntibiragera aho biba akahebwe. Imana y’Inyarukundo iracyararika abo bose bahinyuye imbabazi zayo kandi bakirengagiza ubuntu bwayo muri aya magambo: “Usinziriye we, kanguka, uzuke, Kristo abone uko akumurikira, mucunguze uburyo umwete kuko iminsi ari mibi”. 10 436

Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo igihe cy’ishungura kizaba kigeze, abagize Ijambo ry’Imana umuyobozi w’ubugingo bwabo bazagaragara. Mu gihe cy’impeshyi, ntushobora gutandukanya ibiti bihorana ibibabi bitoshye n’ibindi biti; ariko iyo umuyaga w’urugaryi uhindukiye, ibiti by’amababi atoshye ntibihinduka; igihe ibindi byashizeho amababi. Uko niko n’abambaye ishusho y’ubukristo ntawashobora kubatandukanya n’abakristo nyakuri muri iki gihe, ariko igihe kiri hafi, itandukaniro rikagaragara. Mureke impaka zibyuke, ubwaka no kutababarira byongere bihabwe umwanya, umuriro w’akarengane utangiye kugurumana; nibwo abafite kwizera kujegajega n’abakristo b’indyarya bazava mu byizerwa; ariko Umukristo nyakuri azahagarara ku rutare ashikamye, afite kwizera gukomeye, ibyiringiro bye bizarabagirana kurusha mu gihe cy’amahoro. Umunyazaburi yaravuze ati: “Kuko ibyo wahamije ari byo nibwira. Amategeko wigishije ampesha guhitamo, nicyo gituma nanga inzira z’ibinyoma. “ 11 “Hahirwa umuntu ubonye ubwenge n’umuntu wiyungura kujijuka”. ” Kuko azahwana n’igiti cyatewe hafi y’amazi gishorera imizi mu migezi, ntikizatinya amapfa nacana, ahubwo ikibabi cyacyo kizahorana itoto, ntikizita ku mwaka wacanyemo amapfa kandi ntikizareka kwera imbuto zacyo. “ 12 437

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Yesu yasezeraniye abigishwa be ati, “Ariko Umufasha ari we Mwuka Muziranenge, uwo<br />

Data azatuma mu izi<strong>na</strong> ryanjye ni we uzabigisha byose, abibutse ibyo <strong>na</strong>babwiye byose. “ 8<br />

Ariko inyigisho za Yesu zikwiriye <strong>ku</strong>banza <strong>ku</strong>bikwa mu ntekerezo <strong>ku</strong>gira ngo Umwuka<br />

w’Ima<strong>na</strong> azabashe <strong>ku</strong>zitwibutsa mu gihe cy’akaga. Dawidi yaravuze ati, “Nabikiye ijambo<br />

ryawe mu mutima wanjye, <strong>ku</strong>gira ngo ntagucumuraho. “ 9<br />

Abarangamiye ibizahoraho bakwiriye kwirinda ibibatera gushidikanya. Inkingi<br />

zishyigikiye u<strong>ku</strong>ri <strong>na</strong>zo zizagotwa. Ntibyashoboka <strong>ku</strong>ba aho udahura n’imvugo isesereza<br />

n’inyigisho ziyobya, zo gushidikanya n’ibyorezo byo muri iki gihe cy’ubuhemu. Satani afite<br />

ibishuko bya buri rwego rwose rw’abantu. Ategesha abatarize amashyengo cyangwa<br />

amazimwe, <strong>na</strong>ho <strong>ku</strong> abize akabateza impaka mu bya siyansi n’intekerezo z’ubucurabwenge<br />

agamije gutuma Ibyanditswe Byera bitiringirwa cyangwa biteshwa agaciro. Ndetse no <strong>ku</strong><br />

rubyiruko rudafite ubumenyi buhagije, abateramo gushidikanya <strong>ku</strong> byerekeye amahame<br />

shingiro ya Gikristo. Kandi ubwo buhemu bw’urubyiruko budafite ishingiro, bugira ingaruka.<br />

