Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba k’Umucamanza mukuru ngo: “Nimuve aho ndi mwa bivume mwe, mujye mu muriro w’iteka” ? 41Yewe, mbega ikinegu! Bakojejwe isoni n’ubuhanga no gukiranuka by’Imana!. Inyigisho ivuga ko ubugingo budapfa ni imwe mu nyigisho z’ibinyoma Roma yatiye mu idini rya gipagani, maze izinjiza mu idini rya gikristo. Martini Luther yashyize iyi nyigisho yo kudapfa kw’ubugingo mu mubare w’ ibihimbano bya kinyamaswa aremye ikirundo cy’imyanda y’amategeko ya Roma”. 42 Atanga ubusobanuro bw’amagambo ya Solomo yo mu Mubwiriza 9:5 y’uko abapfuye nta cyo bamenya, Umugorozi yaravuze ati:” Hari n’ahandi havuga ko uwapfuye adatekereza, ati aho nta mirimo, nta buhanga, nta bumenyi, nta bwenge bihaba. Solomo we yabonye ko upfuye asinziriye, kandi akaba ntacyo acyumva. Aho uwapfuye asinziririye, ntabara iminsi cyangwa imyaka, ariko ubwo bazakangurwa, bizamera nk’aho bamaze umwanya muto mu bitotsi.’‘ 43 Nta na hamwe mu Byanditswe Byera dusoma ko abakiranutsi bahabwa ingororano zabo, abakiranirwa bagahabwa ibihano byabo, igihe bapfuye. Abakurambere n’abahanuzi bagiye badafite ibyo byiringiro. Yesu n’abigishwa be ntacyo babivuzeho. Bibiliya yigisha yeruye ko abapfuye badaherako bajya mu ijuru. Igaragaza ko basinziriye kugeza ku munsi w’umuzuko. “Akagozi k’ifeza kataracika n’urwabya rw’izahabu rutarameneka, n’ikibindi kitaramenekera ku isoko, n’uruziga rutaravunikira ku iriba, ibitekerezo by’umuntu birayoyoka”. 44 Abajya ikuzimu bararuhutse. Nta cyo bamenya mu bikorerwa munsi y’izuba. Noneho rero, hahirwa abakiranutsi barushye bakaruhuka. Igihe cyaba kigufi cyangwa kirekire, kuri bo, ni nk’akanya gato. Barasinziriye; bazakangurwa n’impanda y’Imana ibahamagarira kubaho mu ikuzo ritagira iherezo. ” Kuko impanda izavuga, abapfuye bazuke ubutazongera kubora. Ariko uyu mubiri ubora numara kwambikwa kutabora, n’uyu upfa numara kwambikwa kudapfa, nibwo hazasohora rya jambo ryanditswe ngo “Urupfu rumizwe no kunesha”. 45 Ubwo bazakangurwa mu bitotsi bikomeye babayemo, batangire gutekereza aho basize. Uburibwe bwabo buheruka bwari ubw’urupfu; na ho ibitekerezo byabo biheruka bibe ibyo uko bari baremerewe n’imbaraga z’igituro. Ubwo bazaba basohotse mu bituro, umunezero wabo wa mbere uzumvikanira mu ndirimbo yinsinzi igira iti: Wa rupfu we, urubori rwawe ruri he? Wa gituro we kunesha kwawe kuri he?’‘ 400
Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 34 – Mbese Abacu Bapfuye Bashobora Kuvugana Natwe? Nk’uko Ibyanditswe bivuga, umurimo w’abamarayika baziranenge, ni ukuri guhumuriza kandi gufite agaciro gakomeye kuri buri muyoboke wa Kristo wese. Ariko inyigisho za Bibiliya kuri iyi ngingo, zagiye zipfukiranwa kandi zikagorekeshwa amafuti y’iyobokamana ryamamaye. Inyigisho yo kudapfa kwa roho, yakomowe bwa mbere mu bucurabwenge bw’idini ya gipagani, no mu gihe cy’umwijima w’ubuhakanyi bukomeye hinjijwe iyo nyigisho mu myizerere ya Gikristo, hakurwaho ukuri kwa Bibiliya kwigisha kweruye ko “abapfuye nta cyo bamenya. ” Benshi baje kwizera ko imyuka y’abapfuye ‘’ari bo myuka yoherezwa gukora umurimo wo gufasha abazaragwa agakiza.’