07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

rero, mureke tugereranye amwe mu mahame shingiro ya <strong>Leta</strong> yacu n’amahame y’itorero<br />

Gatolika.<br />

‘‘Itegeko nshinga rya <strong>Leta</strong> zunze ubumwe za Amerika ritanga umudendezo<br />

w’umutima<strong>na</strong>ma <strong>ku</strong> muntu wese. Nta kindi kigeretseho.. Papa Pius IX, mu rwandiko rwe<br />

yandikiye abantu bose rwo <strong>ku</strong> wa 15 Ka<strong>na</strong>ma 1854 yaravuze ati: “Inyigisho ziteye urujijo<br />

kandi z’ibinyoma cyangwa za kinyamaswa zishyigikiye umudendezo w’umutima<strong>na</strong>ma ni<br />

kirimbuzi iyobya — ni icyorezo mu bindi byose, giteye ubwoba mu gihugu.’ Na none uwo<br />

Mupapa yongeye kwandika urundi rwandiko <strong>ku</strong> wa 8 U<strong>ku</strong>boza 1864 avuma “abemeza ko<br />

umuntu akwiye umudendezo w’umutima<strong>na</strong>ma n’uwo idini mu byo <strong>ku</strong>ramya,” hamwe<br />

n’abandi bose bashyigikiye ko itorero ridakwiriye gukoresha imbaraga. ”<br />

Ijwi ry’amahoro rya Roma muri <strong>Leta</strong> zunze ubumwe za Amerika, ntirisobanura ihinduka<br />

ry’umutima. Riba irinyambabazi aho rigaragara ko rikeneye gufashwa. Umwepisikopi witwa<br />

O’Connor aravuga ati: ‘Umudendezo w’idini uzabaho by’urwiyerurutso <strong>ku</strong>geza igihe<br />

hazashobora gukorwa ikinyuranije <strong>na</strong>wo ntibigire icyo bihungabanya abanyagatolika.’<br />

Umwepisikopi mu<strong>ku</strong>ru w’ahitwa Mutagatifu Ludoviko yigeze <strong>ku</strong>vuga ati:“Ubuhakanyi no<br />

<strong>ku</strong>tizera ni ubugome; kandi mu bihugu bya Gikristo, nko mu Butaliya<strong>na</strong> no muri Esipanye,<br />

aho abaturage bose ari Abagatolika, kandi idini Gatolika rikaba ariyo rigize umugabane<br />

w’ingenzi w’amategeko y’igihugu, ubuhakanyi no <strong>ku</strong>tizera bihanirwa nk’ubundi bugome. ...”<br />

‘‘Umukaridi<strong>na</strong>li wese, Umwepisikopi mu<strong>ku</strong>ru n’umwepisikopi wo mu itorero Gatolika,<br />

arahirira imbere ya Papa indahiro y’ubuyoboke, irimo amagambo a<strong>ku</strong>rikira: “Abahakanyi,<br />

abitandukanya n’abagomera ibyo wowe twita nyirubutungane (papa) wavuze, cyangwa<br />

ibizavugwa n’abazagusimbura, nzakora uko nshoboye kose, mbatoteze kandi mbarwanye. “<br />

2<br />

Ni koko mu itorero Gatolika, harimo abakristo nya<strong>ku</strong>ri. Abantu ibihumbi byinshi bo muri<br />

iryo torero bakorera Ima<strong>na</strong> ba<strong>ku</strong>rikije umucyo wabarasiye. Ntibemerewe kwiyigisha Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>, ni cyo gituma batigenzurira u<strong>ku</strong>ri. Ntabwo bigeze <strong>na</strong> rimwe babo<strong>na</strong> itandukaniro<br />

riri hagati yo gusenga guturutse <strong>ku</strong> mutima wiyeguriye Ima<strong>na</strong> n’ukw’icyitiriro, uko <strong>ku</strong>rangiza<br />

umihango. Ima<strong>na</strong> ireba<strong>na</strong> imbabazi n’impuhwe nyinshi bene abo bantu, bigishijwe kwizera<br />

gufuditse kandi <strong>ku</strong>dashyitse. Izohereza imirase y’umucyo irasire mu mwijima w’icuraburindi<br />

ubagose. Izabahishurira u<strong>ku</strong>ri nk’uko <strong>ku</strong>ri muri Yesu, kandi benshi bazafata icyemezo<br />

giheruka cyo gufatanya n’abantu bayo.<br />

Ariko ubugatolika bw’i Roma, bugendeye <strong>ku</strong> mategeko yabwo bwite, muri iki gihe<br />

ntibuvuga rumwe n’ubutumwa bwiza bwa Kristo nko mu bihe byabwo bya kera. Amatorero<br />

y’Abaporotesitanti ari mu mwijima w’icuraburindi, kandi bari bakwiriye <strong>ku</strong>genzura neza<br />

ibimenyetso by’ibihe. <strong>Itorero</strong> Gatolika ry’i Roma, ntiriragera <strong>ku</strong> mugambi wo gusohoza<br />

imigambi n’uburyo bw’imikorere byaryo. Rirakoresha uburyo bwose <strong>ku</strong>gira ngo rimenyekane<br />

hose kandi rigwize imbaraga zaryo mu gihe ryitegura intambara ikomeye yo kongera<br />

gutegeka isi yose, <strong>ku</strong>gira ngo ribone uko ryongera <strong>ku</strong>renganya no gu<strong>ku</strong>mira ibyo<br />

410

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!