Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Abantu bose bagundira ibyaha, cyangwa bagakora ibyaha nkana, baba bihamagariye ibishuko bya Satani. Bitandukanya n’Imana ubwabo kandi bakivana mu cyanya cy’uburinzi bw’abamarayika b’Imana; kandi igihe umurimbuzi abateze ikigoyi, basigaye batakigira ikibakingira, baherako bakagwa rugikubita. Abiyegurira gutegekwa n’imbaraga za Satani, ntibabasha kumenya iherezo ry’ubugingo bwabo. Iyo bamaze kurunduka, umushukanyi abagira igikoresho cyo kuroha abandi mu irimbukiro. Umuhanuzi Yesaya we yaravuze ati: “Abantu bazababwira kugisha inama abapfumu n’abashitsi, banwigira kandi bakongorera. Barabaza bati, “mbese abantu ntibari bakwiriye kwiyambaza imana zabo, bakagisha inama abapfuye bagirira abazima? Muzabasubize muti, Nimugarukire amabwiriza y’Uhoraho n’inyigisho ze. Utazabikurikiza, ntazongera kubona umuseke weya.” 8 Iyo abantu bagira ubushake bwo kwakira ukuri nk’uko kuri mu Byanditswe, ku byerekeye kamere y’umuntu n’imibereho y’abapfuye, bajyaga kuzabona mu mivugire no mu myitwarire y’abanyamyuka imbaraga za Satani zikora ibimenyetso n’ibitangaza biyobya. Ariko mu cyimbo cyo kureka ibinezeza imitima yabo ya kamere, n’ibyaha batonesheje, abantu benshi bahitamo guhumiririza amaso yabo mu mucyo kugira ngo bakomeze inzira zabo z’umwijima, bakirengagiza imiburo, igihe Satani we abatega imitego, ashaka kubahindura umuhigo we. “Kuko batemeye gukunda ukuri ngo bakizwe, nicyo gituma Imana izaboherereza ubuyobe bukomeye cyane butuma bemera ibinyoma”. 9 Abahakana inyigisho z’imyuka mibi, ntibaba barwana n’abantu gusa, ahubwo baba banarwana na Satani n’abamarayika be. Baba binjiye mu rugamba bahanganyemo n’ubutware n’imbaraga z’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru. Satani ntazabavirira na gato, keretse atsimbuwe n’imbaraga y’intumwa zo mu ijuru. Abantu b’Imana bakwiriye kwitegura guhangana nawe, nk’uko Umukiza wacu yabigenje, akoresheje, “Handitswe ngo”. Muri iki gihe, Satani nawe ashobora gutondagura ibyanditswe nk’uko yabikoze mu gihe cya Kristo, maze akagoreka inyigisho zera kugira ngo akomeze ubushukanyi bwe. Abashaka guhagarara bashikamye muri iki gihe cy’ibigeragezo bikomeye, bakwiriye kuba basobanukiwe n’ubuhamya bwo mu Byanditswe Byera. Benshi bazagendererwa n’imyuka y’abadayimoni, bihinduye nk’abantu babo bakundaga cyangwa incuti zabo, maze bavuge ibyo ubuhakanyi buteye ubwoba. Abo bashyitsi bazigaragaza nk’abadufitiye impuhwe kandi bakore ibitangaza kugira ngo bashyigikire imigambi yabo. Dukwiriye kwitegura guhangana nabo twitwaje ukuri kwa Bibiliya, duhamya ko abapfuye ntacyo bamenya kandi ko abo ari imyuka y’abadayimoni. N’ukuri ‘’isaha y’amakuba iradutegereje, ayo makuba agiye kuzakwira isi yose ngo agerageze abatuye isi.’‘ 10 Abazaba badafite kwizera gushingiye ku ijambo ry’Imana bazatsindwa. Satani arakoresha imitego yose yo gukiranirwa, kugira ngo yigarurire abana b’abantu, kandi imitego ye ntizacogora. Ariko ashobora gutsinda gusa ari uko abantu bamwemereye. Abashishikarira kumenya ukuri, bagaharanira kweza imitima yabo, binyuze mu kumvira, bakora uko bashoboye kose ngo bitegure iyo ntambara, bazabonera uburinzi 406

