07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’aho bemera ko iryo torero ry’i Roma nk’irembo ry’ijuru. Nta n’umwe usibye gusa<br />

abahagaze bashikamye <strong>ku</strong> rufatiro rw’u<strong>ku</strong>ri, imitima yabo ikemera <strong>ku</strong>gira mishya <strong>na</strong> Mwuka<br />

Muziranenge, nibo batazemera gutwarwa n’ibikorwa byaryo. Ibihumbi byinshi by’abantu<br />

batimenyereje <strong>ku</strong>ba<strong>na</strong> <strong>na</strong> Kristo, bazahururira kwizera ibindi bijya <strong>ku</strong>mera nk’Ima<strong>na</strong> nyamara<br />

ari nta mbaraga bifite. Bene iyo dini ni yo rubanda nyamwinshi bifuza.<br />

<strong>Itorero</strong> rihamya ko rifite uburenganzira bwo <strong>ku</strong>babarira abantu ibyaha, ryatumye<br />

abagatolika bumva bafite umudendezo wo gukora ibyaha; kandi itegeko ryo kwicuza ibyaha<br />

rigenda<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>babarirwa, <strong>na</strong>ryo risa n’irimara impungenge zo gukora ibibi. Upfukamira<br />

umuntu wacumuye, akemera kwicuza ibyaha amumenera amabanga ye n’ibyo atekereza mu<br />

mutima we, aba yiyononnye kandi atesheje agaciro ibyo atekereza mu mutima we byose.<br />

Kumenera umutambyi ibanga ry’ibyaha umuntu yakoze mu mibereho ye - nk’impabe,<br />

umunyabyaha upfa, ndetse kenshi <strong>na</strong> kenshi yabaswe n’ibisindisha no <strong>ku</strong>tirinda — uwo muntu<br />

imico mbonera ye ijya <strong>ku</strong> rwego rugayitse, kandi ingaruka ni ukwangirika. Uko atekereza<br />

Ima<strong>na</strong> abishyira <strong>ku</strong> rwego atekereza umuntu waguye mu cyaha, bitewe n’uko umutambyi aba<br />

ari mu cyimbo cy’Ima<strong>na</strong>. Uko kwiha<strong>na</strong> ibyaha umuntu yiha<strong>na</strong> <strong>ku</strong> wundi muntu, ni isoko<br />

ikomokamo ibibi byinshi byangiza isi kandi biyitegurira <strong>ku</strong>rimbuka guheruka. Nyamara<br />

aba<strong>ku</strong>nda kwinezeza, bashimishwa no kwaturira ibyaha byabo mugenzi wabo ufite kamere<br />

ipfa, <strong>ku</strong>ruta gukingurira Ima<strong>na</strong> imitima yabo. Birushaho <strong>ku</strong>ryohera kamere muntu kwicuza<br />

ibyaha <strong>ku</strong>ruta <strong>ku</strong>byiha<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>bireka; biroroshye <strong>ku</strong>babarisha umubiri kwambara ibigunira<br />

no kwisiga ivu no kwibohesha iminyururu <strong>ku</strong>ruta <strong>ku</strong>bamba irari ry’umubiri. Umutwaro<br />

uremereye ni uwo umutima wa kamere wifuza kwikorera <strong>ku</strong>ruta gucishwa bugufi n’uwo<br />

Yesu.<br />

Hari isano ikomeye iri hagati y’itorero ry’i Roma n’itorero ry’Abayuda ryo mu gihe Yesu<br />

yazaga bwa mbere. N’ubwo Abayuda bakandagiraga amategeko y’Ima<strong>na</strong> mu ibanga, <strong>ku</strong><br />

mugaragaro bereka<strong>na</strong>ga ko bayakomeza cyane ndetse <strong>ku</strong> giti cyabo bakongeraho n’undi<br />

mugereka w’umwihariko wo <strong>ku</strong>yakabiriza n’imigenzo yabo aribyo byatumye <strong>ku</strong>yakomeza<br />

bihinduka bigora<strong>na</strong> kandi biba umutwaro uremereye. Nk’uko Abayuda bavugaga ko<br />

bakomeza amategeko, n’itorero rya Roma rivuga ko ryubaha umusaraba. Baha i<strong>ku</strong>zo<br />

ikimenyetso cy’umubabaro wa Kristo, ariko mu bugingo bwabo bagahaka<strong>na</strong> Uwo<br />

cyerekezaho.<br />

Ubupapa bwujuje imisaraba muri kiliziya zabo, <strong>ku</strong> ntambiro no <strong>ku</strong> myambaro yabo.<br />

Ahantu hose uhasanga ikimenyetso cy’Umusaraba. Ahantu hose umusaraba uri harubahwa<br />

kandi hagahabwa i<strong>ku</strong>zo. Ariko inyigisho za Kristo zo bazihambye hagati y’imihango itagira<br />

umumaro, ubusobanuro bw’ibinyoma n’imigenzo idashyitse. Amagambo y’Umukiza<br />

yerekeye Abayuda b’abiyemezi cyane, akoreshwa no <strong>ku</strong> bayobozi b’itorero Gatolika b’i<br />

Roma: ‘’Bahambirira abantu imitwaro iremereye bakayibashyira <strong>ku</strong> ntugu nyamara bo bakaba<br />

batakwemera <strong>ku</strong>yikozaho n’urutoki.’‘ 3 Abantu bafite ibitekerezo bitunganye, bashyirwaho<br />

iterabwoba ryo guhora batinya umujinya w’Ima<strong>na</strong> bacumuyeho, igihe benshi mu<br />

banyacyubahiro mu itorero bidamarariye mu munezero w’ibyaha.<br />

412

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!