Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba imbaraga zabo zose kugira ngo bigarurire umutimanama, maze abantu bari mu kigoyi cye bagasigara batakigira ubutwari buhagije cyangwa umudendezo wo kugendera mu byo bumva umutima wabo ubemeza. Ukuri n’ikuzo by’Imana ntibitandukana; ntibishoboka ko kuri twe abashyikirijwe Bibiliya, twakubahisha Imana intekerezo z’ubuyobe. Benshi bavuga ko icyo umuntu yaba yizera cyose, apfa gusa kuba afite imibereho itunganye. Ariko kandi, imibereho igaragazwa no kwizera. Niba umucyo n’ukuri byaratugezeho, maze tukirengagiza amahirwe yo kukumva no kukureba, ubwo tuba tukwanze; duhisemo umwijima mu cyimbo cy’umucyo. ‘’Hariho inzira umuntu yibwira ko ari nziza, ariko iherezo ryayo rikaba inzira z’urupfu”. 3 Igihe hariho amahirwe yose yo kumenya ibyo Imana ishaka, ubujiji ntibuba bukibaye urwitwazo rwo kuyoba cyangwa gucumura. Umugenzi ageze mu ihuriro ry’inzira nyinshi kandi ibyapa byerekana aho inzira yose igana, aramutse yirengagije ibyo byapa, akanyura mu nzira abona ko ariyo imubereye iyo ukuri, ashobora kuba abikoze yumva ko ari mu kuri kwe, nyamara bidatinze azisanga yanyuze inzira yamuyobeje. Imana yaduhaye Ijambo ryayo kugira ngo tubashe kwimenyereza inyigisho zikubiyemo kandi tunamenye ubwacu icyo Imana idusaba. Igihe umunyamategeko yasangaga Yesu, akamubaza ati,“Nakora iki kugira ngo nzaragwe ubugingo buhoraho ?’‘ Umukiza yamusubirishije Ibyanditswe agira ati: “Byanditswe bite mu mategeko? Wasomyemo iki?’‘ Ubujiji ntibubasha kubera umusore cyangwa umusaza urwitwazo, cyangwa ngo bubakureho igihano gikwiriye uwishe itegeko ry’Imana; kuko bafite mu biganza byabo umuyobozi w’indahemuka w’ayo mategeko, n’amabwiriza yayo ndetse n’ibyo asaba. Kugira imigambi myiza ntibihagije; ntibihagije ko umuntu yakora icyo abona kimubereye cyiza, cyangwa se icyo umubwiriza yavuze ko ari cyo cy’ukuri. Agakiza k’umuntu kari mu maboko ye, kandi agomba kwishakashakira ubwe mu Byanditswe Byera. Uko kwizera k’umuntu kwaba gukomeye kose, uko yaba yiringira kose ko umubwiriza we azi ukuri, ibi si byo byaba urufatiro rwo kwizera kwe. Afite igishushanyo cyerekana inzira igana mu ijuru; kandi ntawe ugomba kwihimbira iyo nzira. Inshingano y’ibanze kandi y’agaciro gakomeye ku muntu wese ni iyo kumenya icyo ukuri aricyo binyuze mu Byanditswe Byera, maze akagendera mu mucyo kandi agatera abandi umwete wo gukurikiza icyitegererezo cye. Buri munsi dukwiriye kwigana Bibiliya umwete, tugashyira ku gipimo buri ngingo kandi tukagereranya umurongo ku murongo. Dufashijwe n’Imana, ubwacu tuziyunguramo ibitekerezo nk’uko aritwe ubwacu tuzibarizwa ibyacu imbere y’Imana. Ukuri gusobanutse kwagaragajwe muri Bibiliya kwashidikanyijweho kandi gushyirwa mu mwijima n’abahanga biyise ko ari abanyabwenge buhanitse, bigisha ko Ibyanditswe Byera bifite amayobera, ibanga ry’ibya mwuka ridashora kumvikana mu rurimi ryakoreshejwemo. Abo ni abigisha b’ibinyoma. Bari mu itsinda rya ba bandi Yesu yavuzeho aya magambo ati, “Mwarayobye, kuko mutamenye Ibyanditswe, ntimumenye n’ububasha bw’Imana.’‘ 4 434

