07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

nya<strong>ku</strong>ri bushyira umuntu hejuru y’amategeko yose;” ko ‘uko umuntu ari kose, ari imbonera’;<br />

ko ‘’Ima<strong>na</strong> idaciraho iteka;” kandi ko ibyaha byose bikozwe, ntakibi kibirangwamo.’‘ Iyo<br />

abantu bamaze <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> rwego rwo kwizera ko irari ari itegeko risumba ayandi, ko umuntu<br />

wese yigenga, kandi ko ibyo umuntu ariwe bireba gusa, ninde watangazwa n’ ukwangirika<br />

ndetse n’ibibi byaduka impande zose? Benshi bafite ishyushyu ryo kwemera inyigisho<br />

zibasigira umudendezo utuma bayoboka ibyo imitima yabo irarikiye. Intwaro zatumaga yifata<br />

yazeguriye irari, imbaraga z’ubwenge n’iz’ibya roho yabuhariye kwifuza kwa kinyamaswa,<br />

maze Satani akanezezwa no gukoranyiriza ibihumbi byinshi by’abantu biyita abigishwa ba<br />

Kristo mu rushundura rwe.<br />

Ariko nta n’umwe ukwiriye gushukwa n’ibyo imyuka mibi ivuga. Ima<strong>na</strong> yatanze umucyo<br />

uhagije <strong>ku</strong>gira ngo ubabashishe <strong>ku</strong>vumbura uwo mutego. Nk’uko byamaze <strong>ku</strong>garagazwa,<br />

inyigisho z’urufatiro rw’imyuka iyobya zihanganye n’amahame y’u<strong>ku</strong>ri kw’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>.<br />

Bibiliya ivuga yeruye ko abapfuye ntacyo bamenya, ko imigambi yabo iba irangiye; bakaba<br />

batakigira umugabane mu bikorerwa munsi y’izuba; ntibashobora <strong>ku</strong>menya umubabaro<br />

cyangwa umunezero w’aba<strong>ku</strong>nzi babo basize mu isi.<br />

Niyo mpamvu, Ima<strong>na</strong> yabuzanyije yeruye <strong>ku</strong>gerageza <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> ibiganiro n’imyuka<br />

y’abapfuye. Mu gihe cy’Abaheburayo hari hariho itsinda ry’abantu babyiyemereraga, nk’uko<br />

abanyamyuka babikora muri iki gihe, bagira<strong>na</strong> umushyikirano n’abantu bapfuye. Ariko iyo<br />

‘myuka imenyerewe’, kwitwa ‘’abashyitsi baturuka mu yandi masi’‘, Bibiliya ivuga ko ‘’ari<br />

imyuka y’abadayimoni.’‘ Umurimo wo gushyikira<strong>na</strong> n’imyuka mibi, wavuzwe ko ari ikizira<br />

k’Uwiteka, kandi wabuzanyijwe <strong>ku</strong> mugaragaro ko uhanishwa igihano cy’urupfu. 5 Izi<strong>na</strong><br />

nyaryo ry’umurozi riragayitse muri iki gihe. Guhamya ko abantu bashobora <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong><br />

ibiganiro n’imyuka y’abadayimoni, bifatwa nk’ibihimbano byo mu gihe cy’imyaka<br />

y’umwijima. Nyamara, inyigisho zo gusenga imyuka mibi, zimaze <strong>ku</strong>gira abayoboke<br />

ibihumbi amaga<strong>na</strong>, ndetse za miliyoni nyinshi z’abantu, bakoresheje ubumenyi mu bya<br />

siyansi, mu bushakashatsi bwabo, bigarurira amatorero, maze zishyirwa mu mategeko<br />

y’ubuyobozi ndetse no mu nkiko z’abami — igishuko gikwiriye <strong>ku</strong> isi yose nta kindi<br />

n’icyongera <strong>ku</strong>byutsa, mu bundi bushukanyi bushya bw’ubushitsi n’ubupfumu, ari byo<br />

byaciriweho iteka guhera kera kose.<br />

Iyo hatabaho ibindi bihamya bigaragaza imico nya<strong>ku</strong>ri y’imyuka iyobya, byajyaga <strong>ku</strong>ba<br />

bihagije <strong>ku</strong> Bakristo <strong>ku</strong>menya ko nta tandukaniro riri hagati yo gukiranuka n’icyaha, hagati<br />

y’ubupfura n’ubutungane by’ intumwa za Kristo n’ukwangirika kw’abakozi ba Satani. Iyo<br />

Satani yereka<strong>na</strong> ko ababi bari mu ijuru kandi bahafite imyanya ikomeye cyane, aravuga ati:<br />

“Uko waba umugome kose; n’ubwo waba wizera cyangwa utizera Ima<strong>na</strong> n’ijambo ryayo.<br />

Winezeze uko ushaka; ijuru ni iryawe”. Abigisha b’iby’imyuka mibi baravuga bati: Umuntu<br />

wese ukora ibyaha ni mwiza imbere y’Uwiteka, kandi irabanezererwa; cyangwa bati: Ima<strong>na</strong><br />

ica imanza iri he?’‘ 6 Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> riravuga riti: “Bagushije ishyano abita ikibi icyiza<br />

n’icyiza bakita ikibi, umwijima bawushyira mu cyimbo cy’umucyo n’umucyo bakawushyira<br />

mu cyimbo cy’umwijima”. 7<br />

404

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!