07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

insanganyamatsiko zihambaye; anezezwa no <strong>ku</strong>bategesha ibintu by’igiciro cyinshi; kandi<br />

agakora urutonde rw’ibyo ba<strong>ku</strong>nda abigaragaza nk’aho aba<strong>ku</strong>nze kandi abitayeho. Atera<br />

intekerezo guhora zitekereza ibintu byo mu rwego rwo hejuru, agatera abantu kwirata<strong>na</strong><br />

ubwenge bwabo <strong>ku</strong>gira ngo basuzugure Ima<strong>na</strong> Ihoraho mu mitima yabo. Icyo kiremwa<br />

cy’ikinyambaraga cyashoboye <strong>ku</strong>jya<strong>na</strong> Umucunguzi w’isi mu mpinga y’umusozi muremure<br />

cyane, kikamwereka ubwami bwose bw’isi n’i<strong>ku</strong>zo ryabwo, niko gitegesha abantu<br />

ibigeragezo kikagoreka ibitekerezo by’abatishingikirije <strong>ku</strong> mbaraga y’ijuru.<br />

Satani ashukashuka abantu muri iki gihe nk’uko yashukashutse Eva muri Edeni,<br />

akamubwira<strong>na</strong> ineza <strong>ku</strong>geza ubwo yifuza <strong>ku</strong>gira ubwenge atemerewe, akamuteramo umutima<br />

w’i<strong>na</strong>rijye no kwishyira hejuru. Kwifuza ibibi nibyo byamugushije, akaba ashaka ko ari <strong>na</strong>byo<br />

arohesha abantu mu irimbukiro. Aramubwira ati: “Muzamera nk’Ima<strong>na</strong>” “mumenye icyiza<br />

n’ikibi.” 4 Inyigisho zerekeye ibyo gusenga imyuka zigisha ko umuntu ari ikiremwa<br />

gikomoka kw’ihindagurika ry’ibinyabuzima; kandi ko <strong>ku</strong>va cyabaho cyagenewe <strong>ku</strong>zagera<br />

aho gihinduka <strong>ku</strong>geza aho kiba nk’Ima<strong>na</strong>. Ubundi kandi zikavuga ko umuntu wese azicira<br />

urubanza ntazarucirwa n’undi. ‘’Urubanza ruzaba ari urw’u<strong>ku</strong>ri, <strong>ku</strong>ko ari u<strong>ku</strong>rwicira.... Intebe<br />

y’Ubwami iri muri mwe.’‘ Intekerezo ze zimaze gusabwa n’iby’imyuka, umwigisha<br />

w’abizera imyuka yaravuze ati: ‘’Bavandimwe, abo bose bari mu rugendo bataragera <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong><br />

by’u<strong>ku</strong>ri. ” Undi <strong>na</strong>we yarahamije ati:“Ikiremwa cyose gikiranuka kandi kiboneye Kristo”.<br />

Nuko rero, mu mwanya w’ugukiranuka n’ubutungane by’Ima<strong>na</strong> Ihoraho, ariyo ikwiriye<br />

gusengwa; mu mwanya w’ubutungane nya<strong>ku</strong>ri bw’amategeko yayo, ariyo rugero<br />

rw’ubutungane nya<strong>ku</strong>ri abantu bakwiriye <strong>ku</strong>genderaho, Satani yabisimbuje kamere y’icyaha<br />

ya mwene muntu <strong>ku</strong>girango abe ariwe usengwa, abe ariwe gusa uca imanza, akaba ari <strong>na</strong>we<br />

rugero rw’imico mbonera. Ibyo rero si amajyambere, ahubwo ni u<strong>ku</strong>dindira.<br />

Ni itegeko muri kamere y’umutima no mu y’iby’Umwuka ko duhindurwa n’ibyo<br />

dutumbiriye. Ibitekerezo byacu ubwabyo bigendera <strong>ku</strong>byo byerekejweho. Bigera aho bigasa<br />

n’iby’abo du<strong>ku</strong>nda kandi twubaha. Umuntu ntazigera azamuka ngo arenge urugero rwe rwo<br />

kwera cyangwa rw’ineza cyangwa urw’u<strong>ku</strong>ri. Niba i<strong>na</strong>rijye ari yo agira nyambere, ntazigera<br />

arenga aho. Ahubwo, azakomeza guhenebera. Ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> bwonyine nibwo bufite<br />

imbaraga zo <strong>ku</strong>zahura umuntu. Ariko iyo agumye uko ari, nta kabuza ibye bizacurama.<br />

Kuri nyamwigendaho, u<strong>ku</strong>nda ibimunezeza, urarikira, ibyo imyuka ubwayo yiyereka<strong>na</strong><br />

ubwayo mu buryo bwiyoberanyije, <strong>ku</strong>ruta uko yiyereka mu buryo bweruye kandi buhanitse;<br />

muri ubwo buryo umuntu wese abo<strong>na</strong>mo ibihwanye n’ibyo ararikiye. Satani yiga imiterere<br />

y’umuntu wese akamenya aho afite intege nke, akamenya n’ibyaha byose bi<strong>ku</strong>nda<br />

<strong>ku</strong>mutsinda, akabyitaho <strong>ku</strong>gira ngo ataza <strong>ku</strong>bura akanya ko <strong>ku</strong>bimugushamo. Agerageresha<br />

abantu gukabya mu byo amategeko, <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>tirinda, akabatera gucika intege z’umubiri,<br />

iz’ubwenge, n’imbaraga z’ibya Mwuka. Yarimbuye kandi n’ubu aracyarimbura ibihumbi<br />

byinshi, ahereye <strong>ku</strong> byo kamere yabo irarikiye, ibyo bikono<strong>na</strong> kamere y’umuntu uko<br />

yakabaye. Kandi <strong>ku</strong>gira ngo arangize umurimo we, akoresheje imyuka, ahamya ko “ubwenge<br />

403

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!