Itorero na Leta ku Rugamba Imvugo ya Bibiliya ikwiriye gusobanurwa hakurikijwe ubusobanuro bwayo nyabwo, keretse ahakoreshejwe ibimenyetso cyangwa imibare. Yesu yatanze isezerano ati, “Umuntu wese ukunda gukora ibyo Imana ishaka, azamenya ko ibyo nigisha bituruka ku Mana, cyangwa ko ari ibyo nihangiye.” 5 Iyaba abantu bafataga Bibiliya nk’uko yanditswe, iyaba hatabagaho abigisha b’ibinyoma bayobya kandi bakajijisha intekerezo z’abantu, haba harakozwe umurimo wo kunezeza abamarayika b’Imana kandi ukagarurira Kristo ibihumbi byinshi by’abantu barimo kuraragirira mu buyobe. Dukwiriye kumenyereza imbaraga z’ubwenge bwacu kwiga Ibyanditswe Byera kandi tukiha inshingano yo kwimbika cyane kugira ngo dusobanukirwe, dukurikije ubushobozi bw’umuntu, ibikomeye cyane by’Imana; nanone kandi ntidukwiriye kwibagirwa ko ubugwaneza no kwicisha bugufi by’umwana ari byo biranga umwigishwa nyakuri. Ingorane ziboneka mu Byanditswe Byera ntizishobora gukemurwa mu buryo busanzwe bukoreshwa mu gukemura ibibazo by’ubucurabwenge. Ntidukwiriye kwiga Bibiliya twishingikirije ku buhanga bwacu nk’uko benshi bakora mu gihe biga ubucurabwenge, ahubwo dukwiriye, kuyiga dusenga kandi twishingikirije ku Mana kandi twifuza kumenya ibyo Imana ishaka. Dukwiriye kuza dufite umutima wicisha bugufi kandi wemera kwigishwa kugira ngo tubone ubumenyi bukomoka kuri NDIHO. Bitabaye bityo, abadayimoni bazahumisha ubwenge bwacu kandi banangire imitima yacu kugira ngo tudasobanukirwa ukuri. Imigabane imwe yo mu Byanditswe abahanga benshi bayita amayobera, cyangwa bakavuga ko ari imburamumaro, nyamara ahubwo yuzuyemo amagambo y’ihumure n’inyigisho ku muntu wese wigiye mu ishuri rya Kristo. Impamvu imwe ituma abize iby’iyobokamana badasobanukirwa n’Ijambo ry’Imana, ni uko bafunga amaso yabo ngo batareba ukuri kandi badashaka kuzagukurikiza. Gusobanukirwa n’ukuri kwa Bibiliya ntibiterwa n’imbaraga z’ubwenge umuntu abikoranye, ahubwo biterwa n’umugambi bwite n’ubushake bwo gushakashaka gukiranuka. Bibiliya ntikwiriye na rimwe kwigwa hatabayeho gusenga. Umwuka Muziranenge niwe wenyine ubasha kudutera kumva akamaro k’ibyo bintu bitaruhije gusobanuka, cyangwa akaturinda kugoreka ukuri tudasobanukiwe. Ni umurimo w’abamarayika bo mu ijuru gutegurira imitima gusobanukirwa n’Ijambo ry’Imana kugira ngo twumve tunejejwe n’ubwiza bwaryo, tumenye neza n’imiburo yaryo kandi tugakomezwa n’amasezerano yaryo. Iri sengesho ry’Umunyazaburi rikwiriye kuba iryacu natwe, “Hwejesha amaso yanjye kugira ngo ndebe ibitangaza byo mu mategeko yawe.” 6 Kenshi ibishuko bisa nk’ibitari ibyo gutsindwa bitewe n’uko ugeragezwa yirengagiza gusenga no kwiga Bibiliya, maze ntiyitegure kwibuka amasezerano y’Imana no guhangana na Satani yitwaje intwaro zo mu Byanditswe. Ariko abamarayika bahora hafi y’abashaka kwigishwa ibyo mu ijuru; kandi mu gihe bibaye ngombwa cyane bazabibutsa ukuri kose bazaba bakeneye. ‘’Nuko rero, ubwo umwanzi azabatera ameze nk’umugezi uhurura cyane, Umwuka w’Uwiteka azabagota abarinde umubi. ‘’ 7 435

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Imvugo ya Bibiliya ikwiriye gusobanurwa ha<strong>ku</strong>rikijwe ubusobanuro bwayo nyabwo, keretse<br />

ahakoreshejwe ibimenyetso cyangwa imibare. Yesu yatanze isezerano ati, “Umuntu wese<br />

u<strong>ku</strong>nda gukora ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka, azamenya ko ibyo nigisha bituruka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, cyangwa ko<br />

ari ibyo nihangiye.” 5 Iyaba abantu bafataga Bibiliya nk’uko yanditswe, iyaba hatabagaho<br />

abigisha b’ibinyoma bayobya kandi bakajijisha intekerezo z’abantu, haba harakozwe<br />

