Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba 422
Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 36 – Intambara Itutumba Guhera igihe intambara ikomeye yatangiriye mu ijuru, umugambi wa Satani wari uwo gukuraho amategeko y’Imana. Ibyo byagombaga gusohora ari uko atangiye kugomera Umuremyi we, kandi n’ubwo yaciwe mu ijuru, ariko aracyakomereje urugamba rwe mu isi. Kuyobya abantu no kubatera kwica amategeko y’Imana, nicyo kimushishikaje. Yasohoza umugambi we binyuze mu kwanga amategeko y’Imana yose, yakoresha gukuraho rimwe muri yo, uko byamera kose ingaruka zizaba zimwe. Umuntu ukurikiza Amategeko iyo agize rimwe ateshukaho, aba ameze nk’uyishe yose.’‘ 1 Kubwo gushaka gupfobya amabwiriza y’ijuru, Satani yagoretse amahame ya Bibiliya, maze amakosa yinjizwa mu myizerere y’abantu ibihumbi byinshi bavuga ubwabo ko bizera Ibyanditswe Byera. Amakimbirane akomeye kandi aheruka hagati y’ukuri n’ibinyoma ni rwo rugamba rumaze igihe kirekire kandi ruheruka izindi zose rurwanya amategeko y’Imana. Muri urwo rugamba turimo; urugamba ruhanganishije amategeko y’abantu n’ay’Imana, idini ya Bibiliya n’idini y’ibihimbano n’imigenzo. Imbaraga zishyize hamwe ngo zirwanye ukuri no gutungana, ubu zamaze gutangira umurimo wazo. Ijambo ryera ry’Imana ryatugezeho, binyuze mu mubabaro mwinshi n’amaraso menshi yamenetse, ariko ntiryahabwa agaciro gakwiye. Bibiliya igera ku bantu bose, ariko bake gusa nibo bemera ko iba umuyobozi w’ubugingo bwabo. Ubuhemu bukomeje gukwira hose mu buryo buteye agahinda, atari mu bantu bari ku isi gusa, ahubwo burarushaho kugwira no mu itorero. Benshi barahakana amahame ariyo shingiro nyakuri ry’ukwizera kwa Gikristo. Imirimo ikomeye y’irema nk’uko igaragazwa n’abanditsi bari bayobowe n’Umwuka Muziranenge, gucumura k’umuntu, uguhongerera, no guhoraho kw’amategeko y’Imana, byose byashyizwe iruhande, yaba ari byose uko byakabaye cyangwa umugabane umwe wabyo, bikozwe n’umugabane munini w’abantu biyita ko ari Abakristo. Ibihumbi byinshi by’abantu bibona kubwo kwishingikiriza ku buhanga bwabo no kumva bihagije babona ko gushyira ibyiringiro muri Bibiliya ari ubwenge buke; bagasanga ibyabo ari ikimenyetso cy’ingabire y’isumbwe maze bigatuma bishuka basobanura Ibyanditswe Byera birengagije ukuri kw’ibya Mwuka gukubiyemo. Ababwiriza benshi babigisha abizera babo, kandi abigisha benshi bigisha abanyeshuri babo ko amategeko y’Imana yahindutse cyangwa yavuyeho, maze abacyizera ko adahinduka kandi akwiriye gukomezwa, bagahindurwa ibishungero n’insuzugurwa. Iyo banze ukuri baba banze na Nyirako. Iyo baribata amategeko y’Imana baba bahakanye n’Uwayatanze. Biroroshye gukora igishushanyo cy’amahame n’inyigisho by’ibinyoma nko gukora igishushanyo kibajwe mu giti cyangwa mu mabuye. Kugira ngo agaragaze imico y’Imana uko itari, Satani yoshya abantu kuyikekaho imico y’ibinyoma. Kuri benshi, ikigirwamana cy’ubucurabwenge cyarimitswe maze Imana irimurwa; nyamara Imana Ihoraho nk’uko yigaragarije mu Ijambo ryayo, muri Kristo no mu mirimo itangaje yo kurema, 423
- Page 379 and 380: Itorero na Leta ku Rugamba Urwango
- Page 381 and 382: Itorero na Leta ku Rugamba imbaraga
- Page 383 and 384: Itorero na Leta ku Rugamba Petero a
- Page 385 and 386: Itorero na Leta ku Rugamba Ibindi b
