07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

igahoshwa n’amaturo umuntu ayituye n’imirimo akoze ababaza umubiri we <strong>ku</strong>gira ngo<br />

yerekane ko ababajwe n’icyaha cye!<br />

Nubwo ubuhenebere bwarushagaho kwiyongera mu bantu bose, ndetse no mu bayobozi<br />

b’itorero ry’i Roma, imbaraga z’itorero zasaga n’iziyongera mu buryo butajegajega. Ahaga<strong>na</strong><br />

mu mpera z’ikinyeja<strong>na</strong> cya mu<strong>na</strong>ni, abagatolika b’i Roma bavuze ko no mu myaka ibanza<br />

y’itorero abepisikopi b’i Roma bahoranye ububasha bwo mu by’umwuka nk’ubwo <strong>na</strong> bo bari<br />

bafite. Kugira ngo bashimangire icyo kinyoma kibe ihame, bagombaga <strong>ku</strong>gira uburyo<br />

bakoresha <strong>ku</strong>gira ngo gise n’igifite imbaraga, kandi se w’ibinyoma ni we wabubigishije.<br />

Abapadiri bahimbye inyandiko bazita iza kera. Bashyize ahagaragara amategeko abantu batari<br />

barigeze babwirwa yashyizweho n’i<strong>na</strong>ma z’itorero, yavugaga ko uhereye kera kose papa afite<br />

ububasha bwo <strong>ku</strong>yobora itorero <strong>ku</strong> isi yose. Ubwo itorero ryari ryaranze u<strong>ku</strong>ri ryasamiye<br />

hejuru ibyo binyoma.<br />

Abizera bake b’indahemuka bari barubatse <strong>ku</strong> rufatiro nya<strong>ku</strong>ri (1Abakorinto 3:10, 11) bari<br />

bababaye kandi babangamiwe ubwo amanjwe y’inyigisho z’ibinyoma yakomaga umurimo<br />

w’Ima<strong>na</strong> mu nkokora. Bamwe muri bo bari biteguye <strong>ku</strong>vuga nk’abubatse in<strong>ku</strong>ta za<br />

Yerusalemu mu gihe cya Nehemiya, bati: “ Abikorezi bacitse intege, kandi hariho ibishingwe<br />

byinshi. Nuko ntitukibashije <strong>ku</strong>baka inkike.” Nehemiya 4:10. Kubera <strong>ku</strong>zahazwa no guhora<br />

bahanganye n’akarengane, guhora barwanya uburiganya n’icyaha ndetse no guhora barwanya<br />

ibindi bisitaza Satani yashoboraga <strong>ku</strong>bashyira imbere ngo arogoye urugendo rwabo, bamwe<br />

mu bari barabaye abubatsi b’indahemuka bageze ubwo bacogora; maze <strong>ku</strong>bwo gushaka<br />

umutekano n’ubusugire bw’imitungo yabo n’ubuzima bwabo, bava <strong>ku</strong> rufatiro nya<strong>ku</strong>ri bari<br />

barubatseho. Ariko abandi batigeze bahungabanywa n’ibitero by’abanzi babo, bavuze bashize<br />

amanga bati: «Ntimubatinye; mwibuke Uwiteka, Umwami ukomeye uteye ubwoba»<br />

(Nehemiya 4:14); maze bakomeza umurimo wabo, buri wese acigatiye inkota ye. Abefeso<br />

6:17.<br />

Uwo mutima wo kwanga no <strong>ku</strong>rwanya u<strong>ku</strong>ri wakomeje <strong>ku</strong>garagara mu banzi b’Ima<strong>na</strong><br />

babayeho mu bihe byose byagiye bi<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>, kandi <strong>na</strong> none umutima wo <strong>ku</strong>ba maso<br />

n’ubudahemuka ni wo abagaragu bayo bagiye basabwa <strong>ku</strong>gira. Amagambo Kristo yabwiye<br />

abigishwa be ba mbere aza<strong>na</strong>gumya <strong>ku</strong>bwirwa abayoboke be bose <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> mperuka y’ibihe<br />

:« Icyo mbabwiye, ndakibwira bose nti ‘Mube maso’.” Mariko 13:37.<br />

Umwijima wasaga n’urushaho <strong>ku</strong>budika. Gusenga igishushanyo byarushijeho gukwira mu<br />

bantu bose. Baca<strong>na</strong>ga amatara imbere y’ibishushanyo kandi bakabisenga. Imigenzo<br />

idasobanutse ndetse n’ubupfumu byakomeje kwiyongera. Ibitekerezo by’abantu byose<br />

byayoborwaga n’imyumvire n’imigenzo bipfuye <strong>ku</strong> buryo gutekereza bashyize mu gaciro<br />

byasaga n’ibyaganjwe. Niba abapadiri n’abepisikopi ubwabo bari abantu bi<strong>ku</strong>ndira ibinezeza,<br />

bategekwa n’irari kandi barangiritse mu bijyanye n’imico mbonera; ikintu kimwe umuntu yari<br />

kwitega <strong>ku</strong> bantu babareberagaho ni ugusaya mu bujiji no mu bukozi bw’ibibi.<br />

35

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!