Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba 422

Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 36 – Intambara Itutumba Guhera igihe intambara ikomeye yatangiriye mu ijuru, umugambi wa Satani wari uwo gukuraho amategeko y’Imana. Ibyo byagombaga gusohora ari uko atangiye kugomera Umuremyi we, kandi n’ubwo yaciwe mu ijuru, ariko aracyakomereje urugamba rwe mu isi. Kuyobya abantu no kubatera kwica amategeko y’Imana, nicyo kimushishikaje. Yasohoza umugambi we binyuze mu kwanga amategeko y’Imana yose, yakoresha gukuraho rimwe muri yo, uko byamera kose ingaruka zizaba zimwe. Umuntu ukurikiza Amategeko iyo agize rimwe ateshukaho, aba ameze nk’uyishe yose.’‘ 1 Kubwo gushaka gupfobya amabwiriza y’ijuru, Satani yagoretse amahame ya Bibiliya, maze amakosa yinjizwa mu myizerere y’abantu ibihumbi byinshi bavuga ubwabo ko bizera Ibyanditswe Byera. Amakimbirane akomeye kandi aheruka hagati y’ukuri n’ibinyoma ni rwo rugamba rumaze igihe kirekire kandi ruheruka izindi zose rurwanya amategeko y’Imana. Muri urwo rugamba turimo; urugamba ruhanganishije amategeko y’abantu n’ay’Imana, idini ya Bibiliya n’idini y’ibihimbano n’imigenzo. Imbaraga zishyize hamwe ngo zirwanye ukuri no gutungana, ubu zamaze gutangira umurimo wazo. Ijambo ryera ry’Imana ryatugezeho, binyuze mu mubabaro mwinshi n’amaraso menshi yamenetse, ariko ntiryahabwa agaciro gakwiye. Bibiliya igera ku bantu bose, ariko bake gusa nibo bemera ko iba umuyobozi w’ubugingo bwabo. Ubuhemu bukomeje gukwira hose mu buryo buteye agahinda, atari mu bantu bari ku isi gusa, ahubwo burarushaho kugwira no mu itorero. Benshi barahakana amahame ariyo shingiro nyakuri ry’ukwizera kwa Gikristo. Imirimo ikomeye y’irema nk’uko igaragazwa n’abanditsi bari bayobowe n’Umwuka Muziranenge, gucumura k’umuntu, uguhongerera, no guhoraho kw’amategeko y’Imana, byose byashyizwe iruhande, yaba ari byose uko byakabaye cyangwa umugabane umwe wabyo, bikozwe n’umugabane munini w’abantu biyita ko ari Abakristo. Ibihumbi byinshi by’abantu bibona kubwo kwishingikiriza ku buhanga bwabo no kumva bihagije babona ko gushyira ibyiringiro muri Bibiliya ari ubwenge buke; bagasanga ibyabo ari ikimenyetso cy’ingabire y’isumbwe maze bigatuma bishuka basobanura Ibyanditswe Byera birengagije ukuri kw’ibya Mwuka gukubiyemo. Ababwiriza benshi babigisha abizera babo, kandi abigisha benshi bigisha abanyeshuri babo ko amategeko y’Imana yahindutse cyangwa yavuyeho, maze abacyizera ko adahinduka kandi akwiriye gukomezwa, bagahindurwa ibishungero n’insuzugurwa. Iyo banze ukuri baba banze na Nyirako. Iyo baribata amategeko y’Imana baba bahakanye n’Uwayatanze. Biroroshye gukora igishushanyo cy’amahame n’inyigisho by’ibinyoma nko gukora igishushanyo kibajwe mu giti cyangwa mu mabuye. Kugira ngo agaragaze imico y’Imana uko itari, Satani yoshya abantu kuyikekaho imico y’ibinyoma. Kuri benshi, ikigirwamana cy’ubucurabwenge cyarimitswe maze Imana irimurwa; nyamara Imana Ihoraho nk’uko yigaragarije mu Ijambo ryayo, muri Kristo no mu mirimo itangaje yo kurema, 423

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 36 – Intambara Itutumba<br />

Guhera igihe intambara ikomeye yatangiriye mu ijuru, umugambi wa Satani wari uwo<br />

gu<strong>ku</strong>raho amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Ibyo byagombaga gusohora ari uko atangiye <strong>ku</strong>gomera<br />

Umuremyi we, kandi n’ubwo yaciwe mu ijuru, ariko aracyakomereje urugamba rwe mu isi.<br />