- Page 387 and 388: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 389 and 390: Itorero na Leta ku Rugamba gisigaye
- Page 391 and 392: Itorero na Leta ku Rugamba Mu ntwar
- Page 393 and 394: Itorero na Leta ku Rugamba n’umun
- Page 395 and 396: Itorero na Leta ku Rugamba Muri icy
- Page 397 and 398: Itorero na Leta ku Rugamba Satani n
- Page 399 and 400: Itorero na Leta ku Rugamba Abandits
- Page 401 and 402: Itorero na Leta ku Rugamba “Dukur
- Page 403 and 404: Itorero na Leta ku Rugamba gukundwa
- Page 405 and 406: Itorero na Leta ku Rugamba w’Iman
- Page 407 and 408: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko se
- Page 409 and 410: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 411 and 412: Itorero na Leta ku Rugamba insangan
- Page 413 and 414: Itorero na Leta ku Rugamba Imyuka i
- Page 415 and 416: Itorero na Leta ku Rugamba budashid
- Page 417 and 418: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 419 and 420: Itorero na Leta ku Rugamba Ubuporot
- Page 421 and 422: Itorero na Leta ku Rugamba Gusenga
- Page 423 and 424: Itorero na Leta ku Rugamba imyaka i
- Page 425 and 426: Itorero na Leta ku Rugamba igiteker
- Page 427 and 428: Itorero na Leta ku Rugamba Nyamara
- Page 429: Itorero na Leta ku Rugamba byose by
- Page 433 and 434: Itorero na Leta ku Rugamba ituma ba
- Page 435 and 436: Itorero na Leta ku Rugamba yabo bag
- Page 437 and 438: Itorero na Leta ku Rugamba Imikorer
- Page 439 and 440: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 441 and 442: Itorero na Leta ku Rugamba kumenyek
- Page 443 and 444: Itorero na Leta ku Rugamba Imvugo y
- Page 445 and 446: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo igi
- Page 447 and 448: Itorero na Leta ku Rugamba rwo gupf
- Page 449 and 450: Itorero na Leta ku Rugamba murimo,
- Page 451 and 452: Itorero na Leta ku Rugamba bazunga
- Page 453 and 454: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 455 and 456: Itorero na Leta ku Rugamba Ijoro Ya
- Page 457 and 458: Itorero na Leta ku Rugamba umutima
- Page 459 and 460: Itorero na Leta ku Rugamba nyakujya
- Page 461 and 462: Itorero na Leta ku Rugamba kare uko
- Page 463 and 464: Itorero na Leta ku Rugamba ubutaber
- Page 465 and 466: Itorero na Leta ku Rugamba vuba.”
- Page 467 and 468: Itorero na Leta ku Rugamba cyangwa
- Page 469 and 470: Itorero na Leta ku Rugamba nyamara
- Page 471 and 472: Itorero na Leta ku Rugamba rusaku r
- Page 473 and 474: Itorero na Leta ku Rugamba ijwi rit
- Page 475 and 476: Itorero na Leta ku Rugamba kwavuzwe
- Page 477 and 478: Itorero na Leta ku Rugamba Asabwe n
- Page 479 and 480: Itorero na Leta ku Rugamba bareba n
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
Igice Cya 36 – Intambara Itutumba<br />
Guhera igihe intambara ikomeye yatangiriye mu ijuru, umugambi wa Satani wari uwo<br />
gu<strong>ku</strong>raho amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Ibyo byagombaga gusohora ari uko atangiye <strong>ku</strong>gomera<br />
Umuremyi we, kandi n’ubwo yaciwe mu ijuru, ariko aracyakomereje urugamba rwe mu isi.<br />
Kuyobya abantu no <strong>ku</strong>batera kwica amategeko y’Ima<strong>na</strong>, nicyo kimushishikaje. Yasohoza<br />
umugambi we binyuze mu kwanga amategeko y’Ima<strong>na</strong> yose, yakoresha gu<strong>ku</strong>raho rimwe muri<br />
