07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

imbaraga zabo zose <strong>ku</strong>gira ngo bigarurire umutima<strong>na</strong>ma, maze abantu bari mu kigoyi cye<br />

bagasigara batakigira ubutwari buhagije cyangwa umudendezo wo <strong>ku</strong>gendera mu byo bumva<br />

umutima wabo ubemeza.<br />

U<strong>ku</strong>ri n’i<strong>ku</strong>zo by’Ima<strong>na</strong> ntibitanduka<strong>na</strong>; ntibishoboka ko <strong>ku</strong>ri twe abashyikirijwe Bibiliya,<br />

twa<strong>ku</strong>bahisha Ima<strong>na</strong> intekerezo z’ubuyobe. Benshi bavuga ko icyo umuntu yaba yizera cyose,<br />

apfa gusa <strong>ku</strong>ba afite imibereho itunganye. Ariko kandi, imibereho igaragazwa no kwizera.<br />

Niba umucyo n’u<strong>ku</strong>ri byaratugezeho, maze tukirengagiza amahirwe yo <strong>ku</strong><strong>ku</strong>mva no<br />

<strong>ku</strong><strong>ku</strong>reba, ubwo tuba tukwanze; duhisemo umwijima mu cyimbo cy’umucyo. ‘’Hariho inzira<br />

umuntu yibwira ko ari nziza, ariko iherezo ryayo rikaba inzira z’urupfu”. 3<br />

Igihe hariho amahirwe yose yo <strong>ku</strong>menya ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka, ubujiji ntibuba bukibaye<br />

urwitwazo rwo <strong>ku</strong>yoba cyangwa gucumura. Umugenzi ageze mu ihuriro ry’inzira nyinshi<br />

kandi ibyapa byereka<strong>na</strong> aho inzira yose iga<strong>na</strong>, aramutse yirengagije ibyo byapa, akanyura mu<br />

nzira abo<strong>na</strong> ko ariyo imubereye iyo u<strong>ku</strong>ri, ashobora <strong>ku</strong>ba abikoze yumva ko ari mu <strong>ku</strong>ri kwe,<br />

nyamara bidatinze azisanga yanyuze inzira yamuyobeje.<br />

Ima<strong>na</strong> yaduhaye Ijambo ryayo <strong>ku</strong>gira ngo tubashe kwimenyereza inyigisho zi<strong>ku</strong>biyemo<br />

kandi tu<strong>na</strong>menye ubwacu icyo Ima<strong>na</strong> idusaba. Igihe umunyamategeko yasangaga Yesu,<br />

akamubaza ati,“Nakora iki <strong>ku</strong>gira ngo nzaragwe ubugingo buhoraho ?’‘ Umukiza<br />

yamusubirishije Ibyanditswe agira ati: “Byanditswe bite mu mategeko? Wasomyemo iki?’‘<br />

Ubujiji ntibubasha <strong>ku</strong>bera umusore cyangwa umusaza urwitwazo, cyangwa ngo buba<strong>ku</strong>reho<br />

igihano gikwiriye uwishe itegeko ry’Ima<strong>na</strong>; <strong>ku</strong>ko bafite mu biganza byabo umuyobozi<br />

w’indahemuka w’ayo mategeko, n’amabwiriza yayo ndetse n’ibyo asaba. Kugira imigambi<br />

myiza ntibihagije; ntibihagije ko umuntu yakora icyo abo<strong>na</strong> kimubereye cyiza, cyangwa se<br />

icyo umubwiriza yavuze ko ari cyo cy’u<strong>ku</strong>ri. Agakiza k’umuntu kari mu maboko ye, kandi<br />

agomba kwishakashakira ubwe mu Byanditswe Byera. Uko kwizera k’umuntu kwaba<br />

gukomeye kose, uko yaba yiringira kose ko umubwiriza we azi u<strong>ku</strong>ri, ibi si byo byaba<br />

urufatiro rwo kwizera kwe. Afite igishushanyo cyereka<strong>na</strong> inzira iga<strong>na</strong> mu ijuru; kandi ntawe<br />

ugomba kwihimbira iyo nzira.<br />

Inshingano y’ibanze kandi y’agaciro gakomeye <strong>ku</strong> muntu wese ni iyo <strong>ku</strong>menya icyo u<strong>ku</strong>ri<br />

aricyo binyuze mu Byanditswe Byera, maze akagendera mu mucyo kandi agatera abandi<br />

umwete wo gu<strong>ku</strong>rikiza icyitegererezo cye. Buri munsi dukwiriye kwiga<strong>na</strong> Bibiliya umwete,<br />

tugashyira <strong>ku</strong> gipimo buri ngingo kandi tukagereranya umurongo <strong>ku</strong> murongo. Dufashijwe<br />

n’Ima<strong>na</strong>, ubwacu tuziyunguramo ibitekerezo nk’uko aritwe ubwacu tuzibarizwa ibyacu<br />

imbere y’Ima<strong>na</strong>.<br />

U<strong>ku</strong>ri gusobanutse kwagaragajwe muri Bibiliya kwashidikanyijweho kandi gushyirwa mu<br />

mwijima n’abahanga biyise ko ari abanyabwenge buhanitse, bigisha ko Ibyanditswe Byera<br />

bifite amayobera, ibanga ry’ibya mwuka ridashora <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> mu rurimi ryakoreshejwemo.<br />

Abo ni abigisha b’ibinyoma. Bari mu itsinda rya ba bandi Yesu yavuzeho aya magambo ati,<br />

“Mwarayobye, <strong>ku</strong>ko mutamenye Ibyanditswe, ntimumenye n’ububasha bw’Ima<strong>na</strong>.’‘ 4<br />

434

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!