Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba k’Umucamanza mukuru ngo: “Nimuve aho ndi mwa bivume mwe, mujye mu muriro w’iteka” ? 41Yewe, mbega ikinegu! Bakojejwe isoni n’ubuhanga no gukiranuka by’Imana!. Inyigisho ivuga ko ubugingo budapfa ni imwe mu nyigisho z’ibinyoma Roma yatiye mu idini rya gipagani, maze izinjiza mu idini rya gikristo. Martini Luther yashyize iyi nyigisho yo kudapfa kw’ubugingo mu mubare w’ ibihimbano bya kinyamaswa aremye ikirundo cy’imyanda y’amategeko ya Roma”. 42 Atanga ubusobanuro bw’amagambo ya Solomo yo mu Mubwiriza 9:5 y’uko abapfuye nta cyo bamenya, Umugorozi yaravuze ati:” Hari n’ahandi havuga ko uwapfuye adatekereza, ati aho nta mirimo, nta buhanga, nta bumenyi, nta bwenge bihaba. Solomo we yabonye ko upfuye asinziriye, kandi akaba ntacyo acyumva. Aho uwapfuye asinziririye, ntabara iminsi cyangwa imyaka, ariko ubwo bazakangurwa, bizamera nk’aho bamaze umwanya muto mu bitotsi.’‘ 43 Nta na hamwe mu Byanditswe Byera dusoma ko abakiranutsi bahabwa ingororano zabo, abakiranirwa bagahabwa ibihano byabo, igihe bapfuye. Abakurambere n’abahanuzi bagiye badafite ibyo byiringiro. Yesu n’abigishwa be ntacyo babivuzeho. Bibiliya yigisha yeruye ko abapfuye badaherako bajya mu ijuru. Igaragaza ko basinziriye kugeza ku munsi w’umuzuko. “Akagozi k’ifeza kataracika n’urwabya rw’izahabu rutarameneka, n’ikibindi kitaramenekera ku isoko, n’uruziga rutaravunikira ku iriba, ibitekerezo by’umuntu birayoyoka”. 44 Abajya ikuzimu bararuhutse. Nta cyo bamenya mu bikorerwa munsi y’izuba. Noneho rero, hahirwa abakiranutsi barushye bakaruhuka. Igihe cyaba kigufi cyangwa kirekire, kuri bo, ni nk’akanya gato. Barasinziriye; bazakangurwa n’impanda y’Imana ibahamagarira kubaho mu ikuzo ritagira iherezo. ” Kuko impanda izavuga, abapfuye bazuke ubutazongera kubora. Ariko uyu mubiri ubora numara kwambikwa kutabora, n’uyu upfa numara kwambikwa kudapfa, nibwo hazasohora rya jambo ryanditswe ngo “Urupfu rumizwe no kunesha”. 45 Ubwo bazakangurwa mu bitotsi bikomeye babayemo, batangire gutekereza aho basize. Uburibwe bwabo buheruka bwari ubw’urupfu; na ho ibitekerezo byabo biheruka bibe ibyo uko bari baremerewe n’imbaraga z’igituro. Ubwo bazaba basohotse mu bituro, umunezero wabo wa mbere uzumvikanira mu ndirimbo yinsinzi igira iti: Wa rupfu we, urubori rwawe ruri he? Wa gituro we kunesha kwawe kuri he?’‘ 400

Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 34 – Mbese Abacu Bapfuye Bashobora Kuvugana Natwe? Nk’uko Ibyanditswe bivuga, umurimo w’abamarayika baziranenge, ni ukuri guhumuriza kandi gufite agaciro gakomeye kuri buri muyoboke wa Kristo wese. Ariko inyigisho za Bibiliya kuri iyi ngingo, zagiye zipfukiranwa kandi zikagorekeshwa amafuti y’iyobokamana ryamamaye. Inyigisho yo kudapfa kwa roho, yakomowe bwa mbere mu bucurabwenge bw’idini ya gipagani, no mu gihe cy’umwijima w’ubuhakanyi bukomeye hinjijwe iyo nyigisho mu myizerere ya Gikristo, hakurwaho ukuri kwa Bibiliya kwigisha kweruye ko “abapfuye nta cyo bamenya. ” Benshi baje kwizera ko imyuka y’abapfuye ‘’ari bo myuka yoherezwa gukora umurimo wo gufasha abazaragwa agakiza.’‘ Nyamara kandi Ibyanditswe Byera bivuga imibereho y’abamarayika bo mu ijuru, ndetse n’uruhare rwabo mu mateka ya muntu mbere yo gupfa kw’ikiremwa muntu. Inyigisho zivuga ko upfuye akomeza kugira intekerezo nzima, cyane cyane izizera ko imyuka y’abapfuye igaruka gukorera abantu bazima, nizo zatunganyirije inzira gusengwa kw’imyuka mibi muri iki gihe. Niba abapfuye bemererwa kujya imbere y’Imana n’abamarayika bera, kandi bakagira amahirwe yo kugira ubwenge buruta ubwo bari bafite batarapfa, ni kuki batagaruka mu isi kumurikira no kwigisha abakiri bazima? Niba nk’uko byavuzwe n’ibyamamare mu by’iyobokamana, abapfuye baza bakaganira n’incuti zabo basize ku isi, kuki batemererwa kuvugana nabo ngo bababurire bareke ibibi, cyangwa ngo babahumurize mu mibabaro yabo? Ni kuki abizera ko abapfuye baba bumva, batemera ibibabayeho nk’umucyo uturuka mu ijuru, babwiwe n’imyuka ifite ikuzo? Ubwo buryo bugaragara nkaho ari ubuziranenge, nibwo Satani akoresha kugira ngo ashohoze imigambi ye. Abamarayika bacumuye bamukorera bihinduye intumwa zivuye mu isi y’abapfuye. Iyo bavuga ko baje guhuza abapfuye n’abazima, umutware w’ibibi byose agakoresha ubuhendanyi bwe ngo ahindure intekerezo z’abantu bazima. Afite ubushobozi bwo kuzanira abantu, amashusho y’incuti zabo zapfuye. Uko kwigana, agukorana ubuhanga buhanitse; uko umuntu yasaga, amagambo ye, ijwi rye, ibyo byose bigaragazwa mu buryo butangaje. Abenshi birema agatima ko abo bakunda bibereye mu munezero w’ijuru, maze kubwo kudatahura akaga barimo, bagategera amatwi ‘’imyuka iyobya n’inyigisho z’abadayimoni.’‘ Iyo bamaze kwizezwa ko abapfuye bagaruka kubasura bakavugana nabo, Satani atuma abo bagaragara nk’abagiye mu bituro, batiteguye. Bavuga ko banezerewe mu ijuru kandi bakaba bafiteyo imyanya y’icyubahiro, noneho amafuti akigishwa hose ko nta tandukaniro riri hagati y’abakiranutsi n’abakiranirwa. Abo biyise abashyitsi bavuye mu isi y’abapfuye, rimwe na rimwe batanga imiburo isa n’ukuri. Iyo bamaze gufata imitima yabo, baherako bagatanga inyigisho zitesha agaciro ukwizera ko mu Byanditswe Byera. Kubwo kwerekana ko bitaye cyane ku mibereho myiza y’incuti zabo ku isi, baboneraho umwanya wo kwinjiza 401

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 34 – Mbese Abacu Bapfuye Bashobora<br />

Kuvuga<strong>na</strong> Natwe?<br />

Nk’uko Ibyanditswe bivuga, umurimo w’abamarayika baziranenge, ni u<strong>ku</strong>ri guhumuriza<br />

kandi gufite agaciro gakomeye <strong>ku</strong>ri buri muyoboke wa Kristo wese. Ariko inyigisho za<br />

Bibiliya <strong>ku</strong>ri iyi ngingo, zagiye zipfukiranwa kandi zikagorekeshwa amafuti y’iyobokama<strong>na</strong><br />

ryamamaye. Inyigisho yo <strong>ku</strong>dapfa kwa roho, yakomowe bwa mbere mu bucurabwenge<br />

bw’idini ya gipagani, no mu gihe cy’umwijima w’ubuhakanyi bukomeye hinjijwe iyo<br />

nyigisho mu myizerere ya Gikristo, ha<strong>ku</strong>rwaho u<strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya kwigisha kweruye ko<br />