yo, uko byamera kose ingaruka zizaba zimwe. Umuntu u<strong>ku</strong>rikiza Amategeko iyo agize rimwe<br />
ateshukaho, aba ameze nk’uyishe yose.’‘ 1<br />
Kubwo gushaka gupfobya amabwiriza y’ijuru, Satani yagoretse amahame ya Bibiliya,<br />
maze amakosa yinjizwa mu myizerere y’abantu ibihumbi byinshi bavuga ubwabo ko bizera<br />
Ibyanditswe Byera. Amakimbirane akomeye kandi aheruka hagati y’u<strong>ku</strong>ri n’ibinyoma ni rwo<br />
rugamba rumaze igihe kirekire kandi ruheruka izindi zose rurwanya amategeko y’Ima<strong>na</strong>.<br />
Muri urwo rugamba turimo; urugamba ruhanganishije amategeko y’abantu n’ay’Ima<strong>na</strong>, idini<br />
ya Bibiliya n’idini y’ibihimbano n’imigenzo.<br />
Imbaraga zishyize hamwe ngo zirwanye u<strong>ku</strong>ri no gutunga<strong>na</strong>, ubu zamaze gutangira<br />
umurimo wazo. Ijambo ryera ry’Ima<strong>na</strong> ryatugezeho, binyuze mu mubabaro mwinshi<br />
n’amaraso menshi yamenetse, ariko ntiryahabwa agaciro gakwiye. Bibiliya igera <strong>ku</strong> bantu<br />
bose, ariko bake gusa nibo bemera ko iba umuyobozi w’ubugingo bwabo. Ubuhemu<br />
bukomeje gukwira hose mu buryo buteye agahinda, atari mu bantu bari <strong>ku</strong> isi gusa, ahubwo<br />
burarushaho <strong>ku</strong>gwira no mu itorero. Benshi barahaka<strong>na</strong> amahame ariyo shingiro nya<strong>ku</strong>ri<br />
ry’ukwizera kwa Gikristo. Imirimo ikomeye y’irema nk’uko igaragazwa n’abanditsi bari<br />
bayobowe n’Umwuka Muziranenge, gucumura k’umuntu, uguhongerera, no guhoraho<br />
kw’amategeko y’Ima<strong>na</strong>, byose byashyizwe iruhande, yaba ari byose uko byakabaye cyangwa<br />
umugabane umwe wabyo, bikozwe n’umugabane munini w’abantu biyita ko ari Abakristo.<br />
Ibihumbi byinshi by’abantu bibo<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bwo kwishingikiriza <strong>ku</strong> buhanga bwabo no <strong>ku</strong>mva<br />
bihagije babo<strong>na</strong> ko gushyira ibyiringiro muri Bibiliya ari ubwenge buke; bagasanga ibyabo<br />
ari ikimenyetso cy’ingabire y’isumbwe maze bigatuma bishuka basobanura Ibyanditswe<br />
Byera birengagije u<strong>ku</strong>ri kw’ibya Mwuka gu<strong>ku</strong>biyemo. Ababwiriza benshi babigisha abizera<br />
babo, kandi abigisha benshi bigisha abanyeshuri babo ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> yahindutse<br />
cyangwa yavuyeho, maze abacyizera ko adahinduka kandi akwiriye gukomezwa,<br />
bagahindurwa ibishungero n’insuzugurwa.<br />
Iyo banze u<strong>ku</strong>ri baba banze <strong>na</strong> Nyirako. Iyo baribata amategeko y’Ima<strong>na</strong> baba bahakanye<br />
n’Uwayatanze. Biroroshye gukora igishushanyo cy’amahame n’inyigisho by’ibinyoma nko<br />
gukora igishushanyo kibajwe mu giti cyangwa mu mabuye. Kugira ngo agaragaze imico<br />
y’Ima<strong>na</strong> uko itari, Satani yoshya abantu <strong>ku</strong>yikekaho imico y’ibinyoma. Kuri benshi,<br />
ikigirwama<strong>na</strong> cy’ubucurabwenge cyarimitswe maze Ima<strong>na</strong> irimurwa; nyamara Ima<strong>na</strong> Ihoraho<br />
nk’uko yigaragarije mu Ijambo ryayo, muri Kristo no mu mirimo itangaje yo <strong>ku</strong>rema,<br />
423