07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 37 – Ibyanditswe Byer ani Umurinzi<br />

‘‘Nimusange amategeko y’Ima<strong>na</strong> n’ibiyihamya. Nibatavuga ibihwanye n’iryo jambo nta<br />

museke uzabatambikira.’‘ 1 Abantu b’Ima<strong>na</strong> bayoborwa <strong>ku</strong> Byanditswe Byera <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bibarinde abigisha b’ibinyoma n’imbaraga z’imyuka y’umwijima iyobya. Satani akoresha<br />

ubuca<strong>ku</strong>ra bwose <strong>ku</strong>gira ngo abuze abantu gusobanukirwa <strong>na</strong> Bibiliya; <strong>ku</strong>ko ihishyira <strong>ku</strong><br />

mugaragaro ubuhendanyi bwe. Mu ihembura iryo ari ryo ryose ry’umurimo w’Ima<strong>na</strong>,<br />

umutware w’ikibi arahaguruka agakora<strong>na</strong> umwete umurimo we; n’ubu arakoresha imbaraga<br />

zirenze urugero mu ntambara iheruka arwanya Kristo n’abayoboke be. Ubuyobe buheruka<br />

kandi bukomeye bugiye <strong>ku</strong>zigaragariza imbere yacu bidatinze. Anti-Kristo agiye gukorera<br />

ibitangaza n’ibimenyetso mu maso yacu. Azakoresha ubuhendanyi bukomeye busa n’u<strong>ku</strong>ri<br />

<strong>ku</strong> buryo <strong>ku</strong>butahura bitazaba byoroshye uretse <strong>ku</strong>ba warasomye Ibyanditswe Byera. Mu<br />

buhamya bw’abo biyita Kristo, ijambo ryose n’igitangaza cyose bigomba gusuzumanwa<br />

ubushishozi.<br />

Abakomeza amategeko yose y’Ima<strong>na</strong> bazarwanywa kandi babakobe. Bazashobora<br />

gushikama mu masezerano y’Ima<strong>na</strong>. Kugira ngo bazabashe kwihanganira ibigeragezo<br />

bibategereje, bakwiriye gusobanukirwa n’ubushake bw’Ima<strong>na</strong> nk’uko buri mu Ijambo ryayo;<br />

bazashobora <strong>ku</strong>yihesha icyubahiro <strong>ku</strong>ko bamenye u<strong>ku</strong>ri kw’imico yayo, ubutegetsi bwayo<br />

n’imigambi yayo, kandi babe ari byo gusa bagenderaho. Nta n’umwe uzahagarara ashikamye<br />

mu gishuko giheruka, keretse gusa abashikamishije intekerezo zabo mu <strong>ku</strong>ri kw’Ijambo<br />

ryayo. Umuntu wese azagerwaho n’iki kibazo ngo: Mbese nzumvira Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ruta abantu?<br />

Iki nicyo gihe cyacu cyo gufata icyemezo giheruka. Mbese ibirenge byacu bihagaze <strong>ku</strong> rutare<br />

rw’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ridahinduka? Mbese ubu twiteguye <strong>ku</strong>zahagarara dushikamye ngo<br />

duhamye amategeko y’Ima<strong>na</strong> no kwizera Yesu?<br />

Mbere y’uko abambwa <strong>ku</strong> musaraba, Umukiza yasobanuriye abigishwa be ko azicwa,<br />

kandi ko azazuka, kandi abamarayika bari aho biteguye gusohoza ayo magambo mu bwenge<br />

no mu mitima by’abigishwa be. Nyamara bo, bari bahanze amaso ibyo igihe gito aribyo<br />

<strong>ku</strong>baturwa <strong>ku</strong> ngoyi y’Abaroma, kandi ntibari <strong>ku</strong>basha kwihanganira ko Uwari ibyiringiro<br />

bya bose abasha gupfa urupfu rw’urukozasoni nk’urwo. Amagambo bari bakeneye kwibuka<br />

yaha<strong>na</strong>guritse mu bitekerezo byabo, maze igihe cy’ibigeregezo gisohoye, gisanga batiteguye.<br />

Urupfu rwa Yesu rwarabatunguye bamera nk’aho batigeze babimenyeshwa mbere y’igihe.<br />

Nuko rero, ubuhanuzi butwereka neza ahazaza nk’uko byahishuriwe abigishwa mu magambo<br />

ya Yesu. Ibimenyetso byinshi byereka<strong>na</strong> ko igihe cy’imbabazi kiri hafi <strong>ku</strong>rangira kandi<br />

n’imyiteguro y’igihe cy’akaga, byose byaragaragajwe. Nyamara abantu ibihumbi byinshi<br />

ntibasobanukiwe n’uko <strong>ku</strong>ri gukomeye nk’aho batigeze baguhishurirwa. Satani araboga<br />

runono ngo ate <strong>ku</strong>re igitekerezo cyose cyabahindura abanyabwenge bagasobanukirwa ibyo<br />

agakiza, maze igihe cy’akaga kizasange batiteguye.<br />

431

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!