Itorero na Leta ku Rugamba budashidikanywa mu Mana y’ukuri. “Kuko witondeye ijambo ryo kwihangana kwanjye, nanjye nzakurinda”, iryo ni isezerano ry’Umukiza. Yajyaga kohereza bidatinze buri mu marayika uvuye mu ijuru kurinda abantu bayo, aho kugira ngo umuntu umwe gusa uyiringira atsindwe na Satani. Umuhanuzi Yesaya agaragaza igishuko giteye ubwoba kizaza ku banyabyaha kigatuma bibwira ko batazagerwaho n’urubanza rw’Imana agira ati: “Twagiranye isezerano n’urupfu, kandi twuzuye n’ikuzimu, igihe ibyago bizasandara ku isi bigahitana igihugu, ntibizatugeraho kuko twiboneye ubuhungiro mu binyoma, tukaba twihishe mu buryarya”. 11 Muri iryo tsinda harimo abantu banze kwihana, nyamara bakirema agatima ubwabo ko nta gihano kizagera ku munyabyaha; ahubwo ngo abantu bose, uko ububi bwabo bwaba bungana kose, bahabwa imyanya y’icyubahiro mu ijuru , bagasa n’abamarayika b’Imana. Ariko ikirushije ibindi gutera ubwoba, ni ba bandi bagiranye isezerano n’urupfu kandi bakuzura n’ikuzimu, barwanya ukuri ijuru ryatanze ngo gukingire abakiranutsi mu gihe cy’amakuba, mu cyimbo cyako bakemera guhungira mu binyoma bya Satani, ari bwo kuyobya kw’imyuka y’abadayimoni. Igitangaje cyane kiruhije gusobanura, ni uburyo abantu bo muri iki gihe bahumye. Abantu ibihumbi byinshi banga Ijambo ry’Imana barifata nk’iridakwiye kwizerwa maze bakakira ibinyoma bya Satani batazuyaje. Abahakanyi n’abakobanyi bannyega abizera amagambo y’intumwa n’abahanuzi, maze ubwabo bagatandukira, bahinyura ibyo Ibyanditswe Byera bivuga ku byerekeye Kristo n’inama y’agakiza, n’ingororano zizahabwa abanze ukuri. Ni abo kugirirwa imbabazi kuko bafite ibitekerezo bigufi, ni abanyantege nke, bakurikiza imigenzo kuko batamenya gukurikiza iby’Imana ishaka ngo bumvire ibyo amategeko yayo asaba. Bagaragaza cyane ibyiringiro nk’aho bagiranye isezerano n’urupfu kandi bakaba buzura n’ikuzimu- wagirango bashinze urubibi ntavogerwa hagati yabo ubwabo no guhora kw’Imana. Nta gishobora kubatera ubwoba. Nuko biyeguriye umushukanyi uko bakabaye, bifatanya nawe, bahinduka isanga n’ingoyi, maze abuzuza umwuka we, kugira ngo batabona imbaragan’ icyo bashingiraho bamwigobotora. Satani amaze igihe kirekire ategura igitero simusiga cyo kuyobya abari mu isi. Urufatiro rw’umurimo we rwatangijwe amagambo yabwiriye Eva mu murima wa Edeni ati: ” N’ukuri gupfa ntimuzapfa”. ” Umunsi mwakiriyeho, amaso yanyu azahweza, mumere nk’imana maze mumenye icyiza n’ikibi.” Buhoro buhoro akomeza gutegura inzira z’igishuko kiruta ibindi abinyujije mu myuka iyobya. Ntaragera ku musozo w’ibyo yateguye; ariko azawugeraho muri iki gihe gito gisigaye. Umuhanuzi aravuga ati: “Mbona imyuka itatu mibi isa n’ibikeri... kuko ari yo myuka y’abadayimoni ikora ibitangaza, igasanga abami bo mu isi yose ibahururize kujya mu ntambara yo ku munsi ukomeye w’Imana Ishoborabyose.” 12 Uretse abazaba barinzwe n’imbaraga y’Imana, binyuze mu kwizera Ijambo ryayo, isi yose izarohama muri icyo gishuko gikabije ubwoba. Abantu bihutira gusinzirira mu mutekano w’urupfu, bazakangurwa gusa no gusukwa kw’umujinya w’Imana. 407

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abantu bose bagundira ibyaha, cyangwa bagakora ibyaha nka<strong>na</strong>, baba bihamagariye<br />

ibishuko bya Satani. Bitandukanya n’Ima<strong>na</strong> ubwabo kandi bakiva<strong>na</strong> mu cyanya cy’uburinzi<br />

bw’abamarayika b’Ima<strong>na</strong>; kandi igihe umurimbuzi abateze ikigoyi, basigaye batakigira<br />

ikibakingira, baherako bakagwa rugi<strong>ku</strong>bita. Abiyegurira gutegekwa n’imbaraga za Satani,<br />

ntibabasha <strong>ku</strong>menya iherezo ry’ubugingo bwabo. Iyo bamaze <strong>ku</strong>runduka, umushukanyi<br />

abagira igikoresho cyo <strong>ku</strong>roha abandi mu irimbukiro.<br />

Umuhanuzi Yesaya we yaravuze ati: “Abantu bazababwira <strong>ku</strong>gisha i<strong>na</strong>ma abapfumu<br />

n’abashitsi, banwigira kandi bakongorera. Barabaza bati, “mbese abantu ntibari bakwiriye<br />

kwiyambaza ima<strong>na</strong> zabo, bakagisha i<strong>na</strong>ma abapfuye bagirira abazima? Muzabasubize muti,<br />

