07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

igitekerezo cy’uko Isabato, ariwo munsi wa karindwi, Kristo yayihinduyemo Icyumweru<br />

(umunsi wa mbere w’icyumweru). Nyamara ariko, nta buhamya <strong>na</strong> bumwe yashoboye <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong><br />

mu Byanditswe Byera bwemeza izo nyigisho nshya. Eusebius ubwe, n’ubwo atabishakaga,<br />

yemeye ko atari u<strong>ku</strong>ri kandi yereka<strong>na</strong> ba nyiri iyo mpinduka. Aravuga ati, “Ibintu byose<br />

byagombaga gukorwa <strong>ku</strong> munsi w’Isabato, “twabyimuriye <strong>ku</strong> munsi w’Umwami”. 7 N’ubwo<br />

igitekerezo cy’umunsi wa mbere w’icyumweru nta shingiro cyari gifite, cyakoreshejwe mu<br />

gutinyura abantu <strong>ku</strong>ribata Isabato y’Uwiteka Nyiringabo. Abifuje bose icyubahiro cyo mu isi,<br />

bahisemo iminsi mi<strong>ku</strong>ru ya gipagani.<br />

Uko ubupapa bwakomeje gushinga imizi, niko n’umunsi w’Icyumweru wakomeje<br />

guhabwa i<strong>ku</strong>zo. Nyuma y’igihe gito, abaturage bakomeje imirimo yabo y’ubuhinzi, igihe<br />

babaga batagiye mu rusengero, maze umunsi wa karindwi ukomeza gufatwa nk’Isabato.<br />

Ariko ihinduka rigakorwa buhoro buhoro. Abakozi bo mu nkiko babujijwe guca imanza<br />

z’abaturage <strong>ku</strong> munsi wa mbere w’icyumweru. Nyuma ho gato, abantu bose, mu nzego izo<br />

arizo zose, bategekwa <strong>ku</strong>reka imirimo yose, maze abakoze <strong>ku</strong> cyumweru, abatari<br />

inkoreragahato bagacibwa ibihano <strong>na</strong>ho abagaragu bagahanishwa gu<strong>ku</strong>bitwa ibiboko. Nyuma<br />

y’aho, haje gutangwa itegeko ko abakire bazagira umurimo wose bakora <strong>ku</strong> cyumweru<br />

bazahanishwa igihano cyo <strong>ku</strong>nyagwa kimwe cya kabiri cy’umugabane w’ubutunzi bwabo;<br />

maze batava <strong>ku</strong> izima, bakazahindurwa inkoreragahato. Abakene bo hasi bagombaga gucibwa<br />

mu gihugu buheriheri.<br />

Ha<strong>ku</strong>rikiyeho kwitabaza ibitangaza by’ibihimbano. Muri ibyo bitangaza havuzwemo<br />

icy’umugabo umwe ngo wagiye mu murima guhinga <strong>ku</strong> cyumweru afata icyuma cyo<br />

guha<strong>na</strong>gura igitaka <strong>ku</strong> isuka ye, cya cyuma ngo kimushinga mu kiganza, akimara<strong>na</strong> imyaka<br />

ibiri akigenda<strong>na</strong> ‘’aribwa cyane kandi afite isoni nyinshi” 8.<br />

Nyuma y’aho, Papa yategetse abapadiri bayobora paruwasi ko bagomba guha<strong>na</strong><br />

bihanukiriye abazazirura Icyumweru, bakabatumira <strong>ku</strong>jya <strong>ku</strong>vuga amasengesho muri Kiliziya<br />

<strong>ku</strong>gira ngo batihamagarira imivumo ubwabo hamwe n’abaturanyi babo. I<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru<br />

y’amatorero yashyigikiye icyo gitekerezo ivuga ko n’abaporotesitanti byababayeho kenshi,<br />

bitewe n’uko hari abantu bakoze <strong>ku</strong> cyumweru maze ba<strong>ku</strong>bitwa n’in<strong>ku</strong>ba. Niyo mpamvu uwo<br />

munsi koko ugomba <strong>ku</strong>ba uw’Isabato. Abayobozi b’amatorero baravuga bati, Ibyo bigaragaza<br />

“uburyo Ima<strong>na</strong> yarakariye bikabije abantu bazirura uwo munsi.’‘ Abatambyi, abapasitoro,<br />

abami, ibikomangoma, n’abizera bose, bongeye <strong>ku</strong>rarikirwa ‘’gukora uko bashoboye kose,<br />

<strong>ku</strong>gira ngo uwo munsi uziririzwe nk’uko biwukwiriye, kandi nk’uko bi<strong>na</strong>kwiranye<br />

n’ubukristo, maze mu idini uwo munsi ukaziririzwa no mu bihe bizaza’‘. 8<br />

Kuko amategeko-teka y’i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru z’idini atari ahagije, ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong> bwasabwe<br />

gushyiraho itegeko-teka ry’iterabwoba riza<strong>ku</strong>ra abantu imitima, rikabahatira guhagarika<br />

imirimo <strong>ku</strong> Cyumweru. Mu <strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru yabereye i Roma, imyanzuro yose yari<br />

yarashyizweho mbere yongeye kwemezwa, kandi barushaho <strong>ku</strong>yashyiramo umurego. Maze<br />

417

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!