07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong> atakigenga abantu, aba ashaka <strong>ku</strong>batera <strong>ku</strong>yagomera nk’aho ari injiji <strong>ku</strong>ri<br />

yo. Kandi no muri iki gihe, akomeje gukorera mu itorero <strong>ku</strong>gira ngo asohoze imigambi ye<br />

nk’uko yabikoze mu gihe cya kera. Amadini yo muri iyi minsi yanze gutegera amatwi u<strong>ku</strong>ri<br />

kwahuranyije ko mu Byanditswe Byera, maze muri uko <strong>ku</strong>rwanya uko <strong>ku</strong>ri, bahitamo<br />

ubusobanuro n’uruhande bituma babiba kandi bagakwiza imbuto z’ubuhakanyi. Kwihambira<br />

<strong>ku</strong> mafuti y’ubupapa yo <strong>ku</strong>dapfa kwa roho no gukomeza gutekereza k’umuntu nyuma<br />

y’urupfu, bashenye uruzitiro rwabakingiraga ibishuko batezwa n’imyuka y’abadayimoni.<br />

Inyigisho zivuga ibyo <strong>ku</strong>babazwa by’iteka ryose, zatumye benshi bareka kwizera Bibiliya.<br />

Kandi nk’uko itegeko rya kane risaba abantu, byagaragaye ko kweza umunsi wa karindwi<br />

ariwo Sabato ari umutwaro; kandi nk’inzira imwe ru<strong>ku</strong>mbi yo guhunga umurimo badashaka<br />

gukora, benshi mu bigisha bahamya ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> atakibagenga. Nuko rero<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong> bakaya<strong>ku</strong>ra<strong>na</strong>ho n’Isabato. Igihe umurimo wo <strong>ku</strong>vugurura Isabato<br />

ugikomeje, uko gu<strong>ku</strong>raho amategeko y’Ima<strong>na</strong> bahunga itegeko rya kane, bizakwira <strong>ku</strong> isi<br />

yose. Inyigisho z’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’amadini zugururiye amarembo ubuhakanyi, imyuka<br />

y’abadayimoni, no gusuzugura amategeko yera y’Ima<strong>na</strong>; kandi abo bayobozi bafite uruhare<br />

ruteye ubwoba muri ubwo buhakanyi buri mu itorero rya Gikristo.<br />

Ibiramambu abo bantu bitwaza ko uko kwihutira gukwirakwiza iryo yononekara ry’imico<br />

y’abantu riterwa no <strong>ku</strong>dakomeza itegeko ryo <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi wa mbere w’icyumweru<br />

wahimbwe “Isabato ya gikristo” kandi guhatira abantu bose <strong>ku</strong>wukomeza bizanoza imico<br />

mbonera mu bantu. Icyo gitekerezo cyiganje cyane cyane muri Amerika, aho inyigisho<br />

z’Isabato y’u<strong>ku</strong>ri zari zarabwirijwe cyane. Aha rero inyigisho zo kwirinda nk’umwe mu<br />

migabane y’i<strong>ku</strong>bitiro kandi y’ingezi yo <strong>ku</strong>vugurura imibereho myiza y’abantu, zafatanyijwe<br />

n’itsinda ry’abaruhuka <strong>ku</strong> Cyumweru, maze abavugira icyumweru bigaragaza ubwabo ko<br />

bakora <strong>ku</strong>girango baharanire inyungu za rubanda; maze abanze kwifatanya <strong>na</strong> bo muri uwo<br />

mugambi, bakaregwa ko ari abanzi bo kwirinda n’ivugurura. Ariko bitewe n’uko itsinda<br />

ryashyizeho izo nyigisho z’ibinyoma ryikingiriza imirimo myiza, ibyo ntibituma ikosa<br />

lidakomeza <strong>ku</strong>ba ikosa. Dushobora <strong>ku</strong>jijisha tuvangavanga uburozi n’ibyo<strong>ku</strong>rya byiza, ariko<br />

ntiduhindura kamere yabwo. Ibinyuranye n’ibyo, biba ari akaga gakomeye iyo ibyo<br />

bititaweho. Kuvanga ikinyoma n’u<strong>ku</strong>ri guhagije <strong>ku</strong>gira ngo abantu bacyemere ni umwe mu<br />

mitego ya Satani. Abayobozi b’itsinda riruhuka <strong>ku</strong> Cyumweru bashobora kwiyita abavugizi<br />

b’ibyo abantu bakeneye, bitanyuranya n’amahame ya Bibiliya; ariko kandi mu byo bavuga<br />

ha<strong>ku</strong>biyemo inyigisho zivuguruza amategeko y’Ima<strong>na</strong>, niyo mpamvu abagaragu b’Ima<strong>na</strong><br />

batabasha kwifatanya n’abo. Nta <strong>na</strong> kimwe bakwishingikirizaho ngo kibabashishe gusimbuza<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong> ay’abantu.<br />

Binyuze muri ubu buyobe bukomeye bw’uburyo bubiri: <strong>ku</strong>dapfa k’ubugingo<br />

n’ubuziranenge bw’umunsi wa mbere w’icyumweru (Dimanche), Satani azaboneraho<br />

<strong>ku</strong>gusha abantu mu bishuko bye. Igihe icya mbere ari ishingiro ryo gusenga imyuka<br />

y’abadayimoni, icya kabiri cyo kiva<strong>na</strong> abantu <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> kikabunga <strong>na</strong> Roma. Abaporotesitanti<br />

bo muri <strong>Leta</strong> zunze ubumwe z’Amerika nibo bazafata iya mbere mu <strong>ku</strong>rambura uamaboko<br />

426

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!