07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 35 – Intego Z’Ubupapa<br />

Muri iki gihe Ubupapa bw’i Roma bwuzuye n’Ubuporotesitanti cyane <strong>ku</strong>ruta mu myaka<br />

ya kera. Mu bihugu bimwe aho Gatolika ifite abizera bake, kandi ubupapa bukaba bukora<br />

ibikorwa byo kwiyunga <strong>ku</strong>gira ngo bwireherezeho abantu, uhasanga hari u<strong>ku</strong>tita <strong>ku</strong> nyigisho<br />

zatumye amatorero y’ubugorozi atanduka<strong>na</strong> n’ubutegetsi bw’ubupapa; igitekerezo gikomeje<br />

gutangwa, bagira bati, ‘ <strong>na</strong> mbere hose, ubu ntitugitandukanye cyane <strong>ku</strong> ngingo z’ingenzi<br />

nk’uko byari bimeze mbere, kandi akantu gato k’umwihariko kari kadutandukanyije<br />

kazatuma twumvika<strong>na</strong> <strong>na</strong> Roma. Ibyo ni igihe Abaporotesitanti bahaga agaciro gakomeye<br />

umudendezo w’umutima<strong>na</strong>ma w’umuntu wari waramaze kwigarurirwa. Bigishaga aba<strong>na</strong><br />

babo ko bakwiriye <strong>ku</strong>gendera <strong>ku</strong>re ubupapa kandi ko gushaka <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> ubumwe <strong>na</strong> Roma,<br />

byaba ari u<strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong>. Mbega uko muri iki gihe ibyo bitekerezo bitandukanye n’uko<br />

byavugwaga mbere !<br />

Abashyigikiye Ubupapa bahamya ko itorero ryaharabitswe, kandi Abaporotesitanti<br />

bakomeje kwemera iyo mvugo. Abantu benshi bemeza ko bidakwiriye gucira urubanza<br />

itorero ryo muri iki gihe <strong>ku</strong>bera ibizira n’ibidatunganye byariranze mu gihe cy’imyaka<br />

y’ubujiji n’umwijima. Basabye imbabazi z’ubwo bugome buteye ubwoba nk’ingaruka<br />

z’ibikorwa by’ubunyamaswa bwo muri icyo gihe kandi bemeza ko iterambere ryo muri iki<br />

gihe ryahinduye ibitekerezo by’itorero.<br />

Mbese aba bantu baba baribagiwe ingingo ikomeye yari ishyizwe imbere n’ubwo bubasha<br />

bwishyize hejuru mu gihe cy’imyaka maga<strong>na</strong> i<strong>na</strong>ni ko badashobora <strong>ku</strong>gwa mu cyaha cyangwa<br />

gufudika? Nyuma y’igihe kirekire iyo mvugo iretswe, yongeye kwemezwa mu kinyeja<strong>na</strong> cya<br />

cumi n’icyenda, afite imbaraga ikomeye <strong>ku</strong>ruta mbere. Nk’uko Roma ibyemeza igira iti, ‘‘<br />

itorero ntiryibeshye; kandi ntirishobora kwibeshya, hagendewe <strong>ku</strong> Byanditswe, ntiriteze<br />

<strong>ku</strong>yoba’‘, 1 ni buryo ki ryashobora kwigarika amahame yaryo yarigenze imyaka myinshi?<br />

<strong>Itorero</strong> ry’ubupapa ntirizigera rireka guhamya ko ritibeshya. Ibyo ryakoze byose<br />

rirenganya abahakanye inyigisho zaryo, riracyahamya ko byari mu <strong>ku</strong>ri; ariko se ntirizongera<br />

gukora ibikorwa nk’ibyo ryakoze niriramuka ribonye umwanya? Mureke amategeko<br />

yashyizweho <strong>na</strong> leta z’isi a<strong>ku</strong>rweho maze Roma yongere gusubira<strong>na</strong> imbaraga yahoranye<br />

mbere, kandi ububyutse mu gutoteza n’akarengane yakoraga ntibizazuyaza kongera <strong>ku</strong>baho.<br />

Umwanditsi w’ikirangirire avuga <strong>ku</strong> myitwarire y’ubutegetsi bw’Ubupapa <strong>ku</strong> byerekeye<br />

umudendezo w’umutima<strong>na</strong>ma hamwe n’ama<strong>ku</strong>ba ateye ubwoba cyane cyane muri <strong>Leta</strong> zunze<br />

ubumwe z’Amerika atuma zitagera <strong>ku</strong> miyoborere yayo :<br />

‘‘Hari benshi babo<strong>na</strong> ko ubutegetsi bwa Gatolika y’i Roma bufite ubwoba muri <strong>Leta</strong> zunze<br />

ubumwe za Amerika <strong>ku</strong>bera uburyarya cyangwa <strong>ku</strong>tagira ibitekerezo bihamye. Bene abo nta<br />

cyo babo<strong>na</strong> mu mico no mu myitwarire y’Ubupapa kibangamiye uburenganzira bw’ibigo<br />

byacu byigenga, cyangwa ngo hagire ikintu kidasanzwe basanga mu majyambere yaryo. None<br />

409

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!