umurimo wo <strong>ku</strong>nezeza abamarayika b’Ima<strong>na</strong> kandi ukagarurira Kristo ibihumbi byinshi<br />

by’abantu barimo <strong>ku</strong>raragirira mu buyobe.<br />

Dukwiriye <strong>ku</strong>menyereza imbaraga z’ubwenge bwacu kwiga Ibyanditswe Byera kandi<br />

tukiha inshingano yo kwimbika cyane <strong>ku</strong>gira ngo dusobanukirwe, du<strong>ku</strong>rikije ubushobozi<br />

bw’umuntu, ibikomeye cyane by’Ima<strong>na</strong>; <strong>na</strong>none kandi ntidukwiriye kwibagirwa ko<br />

ubugwaneza no kwicisha bugufi by’umwa<strong>na</strong> ari byo biranga umwigishwa nya<strong>ku</strong>ri. Ingorane<br />

ziboneka mu Byanditswe Byera ntizishobora gukemurwa mu buryo busanzwe bukoreshwa<br />

mu gukemura ibibazo by’ubucurabwenge. Ntidukwiriye kwiga Bibiliya twishingikirije <strong>ku</strong><br />

buhanga bwacu nk’uko benshi bakora mu gihe biga ubucurabwenge, ahubwo dukwiriye,<br />

<strong>ku</strong>yiga dusenga kandi twishingikirije <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> kandi twifuza <strong>ku</strong>menya ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka.<br />

Dukwiriye <strong>ku</strong>za dufite umutima wicisha bugufi kandi wemera kwigishwa <strong>ku</strong>gira ngo tubone<br />

ubumenyi bukomoka <strong>ku</strong>ri NDIHO. Bitabaye bityo, abadayimoni bazahumisha ubwenge<br />

bwacu kandi ba<strong>na</strong>ngire imitima yacu <strong>ku</strong>gira ngo tudasobanukirwa u<strong>ku</strong>ri.<br />

Imigabane imwe yo mu Byanditswe abahanga benshi bayita amayobera, cyangwa<br />

bakavuga ko ari imburamumaro, nyamara ahubwo yuzuyemo amagambo y’ihumure<br />

n’inyigisho <strong>ku</strong> muntu wese wigiye mu ishuri rya Kristo. Impamvu imwe ituma abize<br />

iby’iyobokama<strong>na</strong> badasobanukirwa n’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, ni uko bafunga amaso yabo ngo<br />

batareba u<strong>ku</strong>ri kandi badashaka <strong>ku</strong>zagu<strong>ku</strong>rikiza. Gusobanukirwa n’u<strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya<br />

ntibiterwa n’imbaraga z’ubwenge umuntu abikoranye, ahubwo biterwa n’umugambi bwite<br />

n’ubushake bwo gushakashaka gukiranuka.<br />

Bibiliya ntikwiriye <strong>na</strong> rimwe kwigwa hatabayeho gusenga. Umwuka Muziranenge niwe<br />

wenyine ubasha <strong>ku</strong>dutera <strong>ku</strong>mva akamaro k’ibyo bintu bitaruhije gusobanuka, cyangwa<br />

akaturinda <strong>ku</strong>goreka u<strong>ku</strong>ri tudasobanukiwe. Ni umurimo w’abamarayika bo mu ijuru<br />

gutegurira imitima gusobanukirwa n’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo twumve tunejejwe<br />

n’ubwiza bwaryo, tumenye neza n’imiburo yaryo kandi tugakomezwa n’amasezerano yaryo.<br />

Iri sengesho ry’Umunyazaburi rikwiriye <strong>ku</strong>ba iryacu <strong>na</strong>twe, “Hwejesha amaso yanjye <strong>ku</strong>gira<br />

ngo ndebe ibitangaza byo mu mategeko yawe.” 6 Kenshi ibishuko bisa nk’ibitari ibyo<br />

gutsindwa bitewe n’uko ugeragezwa yirengagiza gusenga no kwiga Bibiliya, maze ntiyitegure<br />

kwibuka amasezerano y’Ima<strong>na</strong> no guhanga<strong>na</strong> <strong>na</strong> Satani yitwaje intwaro zo mu Byanditswe.<br />

Ariko abamarayika bahora hafi y’abashaka kwigishwa ibyo mu ijuru; kandi mu gihe<br />

bibaye ngombwa cyane bazabibutsa u<strong>ku</strong>ri kose bazaba bakeneye. ‘’Nuko rero, ubwo umwanzi<br />

azabatera ameze nk’umugezi uhurura cyane, Umwuka w’Uwiteka azabagota abarinde umubi.<br />

‘’ 7<br />

435

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!