07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

budashidikanywa mu Ma<strong>na</strong> y’u<strong>ku</strong>ri. “Kuko witondeye ijambo ryo kwihanga<strong>na</strong> kwanjye,<br />

<strong>na</strong>njye nza<strong>ku</strong>rinda”, iryo ni isezerano ry’Umukiza. Yajyaga kohereza bidatinze buri mu<br />

marayika uvuye mu ijuru <strong>ku</strong>rinda abantu bayo, aho <strong>ku</strong>gira ngo umuntu umwe gusa uyiringira<br />

atsindwe <strong>na</strong> Satani.<br />

Umuhanuzi Yesaya agaragaza igishuko giteye ubwoba kizaza <strong>ku</strong> banyabyaha kigatuma<br />

bibwira ko batazagerwaho n’urubanza rw’Ima<strong>na</strong> agira ati: “Twagiranye isezerano n’urupfu,<br />

kandi twuzuye n’i<strong>ku</strong>zimu, igihe ibyago bizasandara <strong>ku</strong> isi bigahita<strong>na</strong> igihugu, ntibizatugeraho<br />

<strong>ku</strong>ko twiboneye ubuhungiro mu binyoma, tukaba twihishe mu buryarya”. 11 Muri iryo tsinda<br />

harimo abantu banze kwiha<strong>na</strong>, nyamara bakirema agatima ubwabo ko nta gihano kizagera <strong>ku</strong><br />

munyabyaha; ahubwo ngo abantu bose, uko ububi bwabo bwaba bunga<strong>na</strong> kose, bahabwa<br />

imyanya y’icyubahiro mu ijuru , bagasa n’abamarayika b’Ima<strong>na</strong>. Ariko ikirushije ibindi<br />

gutera ubwoba, ni ba bandi bagiranye isezerano n’urupfu kandi ba<strong>ku</strong>zura n’i<strong>ku</strong>zimu,<br />

barwanya u<strong>ku</strong>ri ijuru ryatanze ngo gukingire abakiranutsi mu gihe cy’ama<strong>ku</strong>ba, mu cyimbo<br />

cyako bakemera guhungira mu binyoma bya Satani, ari bwo <strong>ku</strong>yobya kw’imyuka<br />

y’abadayimoni.<br />

Igitangaje cyane kiruhije gusobanura, ni uburyo abantu bo muri iki gihe bahumye. Abantu<br />

ibihumbi byinshi banga Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> barifata nk’iridakwiye kwizerwa maze bakakira<br />

ibinyoma bya Satani batazuyaje. Abahakanyi n’abakobanyi bannyega abizera amagambo<br />

y’intumwa n’abahanuzi, maze ubwabo bagatandukira, bahinyura ibyo Ibyanditswe Byera<br />

bivuga <strong>ku</strong> byerekeye Kristo n’i<strong>na</strong>ma y’agakiza, n’ingororano zizahabwa abanze u<strong>ku</strong>ri. Ni abo<br />

<strong>ku</strong>girirwa imbabazi <strong>ku</strong>ko bafite ibitekerezo bigufi, ni abanyantege nke, ba<strong>ku</strong>rikiza imigenzo<br />

<strong>ku</strong>ko batamenya gu<strong>ku</strong>rikiza iby’Ima<strong>na</strong> ishaka ngo bumvire ibyo amategeko yayo asaba.<br />

Bagaragaza cyane ibyiringiro nk’aho bagiranye isezerano n’urupfu kandi bakaba buzura<br />

n’i<strong>ku</strong>zimu- wagirango bashinze urubibi ntavogerwa hagati yabo ubwabo no guhora<br />

kw’Ima<strong>na</strong>. Nta gishobora <strong>ku</strong>batera ubwoba. Nuko biyeguriye umushukanyi uko bakabaye,<br />

bifatanya <strong>na</strong>we, bahinduka isanga n’ingoyi, maze abuzuza umwuka we, <strong>ku</strong>gira ngo batabo<strong>na</strong><br />

imbaragan’ icyo bashingiraho bamwigobotora.<br />

Satani amaze igihe kirekire ategura igitero simusiga cyo <strong>ku</strong>yobya abari mu isi. Urufatiro<br />

rw’umurimo we rwatangijwe amagambo yabwiriye Eva mu murima wa Edeni ati: ” N’u<strong>ku</strong>ri<br />

gupfa ntimuzapfa”. ” Umunsi mwakiriyeho, amaso yanyu azahweza, mumere nk’ima<strong>na</strong> maze<br />

mumenye icyiza n’ikibi.” Buhoro buhoro akomeza gutegura inzira z’igishuko kiruta ibindi<br />

abinyujije mu myuka iyobya. Ntaragera <strong>ku</strong> musozo w’ibyo yateguye; ariko azawugeraho muri<br />

iki gihe gito gisigaye. Umuhanuzi aravuga ati: “Mbo<strong>na</strong> imyuka itatu mibi isa n’ibikeri... <strong>ku</strong>ko<br />

ari yo myuka y’abadayimoni ikora ibitangaza, igasanga abami bo mu isi yose ibahururize<br />

<strong>ku</strong>jya mu ntambara yo <strong>ku</strong> munsi ukomeye w’Ima<strong>na</strong> Ishoborabyose.” 12 Uretse abazaba<br />

barinzwe n’imbaraga y’Ima<strong>na</strong>, binyuze mu kwizera Ijambo ryayo, isi yose izarohama muri<br />

icyo gishuko gikabije ubwoba. Abantu bihutira gusinzirira mu mutekano w’urupfu,<br />

bazakangurwa gusa no gusukwa kw’umujinya w’Ima<strong>na</strong>.<br />

407

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!