Benshi batangira <strong>ku</strong>nenga kwizera kwa ba Se<strong>ku</strong>ru no guheza Mwuka baherwa ubuntu. Benshi<br />

bari barasezeranye mu mibereho yabo <strong>ku</strong>zubaha Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>bera ab’isi imigisha, bagasigara<br />

bagengwa no gukiranirwa. Abiringira bose intekerezo zuzuyemo ubwibone bwa muntu kandi<br />

bakiyumvamo ko bashobora gusobanura ubwiru bw’Ima<strong>na</strong> maze bakibwira ko bagera <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri<br />

batabikesha ubwenge mvajuru, bene abo bafatirwa mu mitego ya Satani.<br />

Ubu turiho mu gihe gikomeye cy’amateka y’iyi si. Iherezo rya benshi riri hafi <strong>ku</strong>gera.<br />

Imibereho yacu y’ahazaza ndetse n’agakiza k’abandi bantu bishingiye <strong>ku</strong> guhitamo kwacu<br />

kwa none. Dukeneye <strong>ku</strong>yoborwa <strong>na</strong> Mwuka w’u<strong>ku</strong>ri. Uwizera Kristo wese akwiriye kwibaza<br />

atya ati, “Ma<strong>na</strong> yanjye urashaka ko <strong>na</strong>kora iki ?’‘ Dukeneye kwicishiriza bugufi imbere<br />

y’Uwiteka, twiyiriza ubusa kandi dusenga, kandi tukiga<strong>na</strong> Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> umwete mwinshi,<br />

cyane cyane dutekereza <strong>ku</strong> bijyanye n’urubanza. Tugomba <strong>ku</strong>gira umwete wo <strong>ku</strong>gira<br />

ubumenyi bwimbitse mu by’Ima<strong>na</strong>. Nta gihe <strong>na</strong> gito dufite cyo gupfusha ubusa. Ibyaduka<br />

bikomeye biratugose; turi mu gikingi Satani yishimira. Ntimuhunikire yemwe barinzi<br />

bashyizweho n’Ima<strong>na</strong>; <strong>ku</strong>ko umwanzi abasatiriye, ahora arekereje ngo igihe cyose mushobora<br />

gucika intege cyangwa muhunyiza, abagwe gitumo maze abahindure umuhigo we.<br />

Benshi bashukwa no gutekereza uko bagaragara imbere y’Ima<strong>na</strong>. Barishimagiza <strong>ku</strong>ko<br />

badakora ibibi, ariko bakibagirwa <strong>ku</strong>reba ibikorwa by’indashyikirwa n’ibyo ubugwaneza<br />

Ima<strong>na</strong> ibasaba, nyamara bakaba barabyirengagije ntibabikore. Ntibihagije <strong>ku</strong>ba ibiti byo mu<br />

murima w’Ima<strong>na</strong>. Bagomba gukora icyo Ima<strong>na</strong> ibatezeho ari byo kwera imbuto. Ima<strong>na</strong><br />

izababaza impamvu yatumye badakora ibyiza bashoboraga gukora babishobojwe n’ubuntu<br />

bwayo. Mu bitabo byo mu ijuru handitswemo ko ari ibiti by’imburamumaro birumbaraye mu<br />

murima. Nyamara, iby’iryo tsinda ry’abameze batyo ntibiragera aho biba akahebwe. Ima<strong>na</strong><br />

y’Inyaru<strong>ku</strong>ndo iracyararika abo bose bahinyuye imbabazi zayo kandi bakirengagiza ubuntu<br />

bwayo muri aya magambo: “Usinziriye we, kanguka, uzuke, Kristo abone uko a<strong>ku</strong>murikira,<br />

mucunguze uburyo umwete <strong>ku</strong>ko iminsi ari mibi”. 10<br />

436

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!