Nimugarukire amabwiriza y’Uhoraho n’inyigisho ze. Utazabi<strong>ku</strong>rikiza, ntazongera <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong><br />

umuseke weya.” 8 Iyo abantu bagira ubushake bwo kwakira u<strong>ku</strong>ri nk’uko <strong>ku</strong>ri mu<br />

Byanditswe, <strong>ku</strong> byerekeye kamere y’umuntu n’imibereho y’abapfuye, bajyaga <strong>ku</strong>zabo<strong>na</strong> mu<br />

mivugire no mu myitwarire y’abanyamyuka imbaraga za Satani zikora ibimenyetso<br />

n’ibitangaza biyobya. Ariko mu cyimbo cyo <strong>ku</strong>reka ibinezeza imitima yabo ya kamere,<br />

n’ibyaha batonesheje, abantu benshi bahitamo guhumiririza amaso yabo mu mucyo <strong>ku</strong>gira<br />

ngo bakomeze inzira zabo z’umwijima, bakirengagiza imiburo, igihe Satani we abatega<br />

imitego, ashaka <strong>ku</strong>bahindura umuhigo we. “Kuko batemeye gu<strong>ku</strong>nda u<strong>ku</strong>ri ngo bakizwe,<br />

nicyo gituma Ima<strong>na</strong> izaboherereza ubuyobe bukomeye cyane butuma bemera ibinyoma”. 9<br />

Abahaka<strong>na</strong> inyigisho z’imyuka mibi, ntibaba barwa<strong>na</strong> n’abantu gusa, ahubwo baba<br />

ba<strong>na</strong>rwa<strong>na</strong> <strong>na</strong> Satani n’abamarayika be. Baba binjiye mu rugamba bahanganyemo n’ubutware<br />

n’imbaraga z’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru. Satani ntazabavirira <strong>na</strong> gato, keretse<br />

atsimbuwe n’imbaraga y’intumwa zo mu ijuru. Abantu b’Ima<strong>na</strong> bakwiriye kwitegura<br />

guhanga<strong>na</strong> <strong>na</strong>we, nk’uko Umukiza wacu yabigenje, akoresheje, “Handitswe ngo”. Muri iki<br />

gihe, Satani <strong>na</strong>we ashobora gutondagura ibyanditswe nk’uko yabikoze mu gihe cya Kristo,<br />

maze akagoreka inyigisho zera <strong>ku</strong>gira ngo akomeze ubushukanyi bwe. Abashaka guhagarara<br />

bashikamye muri iki gihe cy’ibigeragezo bikomeye, bakwiriye <strong>ku</strong>ba basobanukiwe<br />

n’ubuhamya bwo mu Byanditswe Byera.<br />

Benshi bazagendererwa n’imyuka y’abadayimoni, bihinduye nk’abantu babo ba<strong>ku</strong>ndaga<br />

cyangwa incuti zabo, maze bavuge ibyo ubuhakanyi buteye ubwoba. Abo bashyitsi<br />

bazigaragaza nk’abadufitiye impuhwe kandi bakore ibitangaza <strong>ku</strong>gira ngo bashyigikire<br />

imigambi yabo. Dukwiriye kwitegura guhanga<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo twitwaje u<strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya, duhamya<br />

ko abapfuye ntacyo bamenya kandi ko abo ari imyuka y’abadayimoni.<br />

N’u<strong>ku</strong>ri ‘’isaha y’ama<strong>ku</strong>ba iradutegereje, ayo ma<strong>ku</strong>ba agiye <strong>ku</strong>zakwira isi yose ngo<br />

agerageze abatuye isi.’‘ 10 Abazaba badafite kwizera gushingiye <strong>ku</strong> ijambo ry’Ima<strong>na</strong><br />

bazatsindwa. Satani arakoresha imitego yose yo gukiranirwa, <strong>ku</strong>gira ngo yigarurire aba<strong>na</strong><br />

b’abantu, kandi imitego ye ntizacogora. Ariko ashobora gutsinda gusa ari uko abantu<br />

bamwemereye. Abashishikarira <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri, bagaharanira kweza imitima yabo, binyuze<br />

mu <strong>ku</strong>mvira, bakora uko bashoboye kose ngo bitegure iyo ntambara, bazabonera uburinzi<br />

406

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!