07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

yabo bagafata<strong>na</strong> mu biganza n’imyuka y’abadayimoni; bazanyura hejuru y’umworera ngo<br />

bifatanye n’ububasha bwa Roma; maze <strong>ku</strong> bufatanye bw’izo mbaraga uko ari eshatu, icyo<br />

gihugu kizagera ikirenge mu cya Roma gisiribange rwose uburenganzira bwo guhitamo.<br />

Nk’uko imyuka y’abadayimoni yiga<strong>na</strong> cyane abitwa Abakristo bo muri iki gihe, ifite<br />

imbaraga zikomeye zo <strong>ku</strong>yobya abantu ikabagusha mu mitego yayo. Satani ubwe arihindura<br />

akisanisha n’ibiriho. Azigaragaza afite imico nk’iya Marayika w’umucyo. Binyuze mu<br />

kwizera imyuka, hazakorwa ibitangaza, abarwayi bazakira, kandi hakorwe n’ibindi bitangaza<br />

bitabasha guhinyuzwa. Maze ubwo iyo myuka mibi izatura kwizera gushingiye muri Bibiliya,<br />

kandi ikereka<strong>na</strong> ko yemera gahunda zose z’ibikorerwa mu itorero, ibikorwa byabo bizemerwa<br />

nk’ibikozwe n’imbaraga mva ijuru.<br />

Muri iyi minsi, biraruhije <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umurongo utandukanya abiyita abakristo n’abatubaha<br />

Ima<strong>na</strong>. Abizera b’itorero ba<strong>ku</strong>nze ibyo ab’isi ba<strong>ku</strong>nda, kandi biteguye gufatanya <strong>na</strong>bo, Satani<br />

<strong>na</strong> we yiyemeje <strong>ku</strong>bateranyiriza hamwe nk’umubiri umwe noneho agakaza umugambi we wo<br />

<strong>ku</strong>barundurira mu kwizera imyuka y’abadayimoni. Abizera inyigisho z’ubupapa birata ko<br />

ibitangaza ari ikimenyetso cy’itorero ry’u<strong>ku</strong>ri, biteguye <strong>ku</strong>yobywa n’izo mbaraga zikora<br />

ibitangaza; kandi Abaporotesitanti bamaze gushyira <strong>ku</strong> ruhande ingabo y’u<strong>ku</strong>ri, <strong>na</strong> bo<br />

bazarindagira. Abizera inyigisho z’ubupapa, Abaporotesitanti n’ab’isi, bazemerera hamwe<br />

ishusho y’ubutungane idafite ububasha, kandi muri ubwo bumwe hazabonekamo itsinda<br />

rinini rifashe icyemezo cyo kwemera guhindurwa n’isi kandi babone igitondo<br />

cy’ikinyagihumbi bategereje igihe kirekire gitangaje.<br />

Binyuze mu kwizera imyuka y’abadayimoni, Satani yiyereka<strong>na</strong> nk’uwifuza <strong>ku</strong>girira neza<br />

abantu bose, akiza abantu indwara, kandi ahamya ko azanye idini nshya yo mu rwego<br />

ruhanitse ifite kwizera gushya, nyamara kandi <strong>na</strong> none muri icyo gihe, azaba akora<br />

nk’umurimbuzi. Ibigeragezo bye byose birohe imbaga y’abantu mu irimbukiro. Kutirinda<br />

byimuye gushyira mu gaciro; <strong>ku</strong>rarikira, amahane, ibyo biga<strong>ku</strong>rikirwa no <strong>ku</strong>vusha amaraso.<br />

Satani anezezwa n’intambara, <strong>ku</strong>ko ibyutsa inzangano mu mitima y’abantu, hanyuma<br />

igatsemba buheriheri abijanditse mu ngeso mbi kandi bavusha amaraso. Umugambi we ni<br />

uguteranyiriza amahanga yose mu ntambara, <strong>ku</strong>ko muri ubwo buryo arimo ashobora gucurika<br />

ibitekerezo by’abantu akabibagiza kwitegura <strong>ku</strong>zahagarara bashikamye <strong>ku</strong> munsi ukomeye<br />

w’Ima<strong>na</strong>.<br />

Satani <strong>na</strong> none akorera no mu biremwa <strong>ku</strong>gira ngo yigarurire abantu benshi batiteguye.<br />

Yiyigishije amabanga y’imibereho y’ibyaremwe, kandi akoresha imbaraga ze zose gutegeka<br />

ibintu byose mu gihe cyose Ima<strong>na</strong> ikibimwemereye. Ubwo Ima<strong>na</strong> yamuhaga uburenganzira<br />

bwo <strong>ku</strong>babaza Yobu, mbega u<strong>ku</strong>ntu imi<strong>ku</strong>mbi n’amashyo, abagaragu, amazu, aba<strong>na</strong>, byose<br />

byayoyotse mu mwanya muto icyago gi<strong>ku</strong>rwa n’ikindi! Ima<strong>na</strong> niyo ikingira ibiremwa byayo<br />

kandi ikabirinda imbaraga z’umurimbuzi. Nyamara abakristo basuzuguye amategeko ya<br />

Yehova; kandi Uwiteka azasohoza icyo yavuze - ko azahagarika gusuka imigisha ye <strong>ku</strong> isi,<br />

kandi a<strong>ku</strong>re uburinzi bwe <strong>ku</strong> bagomera amategeko ye, bakigisha abandi kandi bakabahatira<br />

427

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!