07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Muri ubwo buhendanyi bukomeye kandi bunyuranye nimwo umutware w’ibibi byose<br />

asohoreza umugambi we wo gusebya Ima<strong>na</strong> no guheza umuntu mu butindi. Kandi nk’uko<br />

tubo<strong>na</strong> uko Satani ashobora kwiyoberanya, agasohoza umugambi we yifashishije abayobozi<br />

b’itorero, dushobora gusobanukirwa neza impamvu arwanya Bibiliya cyane. Iki Gitabo<br />

nikiramuka gisomwe, imbabazi n’ uru<strong>ku</strong>ndo by’Ima<strong>na</strong> bizahishurwa; bizagaragara ko Ima<strong>na</strong><br />

itagira n’umwe yikoreza umutwaro uremereye. Nta kindi idusaba uretse umutima umenetse,<br />

ushenjaguwe, wicisha bugufi, n’umwuka wo <strong>ku</strong>mvira.<br />

Nta cyitegererezo Yesu yadusigiye mu mibereho ye cy’uko abagabo n’abagore bakwiriye<br />

kwifungiranira mu mazu y’abihaye Ima<strong>na</strong>, ngo babone <strong>ku</strong>ba babonereye <strong>ku</strong>jya mu ijuru.<br />

Ntaho yigeze yigisha ko uru<strong>ku</strong>ndo n’imbabazi bikwiriye <strong>ku</strong>gira ikindi kintu kibisimbura.<br />

Umutima w’Umukiza wahoraga usabwe n’uru<strong>ku</strong>ndo. Uko umuntu arushaho kwegera<br />

ubutungane mu bya mwuka, ni ko intekerezo ze zihumuka, uko arushaho gusobanukirwa<br />

icyaha ni <strong>na</strong>ko yimbika mu <strong>ku</strong>girira impuhwe ubabaye. Papa yiyise uhagarariye Kristo <strong>ku</strong> isi;<br />

ariko se ni buryo ki imico ye igereranywa n’iy’Umukiza wacu? Mbese hari abo Yesu yigeze<br />

ashyira mu nzu y’imbohe cyangwa ngo bababazwe <strong>ku</strong>bera ko batamuhaye icyubahiro<br />

nk’Umwami w’ijuru ? Mbese hari uwigeze <strong>ku</strong>mva ijwi rye acira abantu urubanza rwo gupfa<br />

<strong>ku</strong>bera ko batamwemeye ? Igihe abaturage bo mu mudugudu wa Samariya bamwiruka<strong>na</strong>ga<br />

bakanga <strong>ku</strong>mucumbikira, intumwa Yoha<strong>na</strong> yararakaye, iramubaza ati, “Nyagasani urashaka<br />

ko dutegeka umuriro ngo uve mu ijuru ubatsembe bose bashireho nk’uko Eliya yabigenje?<br />

Yesu yarebye abigishwa be yumva abababariye, maze acyaha uwo mwuka mubi wari ubarimo<br />

ati “Umwa<strong>na</strong> w’umuntu ntiyaje <strong>ku</strong>rimbura abantu, ahubwo yazanywe no <strong>ku</strong>baha ubugingo.’‘<br />

5 Mbega u<strong>ku</strong>ntu umutima wa Kristo utandukanye cyane n’uwo uwiyitaga ko amuhagarariye<br />

<strong>ku</strong> isi!<br />

Muri iki gihe itorero ry’i Roma ryereka<strong>na</strong> uruhande rwiza imbere y’amahanga, ariko<br />

rikikingiriza gusaba imbabazi <strong>ku</strong>bwo ubugome buteye ubwoba rizwiho. Ryiyambika<br />

imyambaro ya gikristo; nyamara ntiryahindutse. Amahame yose ubupapa bwagenderagaho<br />

mu bihe byashize buracyaya<strong>ku</strong>rikiza <strong>na</strong> bugingo n’ubu. Nan’ubu riracyagendera <strong>ku</strong> nyigisho<br />

ryihimbiye mu gihe cy’umwijima. Ntihakagire umuntu wishuka. Ubwo bupapa, ubu<br />

Abaporotesitanti biteguye gupfukamira ni bumwe <strong>na</strong> bwa bundi bwategekaga isi mu gihe<br />

cy’Ubugorozi, igihe abantu b’Ima<strong>na</strong> bahagurukiraga icyarimwe, bigatuma bahara amagara<br />

yabo, bagashyira ahagaragara ubugome bwaryo. Ubupapa buracyafite ubwibone no kwishyira<br />

hejuru bwategekeshaga abami n’ibikomangoma buvuga ko buhwanye n’Ima<strong>na</strong>. <strong>Itorero</strong><br />

ntiryagabanyije ubugome bwaryo cyangwa gutegekesha igitugu <strong>ku</strong>ruta mu gihe<br />

bwasiribangaga ubudendezo w’ikiremwa muntu, bukamarira <strong>ku</strong> icumu abera b’Isumbabyose.<br />

Ubupapa buhwanye rwose n’uko ubuhanuzi bubuvuga ko ari bwo buzaba ubuhakanyi<br />

bukomeye bwo mu bihe biheruka. Kwereka<strong>na</strong> imico yatuma bugera <strong>ku</strong> mugambi wabwo<br />

neza; ni rimwe mu mategeko abugenga; ariko muri uko kwihinduranya nk’uruvu, buhisha<br />

ubumara budahinduka nk’ubwo inzoka. Baravuga bati “Kwizera nti<strong>ku</strong>gomba <strong>ku</strong>girwa<br />

n’abahakanyi, haba n’abakekwaho <strong>ku</strong>gira ubuhakanyi.’‘ 6Mbese ubwo bubasha bumaze<br />

414

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!