07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Icyakora uwo mushukanyi ukomeye yari atarasohoza umurimo we. Yiyemeje<br />

gukorakoranya abakristo ngo abiyoborere akoreye mu cyegera cye, ari we mwepisikopi<br />

wi<strong>ku</strong>zaga yiyita uhagarariye Kristo. Satani abinyujije mu bapagani bahindutse abakristo<br />

by’igice, abepisikopi bishakiraga i<strong>ku</strong>zo, ndetse n’abizera bo mu itorero bi<strong>ku</strong>ndiraga ingeso<br />

z’isi, yabashije gusohoza umugambi we. Uko ibihe byashyiraga ibindi, hagiye habaho i<strong>na</strong>ma<br />

z’itorero zikomeye zabaga ziteraniyemo abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’itorero baturutse mu mpande<br />

zose z’isi. Muri izo <strong>na</strong>ma hafi ya zose, bateshaga agaciro Isabato yashyizweho n’Ima<strong>na</strong> maze<br />

bakarushaho kwerereza umunsi wo Kucyumweru (Dimanche). Nguko uko abantu bageze aho<br />

bubaha umunsi mu<strong>ku</strong>ru w’abapagani nk’aho ari umunsi washyizweho n’Ima<strong>na</strong> mu gihe<br />

Isabato ivugwa muri Bibiliya yo bayitaga igisigisigi cy’idini y’Abayahudi, ndetse<br />

n’abayubahirizaga bakitwa ibivume.<br />

Bimaze <strong>ku</strong>gera aho, umugome kabuhariwe yari yaramaze kwishyira hejuru «y’icyitwa<br />

ima<strong>na</strong> cyose cyangwa gisengwa.” 2Abatesalonike 2:4. Yari yaratinyutse guhindura itegeko<br />

ryo mu mategeko y’Ima<strong>na</strong>, ari ryo tegeko ryonyine muri yo ryereka abantu ryeruye Ima<strong>na</strong><br />

ihoraho. Itegeko rya kane rigaragaza ko Ima<strong>na</strong> ari Umuremyi w’ijuru n’isi, bigatuma<br />

itandukanywa n’ibigirwama<strong>na</strong> byose. Icyatumye umunsi wa karindwi wezwa ukagirwa<br />

umunsi abantu bagomba <strong>ku</strong>ruhukaho ni u<strong>ku</strong>gira ngo ujye ubabera urwibutso rw’umurimo wo<br />

<strong>ku</strong>rema. Uwo munsi wagenewe guhora wibutsa abantu ko Ima<strong>na</strong> ihoraho ari yo bakesha<br />

<strong>ku</strong>baho kandi ko ari yo ikwiriye <strong>ku</strong>bahwa no gusengwa. Satani yihatira koshya abantu ngo be<br />

<strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>mvira amategeko yayo. Ni cyo gituma aharanira <strong>ku</strong>rwanya<br />

by’umwihariko itegeko ryereka<strong>na</strong> ko Ima<strong>na</strong> ari Umuremyi.<br />

Muri iki gihe Abaporotesitanti bavuga ko <strong>ku</strong>ba Kristo yarazutse <strong>ku</strong> munsi wa mbere (Ku<br />

cyumweru) byatumye uwo munsi uba Isabato ya Gikristo. Nyamara ibyo nta gihamya<br />

gitangwa <strong>na</strong> Bibiliya babifitiye. Ntabwo Kristo ubwe cyangwa intumwa ze ari bo bahaye<br />

umunsi wo Kucyumweru icyo cyubahiro cyo kwitwa Isabato. Kubahiriza umunsi wo<br />

Kucyumweru nk’umunsi w’Isabato byazanywe n’ “amayoberane y’ubugome” yari<br />

yaratangiye gukora no mu gihe Pawulo yari akiriho. 2 Abatesalonike 2:7. Ni hehe kandi ryari<br />

Uwiteka yemeye iyo ngingo yashyizweho n’ubupapa? Ni iyihe mpamvu ifite ireme wabo<strong>na</strong><br />

yo gushyigikira iryo hinduka Bibiliya ubwayo itemera ko ryabayeho?<br />

Mu kinyeja<strong>na</strong> cya gatandatu, ubutegetsi bw’abapapa bwari bwaramaze gukomera cyane.<br />

Icyicaro cyabwo cyabaga mu murwa mu<strong>ku</strong>ru w’ubwami bw’Abanyaroma, bityo abantu<br />

babwirwa ko Papa ari we muyobozi mu<strong>ku</strong>ru w’itorero. Ubwo ubupagani bwari bwaramaze<br />

gusimburwa n’ubupapa. Ikiyoka cyari cyarahaye inyamaswa « imbaraga zacyo n’intebe<br />

yacyo y’ubwami, n’ubutware bukomeye.” Ibyahishuwe 13:2. Ubwo hatangiye imyaka 1260<br />

y’akarengane kakozwe n’ubupapa kari karavuzwe mu buhanuzi bwa Daniyeli n’ubwo mu<br />

Byahishuwe. (Daniyeli 7:25 ; Ibyahishuwe 13:5-7). Abakristo bagombaga guhitamo <strong>ku</strong>reka<br />

ubutungane bwabo bakemera imihango n’uburyo bwo gusenga byashyizweho n’ubupapa,<br />

cyangwa bagahitamo <strong>ku</strong>zagwa muri gereza zabaga munsi y’ubutaka, gutwikishwa umuriro,<br />

gushikamirwa n’imbago babashikanura, cyangwa gucibwa ibihanga. Ni bwo hasohoye<br />

33

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!