07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Gusenga ibishushanyo n’imibiri y’abapfuye, kwiyambaza abatagatifu, no guha Papa<br />

i<strong>ku</strong>zo, ibyo byose ni ubuhendanyi bwa Satani bwo <strong>ku</strong>va<strong>na</strong> ibitekerezo by’abantu <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> no<br />

<strong>ku</strong> Mwa<strong>na</strong> wayo. Kugira ngo abageze mu irimbukiro, yihatira gu<strong>ku</strong>ra intekerezo zabo k’Uwo<br />

bashobora <strong>ku</strong>boneramo agakiza gusa. Aberekeza <strong>ku</strong> kintu cyose cyashobora gusimbura<br />

Uwavuze ati:“Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange mbaruhure.” 4<br />

Satani akora<strong>na</strong> umwete mwinshi <strong>ku</strong>gira ngo agaragaze imico y’Ima<strong>na</strong> uko itari, kamere<br />

y’icyaha, n’ipfundo nya<strong>ku</strong>ri ry’intambara ikomeye. Ubuhanga bwe bupfobya icyo amategeko<br />

mvajuru asaba maze bugaha abantu uburenganzira bwo gukora icyaha. Nanone kandi, atuma<br />

abantu bagira imyumvire ipfuye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo bayitinye kandi bayange aho <strong>ku</strong>yi<strong>ku</strong>nda.<br />

Ubugizi bwa <strong>na</strong>bi Satani asanganywe mu mico ye, abwi<strong>ku</strong>raho maze akabugereka <strong>ku</strong><br />

Muremyi; ibyo abikora mu rwego rw’idini maze bigasohozwa mu buryo bwo <strong>ku</strong>ramya. Nuko<br />

ubwenge bw’abantu bukarindagira, maze Satani akabagira ingabo ze zirwanya Ima<strong>na</strong>. Kubwo<br />

<strong>ku</strong>goreka imico y’Ima<strong>na</strong>, amahanga ya gipagani yaboneyeho kwizera ko ari ngombwa<br />

gutamba ibitambo by’abantu <strong>ku</strong>gira ngo Ima<strong>na</strong> ibemere; maze ubugome buteye ubwoba<br />

bugakorwa bitwaje uburyo bunyuranye bwo gusenga ibigirwama<strong>na</strong>.<br />

<strong>Itorero</strong> Gatolika ry’i Roma ryahuje imigenzo ya gipagani n’iya gikristo, nk’uko itorero rya<br />

gipagani ryabigenje, ryereka<strong>na</strong> imico y’Ima<strong>na</strong> uko itari, ryibanda <strong>ku</strong> bikorwa bikabije<br />

ubugome kandi biyobya. Mu gihe Roma yashyirwaga hejuru bikomeye, hari ibikoresho<br />

byakoreshwaga mu iyica rubozo <strong>ku</strong>gira ngo abantu bemere inyigisho za Roma <strong>ku</strong> gahato.<br />

Hari harateguye igiti gisongoye cyo gutwikiraho abatemera amahame yabo. Bateguraga<br />

ubwicanyi bw’indengakamere utashobora gusobanura <strong>ku</strong>geza ubwo buzerekanwa <strong>ku</strong> munsi<br />

w’urubanza. Abanyacyubahiro bo mu itorero, bayobowe <strong>na</strong> Shebuja Satani bigishijwe<br />

guhimba uburyo bwose bukomeye bwo kwica urubozo kandi badahorahoje abatemera<br />

inyigisho zabo. Inshuro nyinshi, gushinyagurira abantu byakomezaga gukorwa <strong>ku</strong>geza aho<br />

umuntu a<strong>na</strong>nirwa <strong>ku</strong>byihanganira, maze aka<strong>na</strong>muka, akageza aho abo<strong>na</strong> ko gupfa ari byo<br />

byiza.<br />

Uko niko abahaka<strong>na</strong>ga inyigisho za Roma bagenzwaga. Naho abizera babo bo<br />

bahanishwaga gu<strong>ku</strong>bitwa imikoba, ubundi bakabicisha inzara, bagahanishwa <strong>ku</strong>babaza<br />

imibiri yabo uburyo bwose babo<strong>na</strong> ko bwababaza umutima. Kugira ngo bahamye neza ko<br />

ijuru ribemeye, abicuzaga ibyaha bicaga amategeko y’Ima<strong>na</strong>, bica amategeko y’ibyaremwe.<br />

Bigishwaga guca imirunga yashyizweho n’Ima<strong>na</strong> guhesha imigisha no <strong>ku</strong>nezeza abantu igihe<br />

bakiri <strong>ku</strong> isi. Amarimbi yuzuragamo miliyoni nyinshi z’abazize <strong>ku</strong>mara igihe cyabo <strong>ku</strong> isi<br />

bibabaza ngo bi<strong>ku</strong>remo ibyo kamere irarikira no <strong>ku</strong>bicubya, nk’aho ibyo bibatera gucumura<br />

<strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, no kwi<strong>ku</strong>ramo intekerezo n’amarangamutima ayo ariyo yose atuma batekereza<br />

bagenzi babo.<br />

Niba twifuza gusobanukirwa neza ubugome bwa Satani bwakozwe mu gihe cy’imyaka<br />

amaga<strong>na</strong> menshi, budakozwe n’abatarigeze <strong>ku</strong>menya Ima<strong>na</strong>, ahubwo bukaba bwarakozwe<br />

n’abakristo bakoreshejwe n’abakristo, dukwiriye gusa <strong>ku</strong>reba amateka y’itorero rya Roma.<br />

413

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!