‘ Nyamara kandi Ibyanditswe Byera bivuga imibereho y’abamarayika bo mu ijuru, ndetse n’uruhare rwabo mu mateka ya muntu mbere yo gupfa kw’ikiremwa muntu. Inyigisho zivuga ko upfuye akomeza kugira intekerezo nzima, cyane cyane izizera ko imyuka y’abapfuye igaruka gukorera abantu bazima, nizo zatunganyirije inzira gusengwa kw’imyuka mibi muri iki gihe. Niba abapfuye bemererwa kujya imbere y’Imana n’abamarayika bera, kandi bakagira amahirwe yo kugira ubwenge buruta ubwo bari bafite batarapfa, ni kuki batagaruka mu isi kumurikira no kwigisha abakiri bazima? Niba nk’uko byavuzwe n’ibyamamare mu by’iyobokamana, abapfuye baza bakaganira n’incuti zabo basize ku isi, kuki batemererwa kuvugana nabo ngo bababurire bareke ibibi, cyangwa ngo babahumurize mu mibabaro yabo? Ni kuki abizera ko abapfuye baba bumva, batemera ibibabayeho nk’umucyo uturuka mu ijuru, babwiwe n’imyuka ifite ikuzo? Ubwo buryo bugaragara nkaho ari ubuziranenge, nibwo Satani akoresha kugira ngo ashohoze imigambi ye. Abamarayika bacumuye bamukorera bihinduye intumwa zivuye mu isi y’abapfuye. Iyo bavuga ko baje guhuza abapfuye n’abazima, umutware w’ibibi byose agakoresha ubuhendanyi bwe ngo ahindure intekerezo z’abantu bazima. Afite ubushobozi bwo kuzanira abantu, amashusho y’incuti zabo zapfuye. Uko kwigana, agukorana ubuhanga buhanitse; uko umuntu yasaga, amagambo ye, ijwi rye, ibyo byose bigaragazwa mu buryo butangaje. Abenshi birema agatima ko abo bakunda bibereye mu munezero w’ijuru, maze kubwo kudatahura akaga barimo, bagategera amatwi ‘’imyuka iyobya n’inyigisho z’abadayimoni.’‘ Iyo bamaze kwizezwa ko abapfuye bagaruka kubasura bakavugana nabo, Satani atuma abo bagaragara nk’abagiye mu bituro, batiteguye. Bavuga ko banezerewe mu ijuru kandi bakaba bafiteyo imyanya y’icyubahiro, noneho amafuti akigishwa hose ko nta tandukaniro riri hagati y’abakiranutsi n’abakiranirwa. Abo biyise abashyitsi bavuye mu isi y’abapfuye, rimwe na rimwe batanga imiburo isa n’ukuri. Iyo bamaze gufata imitima yabo, baherako bagatanga inyigisho zitesha agaciro ukwizera ko mu Byanditswe Byera. Kubwo kwerekana ko bitaye cyane ku mibereho myiza y’incuti zabo ku isi, baboneraho umwanya wo kwinjiza 401
- Page 357 and 358: Itorero na Leta ku Rugamba gushyigi
- Page 359 and 360: Itorero na Leta ku Rugamba Izo ni z
- Page 361 and 362: Itorero na Leta ku Rugamba Ibitabo
- Page 363 and 364: Itorero na Leta ku Rugamba ati: “
- Page 365 and 366: Itorero na Leta ku Rugamba nk’uko
- Page 367 and 368: Itorero na Leta ku Rugamba kureba u
- Page 369 and 370: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 371 and 372: Itorero na Leta ku Rugamba Kwirata
- Page 373 and 374: Itorero na Leta ku Rugamba yinjizag
- Page 375 and 376: Itorero na Leta ku Rugamba igumanir
- Page 377 and 378: Itorero na Leta ku Rugamba nyuma ih
- Page 379 and 380: Itorero na Leta ku Rugamba Urwango
- Page 381 and 382: Itorero na Leta ku Rugamba imbaraga
