07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ituma batagera <strong>ku</strong> byo bifuza mu isi; ariko <strong>ku</strong>bera kwanga amategeko y’Ima<strong>na</strong> ntizatuma<br />

bagira icyo bageraho. Niba amategeko y’Ima<strong>na</strong> atakibagenga, <strong>ku</strong>ki <strong>ku</strong>yacumura bitera<br />

ubwoba ? Ibyo abantu batunze ntibyagira umutekano. Abantu batwara abaturanyi babo ibyabo<br />

<strong>ku</strong> ngufu, umunyambaraga niwe waba umukire <strong>ku</strong>rusha abandi. Ubuzima bw’umuntu nta<br />

gaciro bwazongera <strong>ku</strong>gira. Indahiro mu gihe cyo gusezera<strong>na</strong> kw’abashakanye ntabwo<br />

yakomeza <strong>ku</strong>rinda imibereho y’umuryango. Ufite ububasha, aramutse abishatse, yajya<strong>na</strong><br />

umugore wa mugenzi we <strong>ku</strong> ngufu. Itegeko rya gatanu, nk’uko irya kane byagenze,<br />

rya<strong>ku</strong>rwaho. Aba<strong>na</strong> ntibatinya kwica ababyeyi babo, baramutse bifuza <strong>ku</strong>nezeza imitima yabo<br />

yononekaye. Ibihugu byateye imbere mu majyambere, byahinduka indiri y’ubujura<br />

n’ubwicanyi; kandi amahoro, ikiruhuko n’umunezero, byashira <strong>ku</strong> isi.<br />

Inyigisho zivuga ko abantu babatuwe <strong>ku</strong> kwitondera amategeko y’Ima<strong>na</strong> zaciye intege<br />

imbaraga z’ibya mwuka, maze zikingura urugi rw’umuraba w’ubugome wisuka <strong>ku</strong> isi.<br />

Kutagendera <strong>ku</strong> mategeko, kwaya no kwiyono<strong>na</strong>, bitwirohaho nk’umuyaga wa serwakira. Mu<br />

muryango, Satani arimo gukora. Ibendera rye rishinzwe no mu ngo z’abavuga ko ari<br />

Abakristo. Hari ishyari, gushinjanya ibinyoma, kwishushanya, ubuhemu, isumbwe,<br />

ubugambanyi, <strong>ku</strong>tiringira<strong>na</strong> no gu<strong>ku</strong>nda irari.<br />

Amahame n’inyigisho by’iyobokama<strong>na</strong>, byose byari bikwiriye <strong>ku</strong>ba urufatiro<br />

rw’imibanire myiza, bimeze nk’ikirundo gisu<strong>ku</strong>ma kigiye <strong>ku</strong>riduka. Abicanyi ruharwa iyo<br />

bashyizwe muri gereza <strong>ku</strong>bera ubugome bwabo, bahora bahabwa impano kandi bakitabwaho<br />

nk’aho bahemberwa ibyiza bagezeho. Imico yabo n’ubugome bwabo byaramamajwe cyane.<br />

Itangazama<strong>ku</strong>ru rishyira <strong>ku</strong> mugaragaro ingeso z’abantu mu buryo burambuye, bityo<br />

bigatuma n’abandi binjira muri ibyo bikorwa by’uburiganya, ubujura n’ubwicanyi; maze<br />

Satani akanezezwa n’uko ageze <strong>ku</strong> nsinzi yo <strong>ku</strong>bajya<strong>na</strong> mu irimbukiro. Ingeso yo gu<strong>ku</strong>nda<br />

ibibi, <strong>ku</strong>tamenya kwitegeka, ubwiyongere bukabije bwo kwiyandarika n’ubugome bw’uburyo<br />

bwose bikwiriye gutuma abubaha Ima<strong>na</strong> bose bakangukira kwibaza igikwiriye gukorwa ngo<br />

bahangane n’umuraba w’ikibi. Inkiko zica imanza zuzuyemo ruswa. Abategetsi<br />

bashishikajwe n’inyungu zabo, no gu<strong>ku</strong>nda kwishakira ibibanezeza. Kutirinda byahumye<br />

intekerezo za benshi, bituma Satani abo<strong>na</strong> uko abigarurira. Abanyamategeko baratandukira,<br />

bahabwa ruswa , maze bakarindagira. Ubusinzi, inzika, gu<strong>ku</strong>nda iby’isi, ishyari no <strong>ku</strong>bura<br />

ubunyangamugayo mu buryo bwose, ni byo byiganje muri bamwe mu bashinzwe gushyiraho<br />

amategeko. ‘’Ubutabera bwabaye akahebwe, <strong>ku</strong>ko u<strong>ku</strong>ri kwaguye mu nzira, kandi gutunga<strong>na</strong><br />

nti<strong>ku</strong>basha kwinjira.’‘ 2<br />

Gukiranirwa n’umwijima mu bya mwuka byariho mu gihe cyo kwi<strong>ku</strong>za kwa Roma byari<br />

ingaruka nta<strong>ku</strong>ka zo gu<strong>ku</strong>raho Ibyanditswe Byera; ariko se ni hehe mu mucyo w’ubutumwa<br />

bwiza, mu gihe cy’umudendezo mu by’idini, dusanga impamvu y’ubuhemu bwiganje,<br />

kwanga amategeko y’Ima<strong>na</strong>, n’ingaruka yo kwangirika? Kuko Satani atagishobora <strong>ku</strong>bohera<br />

abantu munsi y’ubutware bwe abahisha Ibyanditswe Byera, yitabaza ubundi buryo <strong>ku</strong>gira ngo<br />

asohoze umugambi we udahinduka. Gusenya ukwizera gushingiye muri Bibiliya bimufasha<br />

<strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> mugambi we wo <strong>ku</strong>yirimbura <strong>na</strong>yo ubwayo. Iyo yinjiza imyizerere ivuga ko<br />

425

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!