07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Iyo Ima<strong>na</strong> yoherereje abantu ubutumwa bwayo bw’imbuzi zikomeye, bugatangwa<br />

nk’ubutangajwe n’Abamarayika bera baguruka baringanije ijuru, isaba umuntu wese ufite<br />

ubushobozi bwo gutekereza kwita <strong>ku</strong>ri ubwo butumwa. Urubanza ruteye ubwoba ruzacirwa<br />

abasenga ya nyamaswa n’igishushanyo cyayo rukwiriye gutera abantu benshi umwete wo<br />

kwiga ubuhanuzi <strong>ku</strong>gira ngo <strong>ku</strong>menya ikimenyetso cy’inyamaswa icyo ari cyo, n’uburyo<br />

bakwirinda <strong>ku</strong>zakira icyo kimenyetso. Ariko abantu benshi biziba amatwi ngo batumva uko<br />

<strong>ku</strong>ri, maze bagahindukirira imigani y’ibihimbano. Intumwa Pawulo atubwira gusubiza amaso<br />

yacu inyuma tukareba mu minsi yashize: “Igihe kizaza ubwo abantu batazumvira inyigisho<br />

nzima.’‘ 2 Icyo gihe cyamaze gusohora. Abantu benshi muri iki gihe ntibashaka u<strong>ku</strong>ri kwa<br />

Bibiliya, <strong>ku</strong>ko <strong>ku</strong>nyuranyije n’ubushake bw’abakora ibyaha, n’umutima u<strong>ku</strong>nda iby’isi; maze<br />

Satani <strong>na</strong>we, akaza<strong>na</strong> ibishuko ahereye <strong>ku</strong> byo ba<strong>ku</strong>nda.<br />

Ariko Ima<strong>na</strong> izaba igifite abantu bayo <strong>ku</strong> isi bakomeza Bibiliya, kandi yonyine,<br />

nk’urufatiro rw’inyigisho shingiro n’ipfundo ry’ubugorozi bwose. Ibitekerezo<br />

by’abanyabwenge cyangwa imyanzuro ya gihanga, itegeko cyangwa ibyemezo by’i<strong>na</strong>ma<br />

y’aba<strong>ku</strong>ru b’amadini, nk’uko ubwinshi no <strong>ku</strong>dahuza ari nk’ibyo amadini bahagarariye,<br />

ubwinshi bw’amajwi sibwo bugomba gushingirwaho <strong>ku</strong> bireba<strong>na</strong> n’ibyo kwizera kw’idini.<br />

Mbere yo <strong>ku</strong>gira ihame cyangwa inyigisho iyo ari yo yose twemera, dukwiriye <strong>ku</strong>banza<br />

kwibaza niba bihuje n’iri jambo ngo “Uko niko Uwiteka avuga”.<br />

Satani ashishikariye cyane kwerekeza ibitekerezo byacu <strong>ku</strong> bantu, aho guhanga amaso <strong>ku</strong><br />

Ma<strong>na</strong>. Yerekeza amaso y’abantu <strong>ku</strong> bepisikopi ba<strong>ku</strong>ru, <strong>ku</strong> bapasitoro, <strong>ku</strong> bigisha<br />

iby’iyobokama<strong>na</strong> nk’abayobozi babo, mu cyimbo cyo gushakashaka mu Byanditswe Byera<br />

ngo bimenyere ubwabo icyo Ima<strong>na</strong> ibashakaho. Nuko rero, iyo Satani amaze kwigarurira<br />

intekerezo z’abo bayobozi, abenshi abikoreshereza ibyo ashaka.<br />

Ubwo Yesu yazaga yigisha amagambo y’ubugingo, rubanda rwarayumvise ruranezerwa;<br />

kandi benshi mu batambyi n’abanyamategeko baramwizera. Ariko umutambyi mu<strong>ku</strong>ru<br />

n’abatware bagambirira <strong>ku</strong>muciraho iteka no kwamaga<strong>na</strong> inyigisho ze. N’ubwo umuhati<br />

wabo wo <strong>ku</strong>mushakaho ibirego wabapfiriye ubusa, n’ubwo batashoboraga <strong>ku</strong>mva imbaraga<br />

mvajuru n’ubuhanga byari mu nyigisho ze, bakomeje gushakisha inzitwazo ubwabo; banga<br />

ibihamya byereka<strong>na</strong> ko ari Mesiya <strong>ku</strong>gira ngo bitabahatira <strong>ku</strong>ba abigishwa be. Abo<br />

barwanyaga Yesu, bari abantu bigishije abandi <strong>ku</strong>jya bubaha uhereye mu bwa<strong>na</strong> bwabo, bari<br />

baramenyerejwe gupfukamirwa. Baravugaga bati : ‘Mbese bishoboka bite ko abayobozi bacu,<br />

abanditsi bacu b’abanyabwenge batizera Yesu?’ Mbese aba bantu bizeraga cyane ntibaba<br />

baramwakiriye iyo aza <strong>ku</strong>ba Kristo? Biturutse <strong>ku</strong>ri abo bigisha byatumye ubwoko<br />

bw’Abayuda butakira Umucunguzi wabwo.<br />

Umwuka wakoreshaga abo batambyi n’abatware uracyigaragaza muri benshi bavuga ko<br />

bizera cyane. Banga <strong>ku</strong>rondora ibihamya byo mu Byanditswe Byera byerekeye u<strong>ku</strong>ri<br />

<strong>ku</strong>dasanzwe ko muri iki gihe. Bishingikiriza <strong>ku</strong> bwinshi bwabo, ubutunzi bwabo no<br />

432

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!