- Page 383 and 384: Itorero na Leta ku Rugamba Petero a
- Page 385 and 386: Itorero na Leta ku Rugamba Ibindi b
- Page 387 and 388: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 389 and 390: Itorero na Leta ku Rugamba gisigaye
- Page 391 and 392: Itorero na Leta ku Rugamba Mu ntwar
- Page 393 and 394: Itorero na Leta ku Rugamba n’umun
- Page 395 and 396: Itorero na Leta ku Rugamba Muri icy
- Page 397 and 398: Itorero na Leta ku Rugamba Satani n
- Page 399 and 400: Itorero na Leta ku Rugamba Abandits
- Page 401 and 402: Itorero na Leta ku Rugamba “Dukur
- Page 403 and 404: Itorero na Leta ku Rugamba gukundwa
- Page 405 and 406: Itorero na Leta ku Rugamba w’Iman
- Page 407: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko se
- Page 411 and 412: Itorero na Leta ku Rugamba insangan
- Page 413 and 414: Itorero na Leta ku Rugamba Imyuka i
- Page 415 and 416: Itorero na Leta ku Rugamba budashid
- Page 417 and 418: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 419 and 420: Itorero na Leta ku Rugamba Ubuporot
- Page 421 and 422: Itorero na Leta ku Rugamba Gusenga
- Page 423 and 424: Itorero na Leta ku Rugamba imyaka i
- Page 425 and 426: Itorero na Leta ku Rugamba igiteker
- Page 427 and 428: Itorero na Leta ku Rugamba Nyamara
- Page 429 and 430: Itorero na Leta ku Rugamba byose by
- Page 431 and 432: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 433 and 434: Itorero na Leta ku Rugamba ituma ba
- Page 435 and 436: Itorero na Leta ku Rugamba yabo bag
- Page 437 and 438: Itorero na Leta ku Rugamba Imikorer
- Page 439 and 440: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 441 and 442: Itorero na Leta ku Rugamba kumenyek
- Page 443 and 444: Itorero na Leta ku Rugamba Imvugo y
- Page 445 and 446: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo igi
- Page 447 and 448: Itorero na Leta ku Rugamba rwo gupf
- Page 449 and 450: Itorero na Leta ku Rugamba murimo,
- Page 451 and 452: Itorero na Leta ku Rugamba bazunga
- Page 453 and 454: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 455 and 456: Itorero na Leta ku Rugamba Ijoro Ya
- Page 457 and 458: Itorero na Leta ku Rugamba umutima
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
Igice Cya 34 – Mbese Abacu Bapfuye Bashobora<br />
Kuvuga<strong>na</strong> Natwe?<br />
Nk’uko Ibyanditswe bivuga, umurimo w’abamarayika baziranenge, ni u<strong>ku</strong>ri guhumuriza<br />
kandi gufite agaciro gakomeye <strong>ku</strong>ri buri muyoboke wa Kristo wese. Ariko inyigisho za<br />
Bibiliya <strong>ku</strong>ri iyi ngingo, zagiye zipfukiranwa kandi zikagorekeshwa amafuti y’iyobokama<strong>na</strong><br />
ryamamaye. Inyigisho yo <strong>ku</strong>dapfa kwa roho, yakomowe bwa mbere mu bucurabwenge<br />
bw’idini ya gipagani, no mu gihe cy’umwijima w’ubuhakanyi bukomeye hinjijwe iyo<br />
nyigisho mu myizerere ya Gikristo, ha<strong>ku</strong>rwaho u<strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya kwigisha kweruye ko<br />
