07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

amagambo Yesu yavuze ngo «ariko muzagambanirwa n’ababyeyi banyu, ndetse<br />

n’abavandimwe <strong>na</strong> bene wanyu n’incuti zanyu; bazicisha bamwe muri mwe. Muzangwa <strong>na</strong><br />

bose babahora izi<strong>na</strong> ryanjye.» Luka 21:16,17. Abizera bahuye n’akarengane gakaze <strong>ku</strong>ruta<br />

ako bari barigeze guhura <strong>na</strong> ko mbere, maze isi yose ihinduka isibaniro. Abagize <strong>Itorero</strong> rya<br />

Kristo bamaze imyaka amaga<strong>na</strong> menshi bihisha. Ibyo ni byo umuhanuzi yavuze ati : «Uwo<br />

mugore ahungira mu butayu, aho afite ahantu yateguriwe n’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bamugaburirireyo, <strong>ku</strong>mara iminsi igihumbi <strong>na</strong> maga<strong>na</strong> abiri <strong>na</strong> mirongo itandatu »<br />

Ibyahishuwe 12:6.<br />

Kujya <strong>ku</strong> butegetsi kw’itorero ry’i Roma kwabaye intangiriro y’ibihe by’Umwijima. Uko<br />

ububasha bw’iryo torero bwiyongeraga, ni ko n’umwijima warushagaho <strong>ku</strong>budika. Abantu<br />

bateshejwe kwizera Kristo, we rufatiro nya<strong>ku</strong>ri, basigara bizera Papa w’i Roma. Mu cyimbo<br />

cyo kwiringira Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> ngo abababarire ibyaha abahe n’agakiza k’iteka ryose,<br />

biringiraga Papa, n’abepisikopi ndetse n’abapadiri Papa yashyizeho ngo bamuhagararire.<br />

Bigishijwe ko Papa ari we muhuza wabo n’Ima<strong>na</strong> uri <strong>ku</strong> isi kandi ko ntawari gushobora<br />

kwegera Ima<strong>na</strong> atamunyuzeho, kandi <strong>na</strong> none ko Papa yari <strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong> bo ari mu cyimbo<br />

cy’Ima<strong>na</strong>, bityo ibyo bikaba byaravugaga ko agomba <strong>ku</strong>mvirwa. Kuda<strong>ku</strong>rikiza amategeko ya<br />

Papa byabaga ari impamvu yo gutuma ababikoze bahabwa igihano gikomeye kibabaza imibiri<br />

n’intekerezo byabo. Kubw’ibyo, abantu bateshejwe <strong>ku</strong>rangamira Ima<strong>na</strong> barangamira abantu<br />

bibeshya, bayoba kandi b’abagome, kandi si ibyo gusa ahubwo ikirenzeho barangamira<br />

Umutware w’umwijima wabakoreragamo. Icyaha cyiyoberanyije mu mwambaro<br />

w’ubutungane.<br />

Iyo Ibyanditswe Byera bi<strong>ku</strong>weho maze umuntu akiyereka<strong>na</strong> ko ari we uri hejuru ya byose,<br />

icyo dusigara tubo<strong>na</strong> gusa ni uburiganya, ibinyoma ndetse no guhenebera mu bibi. Uko<br />

kwimika amategeko n’imihango byashyizweho n’abantu byagaragaje kononekara <strong>ku</strong>zanwa<br />

no kwirengagiza amategeko y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Iyo minsi cyari igihe cy’akaga <strong>ku</strong> itorero rya Kristo. Nta gushidikanya, abantu bashikamye<br />

<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri batadohoka bari bakeya cyane. Nubwo u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>tigeze <strong>ku</strong>bura abaguhamya, hari ibihe<br />

wasangaga ikinyoma n’imigenzo ya gipagani bisa n’ibigiye <strong>ku</strong><strong>ku</strong>nesha byimazeyo, ndetse no<br />

gusenga Ima<strong>na</strong> mu buryo nya<strong>ku</strong>ri bigasa n’ibizageraho bigasibanga<strong>na</strong> <strong>ku</strong> isi. Ubutumwa<br />

bwiza bwari bwaribagiranye, nyamara imihango y’idini yo yakomeje kwiyongera maze<br />

abantu basigara bavunwa n’ibintu bikomeye basabwa gukora. Ntabwo bigishijwe gusa gutega<br />

amakiriro <strong>ku</strong>ri Papa bamufata nk’umuhuza wabo n’Ima<strong>na</strong>, ahubwo bigishijwe no kwiringira<br />

ko ibikorwa byabo ari byo biba impongano y’ibyaha byabo. Gukora ingendo ndende bajya<br />

ahantu bitaga ahaziranenge, gukora ibikorwa byo <strong>ku</strong>babaza imibiri yabo bihora ibyaha<br />

bakoze, <strong>ku</strong>ramya inzibutso z’abapfuye bitaga abaziranenge, <strong>ku</strong>baka insengero, <strong>ku</strong>baka<br />

inzibutso z’abo bitaga abaziranenge, <strong>ku</strong>baka aho gutambira ibitambo, gutanga amafaranga<br />

menshi mu itorero-- ibyo bikorwa byose ndetse n’ibindi bisa nk’ibyo ni byo abantu<br />

bahatirwaga gukora <strong>ku</strong>gira ngo bahoshe umujinya w’Ima<strong>na</strong>, cyangwa <strong>ku</strong>gira ngo Ima<strong>na</strong><br />

i<strong>ku</strong>nde ibagirire neza nk’aho Ima<strong>na</strong> imeze nk’abantu, ikaba irakazwa n’ubusa, cyangwa<br />

34

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!