07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Imyuka iyobya yihindura nk’intumwa za Kristo <strong>ku</strong>gira ngo ivuguruze ibyo zanditse<br />

ziyobowe n’Umwuka Muziranenge zikiri <strong>ku</strong> isi. Iyo myuka mibi ihaka<strong>na</strong> ko Bibiliya ikomoka<br />

<strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, maze iga<strong>ku</strong>raho urufatiro rw’ibyiringiro bya gikristo kandi ikazimya umucyo<br />

umurika mu nzira ijya mu ijuru. Satani akora <strong>ku</strong> buryo abantu bizera ko Bibiliya ari<br />

ibihimbano, cyangwa ari igitabo cyo mu gihe cy’iremwa ry’umuntu, ariko ubu kidakwiriye<br />

kwitabwaho cyane, cyangwa gikwiye <strong>ku</strong>rekwa <strong>ku</strong>ko kitakijyanye n’igihe. Maze akifashisha<br />

ibyo imyuka mibi <strong>ku</strong>gira ngo yigarurire umwanya w’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Uyu niwo muyoboro<br />

akoresha; muri ubu buryo ashobora gutumaabantu bizera ibyo ashaka. Igitabo cyagombaga<br />

<strong>ku</strong>muciraho iteka n’abayoboke be, agishyira mu bwihisho aho ashaka; Umukiza w’abari mu<br />

isi agahindurwa nk’umuntu usanzwe. Kandi nk’uko umusirikare w’Umunyaroma wari urinze<br />

igituro cya Yesu yakwije ibinyoma by’uko Yesu atazutse, nk’uko yari yohejwe n’abatambyi<br />

n’aba<strong>ku</strong>ru b’idini, niko n’abizera imyuka mibi bakwiza hose ko nta gitangaje mu mibereho<br />

ya Yesu Umukiza wacu. Bamaze <strong>ku</strong>jijisha abantu <strong>ku</strong> bya Yesu, bashyushya in<strong>ku</strong>ru<br />

z’ibitangaza bakora ubwabo bavuga ko birenze <strong>ku</strong>re cyane imirimo ya Kristo.<br />

Ni iby’u<strong>ku</strong>ri koko muri iki gihe, imyuka iyobya irarushaho kwihinduranya, igatwikira<br />

imwe mu migambi ikomeye yayo, ikiyereka<strong>na</strong> mu ishusho ya gikristo. Nyamara amagambo<br />

bahereye kera kose bavugira <strong>ku</strong> ruhimbi no mu binyama<strong>ku</strong>ru babwira rubanda, yereka<strong>na</strong> neza<br />

abo ari bo. Izo nyigisho ntizishobora guhakanwa cyangwa ngo zihishwe.<br />

Ndetse n’uko zigaragaza muri iki gihe, bitandukanye cyane n’uko zajyaga kwihanganirwa<br />

iyo zigaragaza nka mbere, <strong>ku</strong>ko ziteye ubwoba bitewe n’ubushukanyi n’ ibinyoma<br />

byuzuyemo. Igihe mbere hose iyo myuka iyobya yahaka<strong>na</strong>ga Kristo <strong>na</strong> Bibiliya, muri iki gihe<br />

bwo ihamya ko ibemera bombi. Nyamara Bibiliya ihabwa ubusobanuro bwo <strong>ku</strong>nezeza abafite<br />

imitima itarababyawe ubwa kabiri, u<strong>ku</strong>ri kwayo nti<strong>ku</strong>gire impinduka <strong>ku</strong>ri bo. Uru<strong>ku</strong>ndo<br />

rwibandwaho nk’umuco w’Ima<strong>na</strong> uruta iyindi yose, nyamara ruteshwa agaciro hagendewe <strong>ku</strong><br />

marangamutima, ntihabeho itandukaniro rigaragara ry’icyiza n’ikibi. Ubutabera bw’Ima<strong>na</strong>,<br />

uko yanga icyaha, ibisabwa <strong>ku</strong> mategeko yayo yera, byose ntibibe bicyitabwaho. Abantu<br />

bigishwa ko Amategeko y’Ima<strong>na</strong> ari inyandiko zipfuye. Ibitekerezo bishimishije, n’ibikorwa<br />

by’ubupfumu bitwara intekerezo z’abantu, maze bigatuma banga Bibiliya kandi ariyo rufatiro<br />

rwo kwizera kwabo. Bihaka<strong>na</strong> Kristo bivuye inyuma nk’uko byabaye mbere; nyamara Satani<br />

yahumye abantu amaso <strong>ku</strong>gira ngo badatahura imitego ye.<br />

Hari bake gusa bashobora <strong>ku</strong>menya imbaraga y’ibishuko by’imyuka iyobya n’akaga<br />

kazanwa no <strong>ku</strong>yi<strong>ku</strong>rurira. Benshi bagerageza <strong>ku</strong>yi<strong>ku</strong>rurira bashaka kwimara amatsiko gusa.<br />

Ntabwo baba bayizeye rwose kandi bagenda bomboka <strong>ku</strong>ko baba bafite ubwoba bwo<br />

<strong>ku</strong>yiyoboka burundu ngo bategekwe <strong>na</strong>yo. Nyamara bagendagenda mu cyanya<br />

cyabuzanyijwe, maze umurimbuzi agakoresha imbaraga ze, ahereye <strong>ku</strong> byo bifuza. Iyo<br />

bamaze kwegurira intekerezo zabo <strong>ku</strong>yoborwa <strong>na</strong> we, abahindura iminyago ye. Ku mbaraga<br />

zabo rero ntibashobora <strong>ku</strong>mwigobotora. Nta kindi uretse gusa imbaraga y’Ima<strong>na</strong>, itangwa<br />

nk’igisubizo cy’amasengesho avuye <strong>ku</strong> mutima wizeye, ni yo ishobora <strong>ku</strong>gobotora imitima<br />

yafatiwe muri uwo mutego.<br />

405

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!