“abapfuye nta cyo bamenya. ” Benshi baje kwizera ko imyuka y’abapfuye ‘’ari bo myuka<br />
yoherezwa gukora umurimo wo gufasha abazaragwa agakiza.’‘ Nyamara kandi Ibyanditswe<br />
Byera bivuga imibereho y’abamarayika bo mu ijuru, ndetse n’uruhare rwabo mu mateka ya<br />
muntu mbere yo gupfa kw’ikiremwa muntu.<br />
Inyigisho zivuga ko upfuye akomeza <strong>ku</strong>gira intekerezo nzima, cyane cyane izizera ko<br />
imyuka y’abapfuye igaruka gukorera abantu bazima, nizo zatunganyirije inzira gusengwa<br />
kw’imyuka mibi muri iki gihe. Niba abapfuye bemererwa <strong>ku</strong>jya imbere y’Ima<strong>na</strong><br />
n’abamarayika bera, kandi bakagira amahirwe yo <strong>ku</strong>gira ubwenge buruta ubwo bari bafite<br />
batarapfa, ni <strong>ku</strong>ki batagaruka mu isi <strong>ku</strong>murikira no kwigisha abakiri bazima? Niba nk’uko<br />
byavuzwe n’ibyamamare mu by’iyobokama<strong>na</strong>, abapfuye baza bakaganira n’incuti zabo<br />
basize <strong>ku</strong> isi, <strong>ku</strong>ki batemererwa <strong>ku</strong>vuga<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo ngo bababurire bareke ibibi, cyangwa ngo<br />
babahumurize mu mibabaro yabo? Ni <strong>ku</strong>ki abizera ko abapfuye baba bumva, batemera<br />
ibibabayeho nk’umucyo uturuka mu ijuru, babwiwe n’imyuka ifite i<strong>ku</strong>zo? Ubwo buryo<br />
bugaragara nkaho ari ubuziranenge, nibwo Satani akoresha <strong>ku</strong>gira ngo ashohoze imigambi<br />
ye. Abamarayika bacumuye bamukorera bihinduye intumwa zivuye mu isi y’abapfuye. Iyo<br />
bavuga ko baje guhuza abapfuye n’abazima, umutware w’ibibi byose agakoresha<br />
ubuhendanyi bwe ngo ahindure intekerezo z’abantu bazima.<br />
Afite ubushobozi bwo <strong>ku</strong>zanira abantu, amashusho y’incuti zabo zapfuye. Uko kwiga<strong>na</strong>,<br />
agukora<strong>na</strong> ubuhanga buhanitse; uko umuntu yasaga, amagambo ye, ijwi rye, ibyo byose<br />
bigaragazwa mu buryo butangaje. Abenshi birema agatima ko abo ba<strong>ku</strong>nda bibereye mu<br />
munezero w’ijuru, maze <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>datahura akaga barimo, bagategera amatwi ‘’imyuka<br />
iyobya n’inyigisho z’abadayimoni.’‘<br />
Iyo bamaze kwizezwa ko abapfuye bagaruka <strong>ku</strong>basura bakavuga<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo, Satani atuma<br />
abo bagaragara nk’abagiye mu bituro, batiteguye. Bavuga ko banezerewe mu ijuru kandi<br />
bakaba bafiteyo imyanya y’icyubahiro, noneho amafuti akigishwa hose ko nta tandukaniro<br />
riri hagati y’abakiranutsi n’abakiranirwa. Abo biyise abashyitsi bavuye mu isi y’abapfuye,<br />
rimwe <strong>na</strong> rimwe batanga imiburo isa n’u<strong>ku</strong>ri. Iyo bamaze gufata imitima yabo, baherako<br />
bagatanga inyigisho zitesha agaciro ukwizera ko mu Byanditswe Byera. Kubwo kwereka<strong>na</strong><br />
ko bitaye cyane <strong>ku</strong> mibereho myiza y’incuti zabo <strong>ku</strong> isi, baboneraho umwanya wo kwinjiza<br />
401