Kuyobya abantu no <strong>ku</strong>batera kwica amategeko y’Ima<strong>na</strong>, nicyo kimushishikaje. Yasohoza<br />

umugambi we binyuze mu kwanga amategeko y’Ima<strong>na</strong> yose, yakoresha gu<strong>ku</strong>raho rimwe muri<br />

yo, uko byamera kose ingaruka zizaba zimwe. Umuntu u<strong>ku</strong>rikiza Amategeko iyo agize rimwe<br />

ateshukaho, aba ameze nk’uyishe yose.’‘ 1<br />

Kubwo gushaka gupfobya amabwiriza y’ijuru, Satani yagoretse amahame ya Bibiliya,<br />

maze amakosa yinjizwa mu myizerere y’abantu ibihumbi byinshi bavuga ubwabo ko bizera<br />

Ibyanditswe Byera. Amakimbirane akomeye kandi aheruka hagati y’u<strong>ku</strong>ri n’ibinyoma ni rwo<br />

rugamba rumaze igihe kirekire kandi ruheruka izindi zose rurwanya amategeko y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Muri urwo rugamba turimo; urugamba ruhanganishije amategeko y’abantu n’ay’Ima<strong>na</strong>, idini<br />

ya Bibiliya n’idini y’ibihimbano n’imigenzo.<br />

Imbaraga zishyize hamwe ngo zirwanye u<strong>ku</strong>ri no gutunga<strong>na</strong>, ubu zamaze gutangira<br />

umurimo wazo. Ijambo ryera ry’Ima<strong>na</strong> ryatugezeho, binyuze mu mubabaro mwinshi<br />

n’amaraso menshi yamenetse, ariko ntiryahabwa agaciro gakwiye. Bibiliya igera <strong>ku</strong> bantu<br />

bose, ariko bake gusa nibo bemera ko iba umuyobozi w’ubugingo bwabo. Ubuhemu<br />

bukomeje gukwira hose mu buryo buteye agahinda, atari mu bantu bari <strong>ku</strong> isi gusa, ahubwo<br />

burarushaho <strong>ku</strong>gwira no mu itorero. Benshi barahaka<strong>na</strong> amahame ariyo shingiro nya<strong>ku</strong>ri<br />

ry’ukwizera kwa Gikristo. Imirimo ikomeye y’irema nk’uko igaragazwa n’abanditsi bari<br />

bayobowe n’Umwuka Muziranenge, gucumura k’umuntu, uguhongerera, no guhoraho<br />

kw’amategeko y’Ima<strong>na</strong>, byose byashyizwe iruhande, yaba ari byose uko byakabaye cyangwa<br />

umugabane umwe wabyo, bikozwe n’umugabane munini w’abantu biyita ko ari Abakristo.<br />

Ibihumbi byinshi by’abantu bibo<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bwo kwishingikiriza <strong>ku</strong> buhanga bwabo no <strong>ku</strong>mva<br />

bihagije babo<strong>na</strong> ko gushyira ibyiringiro muri Bibiliya ari ubwenge buke; bagasanga ibyabo<br />

ari ikimenyetso cy’ingabire y’isumbwe maze bigatuma bishuka basobanura Ibyanditswe<br />

Byera birengagije u<strong>ku</strong>ri kw’ibya Mwuka gu<strong>ku</strong>biyemo. Ababwiriza benshi babigisha abizera<br />

babo, kandi abigisha benshi bigisha abanyeshuri babo ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> yahindutse<br />

cyangwa yavuyeho, maze abacyizera ko adahinduka kandi akwiriye gukomezwa,<br />

bagahindurwa ibishungero n’insuzugurwa.<br />

Iyo banze u<strong>ku</strong>ri baba banze <strong>na</strong> Nyirako. Iyo baribata amategeko y’Ima<strong>na</strong> baba bahakanye<br />

n’Uwayatanze. Biroroshye gukora igishushanyo cy’amahame n’inyigisho by’ibinyoma nko<br />

gukora igishushanyo kibajwe mu giti cyangwa mu mabuye. Kugira ngo agaragaze imico<br />

y’Ima<strong>na</strong> uko itari, Satani yoshya abantu <strong>ku</strong>yikekaho imico y’ibinyoma. Kuri benshi,<br />

ikigirwama<strong>na</strong> cy’ubucurabwenge cyarimitswe maze Ima<strong>na</strong> irimurwa; nyamara Ima<strong>na</strong> Ihoraho<br />

nk’uko yigaragarije mu Ijambo ryayo, muri Kristo no mu mirimo itangaje yo <strong>ku</strong>rema,<br />

423

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!