07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nyamara n’ubwo bakoresheje imbaraga <strong>ku</strong>gira ngo icyumweru kibe umunsi muziranenge,<br />

abapapa ubwabo bemeraga <strong>ku</strong> mugaragaro ko Isabato yashyizweho n’Ima<strong>na</strong>, kandi bakemera<br />

ko ya<strong>ku</strong>weho n’umuntu. Mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> bitandatu, i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru y’ubupapa<br />

yashyize <strong>ku</strong> mugaragaro itegeko rivuga ngo, “Abakristo bose bibuke ko umunsi wa karindwi<br />

wejejwe n’Ima<strong>na</strong>, kandi warakiriwe ura<strong>na</strong>komezwa, bitari <strong>ku</strong> Bayuda gusa, ahubwo<br />

wa<strong>na</strong>komejwe n’abantu bose baramya Ima<strong>na</strong>; n’ubwo twebwe abakristo, twahinduye Isabato<br />

yabo tukayishyira <strong>ku</strong> munsi w’Umwami wacu.’‘ Abakinisha <strong>ku</strong>gomera itegeko ry’Ima<strong>na</strong>,<br />

ntabwo bari bayobewe icyo bakora icyo ari cyo. Ubwabo bishyize hejuru y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> bushake.<br />

Amategeko ya Roma ajyanye n’uko bagenzaga abo batavugaga rumwe, yashyizwe mu<br />

bikorwa mu cyitegererezo gikomeye batanze cyo gukomeza <strong>ku</strong>vusha amaraso bamwe mu<br />

Abawalidensi bakomezaga Isabato, barenganywa mu buryo buteye ubwoba. Abandi <strong>na</strong>bo<br />

bababajwe mu buryo nk’ubwo bazira <strong>ku</strong>ba indahemuka <strong>ku</strong> itegeko rya kane. Amateka<br />

y’itorero mu gihugu cya Etiyopiya <strong>na</strong> Abisiniya abisobanura neza. Hagati mu myaka<br />

y’umwijima, Abakristo bo muri Afrika yo hagati babaye nk’abibagiranye <strong>ku</strong> isi, maze hashira<br />

ibinyeja<strong>na</strong> byinshi banejejwe n’umudendezo bafite wo guhamya kwizera kwabo. Ariko <strong>ku</strong><br />

iherezo, Roma yaje kwibuka ko <strong>na</strong>bo babaho, kandi Umwami w’abami w’Abisiniya aherako<br />

yemera ububasha bwa Papa ko ari umusimbura wa Kristo <strong>ku</strong> isi. Nuko amatorero a<strong>ku</strong>rikiraho.<br />

Hashyizweho itegeko ribuzanya <strong>ku</strong>ruhuka Isabato kandi riteganya ibihano bikomeye <strong>ku</strong><br />

batazari<strong>ku</strong>rikiza. 11 Ariko bidatinze, uburetwa bw’ubupapa buhindukira Abanyabisiniya<br />

ingoyi ikomeye <strong>ku</strong>geza ubwo bafata icyemezo cyo <strong>ku</strong>yigobotora. Nyuma y’intambara<br />

itoroshye, <strong>Itorero</strong> rya Roma riratsindwa rivanwa <strong>ku</strong> butegetsi, maze imyizerere yariho mbere<br />

igarurwa mu mwanya wazo. Amatorero yanejejwe n’uwo mudendezo, kandi ntibigeze<br />

bagirwa isomo ba<strong>ku</strong>ye mu bushukanyi, ubwaka, no gukabya bya Roma. Muri uko <strong>ku</strong>baho<br />

ukwabo, banyuzwe no gusigara ari intamenyeka<strong>na</strong> mu bindi bihugu bya Gikristo.<br />

Amatorero yo muri Afurika yakomezaga Isabato nk’uko itorero Gatolika ryayikomezaga<br />

mbere yuko ryinjira mu buhakanyi nya<strong>ku</strong>ri. Igihe bakomezaga umunsi wa karindwi bumvira<br />

itegeko ry’Ima<strong>na</strong>, barekaga no <strong>ku</strong>gira imirimo bakora <strong>ku</strong> wa mbere w’iminsi irindwi<br />

(Dimanche) nk’uko byari umuco w’itorero. Bamaze <strong>ku</strong>mva bafite ububasha bukomeye, Roma<br />

yasiribanze Isabato y’Ima<strong>na</strong> igamije kwi<strong>ku</strong>za; ariko amatorero yo muri Afurika akomeza<br />

<strong>ku</strong>byikinga hashira imyaka hafi igihumbi atarafatanya <strong>na</strong> Roma muri ubwo buhakanyi. Ubwo<br />

bari munsi y’ubutegetsi bw’i Roma, bahatiwe <strong>ku</strong>reka Isabato y’u<strong>ku</strong>ri bakomeza iy’ibinyoma;<br />

ariko bitinze babonye ubwigenge maze bagaruka <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>mvira itegeko rya kane.<br />

Ibyabaye mu gihe cyahise byereka<strong>na</strong> neza urwango Roma ifitiye Isabato y’u<strong>ku</strong>ri<br />

n’abayikomeza n’uburyo ikoresha <strong>ku</strong>gira ngo iheshe i<strong>ku</strong>zo umuhango yishyiriyeho. Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong> ryigisha ko ibyo bizongera <strong>ku</strong>baho, ubwo ubupapa n’ubuporotesitanti bizihuza<br />

<strong>ku</strong>gira ngo bahatire abantu <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi wa mbere w’icyumweru (dimanche).<br />

Ubuhanuzi bwo mu Byahishuwe 13 bwereka<strong>na</strong> ko ububasha bugaragazwa n’inyamaswa<br />

y’amahembe nk’ay’umwa<strong>na</strong> w’intama buzahatira ‘’isi n’abayituye bose,’‘ <strong>ku</strong>ramya ubupapa<br />

419

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!