07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

abayiramya ni bake gusa. Abantu ibihumbi basenga ibyaremwe ariko bagahaka<strong>na</strong> Umuremyi<br />

wabyo. Nubwo ibigirwama<strong>na</strong> biri mu buryo butandukanye, gusenga ibishushanyo byiganje<br />

mu Bakristo b’iki gihe nk’uko byari biri mu Bisirayeli mu gihe cya Eliya. Ima<strong>na</strong> z’abiyita<br />

abahanga, abacurabwenge, abasizi, abategetsi, abanyama<strong>ku</strong>ru, ima<strong>na</strong> z’abanyabukorikori,<br />

ima<strong>na</strong> zo mu mashuri yisumbuye, no muri za Kaminuza, ndetse n’ima<strong>na</strong> zo mu bigo<br />

by’abihaye Ima<strong>na</strong>, zirushije ububi Baali, ariyo ma<strong>na</strong> y’izuba yo muri Fowenike.<br />

Nta cyaha mu byadutse mu Bakristo kibabaza cyane ubutegetsi bw’ijuru, nta <strong>na</strong> kimwe<br />

cyono<strong>na</strong> ibitekerezo, nta <strong>na</strong> kimwe gifite ingaruka ziyobya, nk’inyigisho za none, zikwiza<br />

hose kandi vuba ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> atakigenga abantu. Igihugu cyose kigira amategeko<br />

yacyo, agomba <strong>ku</strong>bahirizwa no gu<strong>ku</strong>rikizwa; nta butegetsi bwabaho budafite amategeko;<br />

none byashoboka bite ko Umuremyi w’isi n’ijuru atagira amategeko agenga ibyo yaremye?<br />

Tuvuge ko ababwiriza b’akataraboneka bigishije <strong>ku</strong> mugaragaro ko amabwiriza agenga<br />

igihugu cyabo kandi akarinda uburenganzira bw’abenegihugu, atakiri ngombwa, <strong>ku</strong>ko abuza<br />

abantu umudendezo, bityo akaba atagikwiriye <strong>ku</strong>bahirizwa; mbese umubwiriza nk’uwo<br />

yakwihanganirwa <strong>ku</strong> ruhimbi igihe kinga<strong>na</strong> iki ? None se, kwirengagiza amategeko ya leta<br />

z’isi n’ay’ibihugu byaba icyaha gikabije <strong>ku</strong>ruta gusiribanga amategeko mvajuru kandi ari yo<br />

rufatiro rw’ubutegetsi bwose?<br />

Byajyaga gukomerera cyane ibihugu gu<strong>ku</strong>raho amategeko yabyo, maze bikemerera<br />

abaturage gukora ikibabereye cyiza, <strong>ku</strong>ruta ko Umutegetsi w’isi n’ijuru ya<strong>ku</strong>raho amategeko<br />

ye, maze isi igasigara idafite itegeko riha<strong>na</strong> uwacumuye, cyangwa iritsindishiriza utariho<br />

urubanza. Mbese twajyaga <strong>ku</strong>menya ingaruka zituruka <strong>ku</strong> gu<strong>ku</strong>rwaho kw’amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong>? Byarageragejwe. Dutekereze ibintu biteye ubwoba byabaye mu gihugu<br />

cy’Ubufaransa ubwo igihugu cyategekwaga n’ubuhaka<strong>na</strong>ma<strong>na</strong>. Byagaragariye isi ko<br />

gu<strong>ku</strong>raho amabwiriza Ima<strong>na</strong> yashyizeho, ari ukwemera itegeko rikaze ry’ubugizi bwa <strong>na</strong>bi.<br />

Iyo urugero rw’ubutungane rushyizwe <strong>ku</strong> ruhande, umutware w’ibibi byose aba abonye inzira<br />

yo kwimika ingoma ye mu isi.<br />

Ahantu hose amategeko y’Ima<strong>na</strong> yanzwe, icyaha ntikiba kikigaragara nk’icyaha, cyangwa<br />

ngo gukiranuka kwifuzwe. Abanga <strong>ku</strong>mvira ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong>, <strong>na</strong> bo ubwabo<br />

ntibashobora kwitegeka. Binyuze mu nyigisho zabo z’ibinyoma, ingeso yo kwishyira hejuru<br />

yinjira mu mitima y’aba<strong>na</strong> no mu y’abasore, <strong>ku</strong>ko muri kamere yabo batihanganira<br />

kwitegeka; ntibifuza <strong>ku</strong>gira amategeko abagenga, ariko ntibite no <strong>ku</strong> ngaruka zizabaho<br />

hanyuma. Igihe bakoba cyane abihutira <strong>ku</strong>mvira amategeko y’Ima<strong>na</strong>, nibwo abantu benshi<br />

bemera ubuyobe bwa Satani batazuyaje. Bemera gutwarwa n’irari kandi bakitangira gukora<br />

ibyaha n’abapagani ubwabo babo<strong>na</strong> ko ari ibyo gucirwaho iteka.<br />

Abigisha abantu gusuzugura amategeko y’Ima<strong>na</strong>, babiba <strong>ku</strong>tumvira hakazasarurwa<br />

<strong>ku</strong>tumvira. Mureke amategeko mvajuru yirengagizwe yose uko yakabaye, amategeko<br />

y’abantu <strong>na</strong>yo azirengagizwa bidatinze. Kuko Ima<strong>na</strong> ibuzanya ibikorwa biteye isoni; kwifuza,<br />

<strong>ku</strong>beshya, kwiba, abantu biteguye <strong>ku</strong>ribata amategeko y’Ima<strong>na</strong>, bitwaza ko ababera inkomyi<br />

424

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!