“abapfuye nta cyo bamenya. ” Benshi baje kwizera ko imyuka y’abapfuye ‘’ari bo myuka<br />

yoherezwa gukora umurimo wo gufasha abazaragwa agakiza.’‘ Nyamara kandi Ibyanditswe<br />

Byera bivuga imibereho y’abamarayika bo mu ijuru, ndetse n’uruhare rwabo mu mateka ya<br />

muntu mbere yo gupfa kw’ikiremwa muntu.<br />

Inyigisho zivuga ko upfuye akomeza <strong>ku</strong>gira intekerezo nzima, cyane cyane izizera ko<br />

imyuka y’abapfuye igaruka gukorera abantu bazima, nizo zatunganyirije inzira gusengwa<br />

kw’imyuka mibi muri iki gihe. Niba abapfuye bemererwa <strong>ku</strong>jya imbere y’Ima<strong>na</strong><br />

n’abamarayika bera, kandi bakagira amahirwe yo <strong>ku</strong>gira ubwenge buruta ubwo bari bafite<br />

batarapfa, ni <strong>ku</strong>ki batagaruka mu isi <strong>ku</strong>murikira no kwigisha abakiri bazima? Niba nk’uko<br />

byavuzwe n’ibyamamare mu by’iyobokama<strong>na</strong>, abapfuye baza bakaganira n’incuti zabo<br />

basize <strong>ku</strong> isi, <strong>ku</strong>ki batemererwa <strong>ku</strong>vuga<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo ngo bababurire bareke ibibi, cyangwa ngo<br />

babahumurize mu mibabaro yabo? Ni <strong>ku</strong>ki abizera ko abapfuye baba bumva, batemera<br />

ibibabayeho nk’umucyo uturuka mu ijuru, babwiwe n’imyuka ifite i<strong>ku</strong>zo? Ubwo buryo<br />

bugaragara nkaho ari ubuziranenge, nibwo Satani akoresha <strong>ku</strong>gira ngo ashohoze imigambi<br />

ye. Abamarayika bacumuye bamukorera bihinduye intumwa zivuye mu isi y’abapfuye. Iyo<br />

bavuga ko baje guhuza abapfuye n’abazima, umutware w’ibibi byose agakoresha<br />

ubuhendanyi bwe ngo ahindure intekerezo z’abantu bazima.<br />

Afite ubushobozi bwo <strong>ku</strong>zanira abantu, amashusho y’incuti zabo zapfuye. Uko kwiga<strong>na</strong>,<br />

agukora<strong>na</strong> ubuhanga buhanitse; uko umuntu yasaga, amagambo ye, ijwi rye, ibyo byose<br />

bigaragazwa mu buryo butangaje. Abenshi birema agatima ko abo ba<strong>ku</strong>nda bibereye mu<br />

munezero w’ijuru, maze <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>datahura akaga barimo, bagategera amatwi ‘’imyuka<br />

iyobya n’inyigisho z’abadayimoni.’‘<br />

Iyo bamaze kwizezwa ko abapfuye bagaruka <strong>ku</strong>basura bakavuga<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo, Satani atuma<br />

abo bagaragara nk’abagiye mu bituro, batiteguye. Bavuga ko banezerewe mu ijuru kandi<br />

bakaba bafiteyo imyanya y’icyubahiro, noneho amafuti akigishwa hose ko nta tandukaniro<br />

riri hagati y’abakiranutsi n’abakiranirwa. Abo biyise abashyitsi bavuye mu isi y’abapfuye,<br />

rimwe <strong>na</strong> rimwe batanga imiburo isa n’u<strong>ku</strong>ri. Iyo bamaze gufata imitima yabo, baherako<br />

bagatanga inyigisho zitesha agaciro ukwizera ko mu Byanditswe Byera. Kubwo kwereka<strong>na</strong><br />

ko bitaye cyane <strong>ku</strong> mibereho myiza y’incuti zabo <strong>ku</strong> isi, baboneraho umwanya wo kwinjiza<br />

401

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!