07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

amafuti ateje akaga gakomeye. Kuba rimwe <strong>na</strong> rimwe bavuga iby’u<strong>ku</strong>ri, kandi hakaba n’igihe<br />

bashobora guhanura ibizabaho mu gihe kizaza, bigatuma amagambo yabo amera nk’ayo<br />

kwiringirwa; maze inyigisho zabo z’ibinyoma zikemerwa uko zakabaye n’imbaga y’abantu<br />

benshi, kandi zikizerwa nk’aho ari u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>dashidikanywaho ko muri Bibiliya. Amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong> ntiyitabweho, Mwuka w’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> agasuzugurwa, amaraso y’isezerano<br />

akabarwa nk’ikintu cyanduye. Imyuka mibi ihaka<strong>na</strong> ubuma<strong>na</strong> bwa Kristo kandi igashyira<br />

Umuremyi mu rwego rumwe <strong>na</strong>yo. Nguko uko icyigomeke kabuhariwe cyihinduranya iyo<br />

kigabye igitero cyo <strong>ku</strong>rwanya Ima<strong>na</strong>, mu ntambara yatangiriye mu ijuru igakomereza mu isi,<br />

ikaba imaze hafi y’imyaka ibihumbi bitandatu.<br />

Benshi bihatira gusobanura uko imyuka yigaragaza bakoresheje abantu biyita ko<br />

bashobora <strong>ku</strong>ba abahuza b’abazima n’abapfuye. Ariko n’ubwo mu by’u<strong>ku</strong>ri ingaruka y’ubwo<br />

buhendanyi zikomeza kwihishahisha nk’aho itariho koko, hari ubwo yishyira <strong>ku</strong> mugaragaro<br />

isa n’imbaraga zidasanzwe. Imvugo y’amayobera yatangiye gukoreshwa n’abasenga imyuka<br />

bo muri iki gihe, ntabwo ari ikomoka k’ubuhendanyi bw’abantu cyangwa ubuca<strong>ku</strong>ra, ahubwo<br />

ni umurimo w’abamarayika babi, batangije wo guheza mu gihirahiro abantu ngo barimbuke.<br />

Benshi bazagwa mu mutego wo kwizera ko imyuka mibi ari ibikorwa by’abantu biyoberanya;<br />

igihe bakorera ibitangaza byabo mu maso y’abantu, bo babo<strong>na</strong> ko ari ibintu bisanzwe,<br />

bazayoba <strong>ku</strong>ko bazageza igihe bemera ko abakora ibyo, babikoreshwa n’imbaraga ikomeye<br />

ivuye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>.<br />

Bene abo bantu ntibita <strong>ku</strong> buhamya bwo mu Byanditswe Byera busobanura ibitangaza<br />

bikorwa <strong>na</strong> Satani n’abamarayika be. Abapfumu ba Farawo bafashijwe <strong>na</strong> Satani, bashoboye<br />

kwiga<strong>na</strong> umurimo w’Ima<strong>na</strong>. Pawulo ahamya neza ko mbere yo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo,<br />

hazabanza kwigaragaza imbaraga za Satani zimeze zityo. Kugaruka kw’Umwami Yesu<br />

<strong>ku</strong>zabanzirizwa no ‘’gukora kwa Satani gufite imbaraga zose n’ibimenyetso n’ibitangaza<br />

by’ibinyoma.’‘ 1 Kandi n’Intumwa Yoha<strong>na</strong>, yereka<strong>na</strong> uko mu minsi y’imperuka hazaduka<br />

imbaraga zikora ibitangaza, yaravuze ati: ” Kandi ikora ibimenyetso bikomeye, imanura<br />

umuriro uva mu ijuru ugwa mu isi mu maso y’abantu. Iyobesha abari mu isi ibyo bimenyetso<br />

yahawe gukora.’‘ 2 Nta kwiyoberanya guhanuwe hano. Abantu bashukwa n’ibitangaza<br />

abakozi ba Satani bakora <strong>ku</strong>bera imbaraga bahawe, ntabwo ari ibyo bagerageza gukora.<br />

Umutware w’umwijima wahereye kera kose akoresha ubuhanga bwe mu murimo wo<br />

<strong>ku</strong>yobya abantu, age<strong>na</strong> ibishuko a<strong>ku</strong>rikije n’ inzego z’abantu bose n’ibihe barimo. Ku bantu<br />

b’abanyabwenge kandi bajijutse, abayobesha imyuka yo mu rwego ruhanitse mu by’ubwenge,<br />

maze bikamushoboza <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> benshi a<strong>ku</strong>rurira mu mutego we. Ubwenge butangwa n’imyuka<br />

mibi ni ubwavuzwe n’intumwa Yakobo, aho yereka<strong>na</strong> ko “Bene ubwo bwenge sibwo<br />

bumanuka buvuye mu ijuru, ahubwo ni ubw’isi, ni ubw’inyamaswa bantu ndetse ni<br />

ubw’abadayimoni.’‘ 3 Nyamara uwo mushukanyi ukomeye yiyoberanya iyo abonye ko ari<br />

byo bimuhesha <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> cyo agambiriye. Uwashoboye kwigaragaza imbere ya Kristo mu<br />

butayu bw’ibigeragezo, yambaye <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> kw’abaserafi bo mu ijuru, asanga abantu mu<br />

buryo bu<strong>ku</strong>rura amaso, ameze nka marayika w’umucyo. Yitwaza impamvu igaragaza<br />

402

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!