07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ariko se igihe Yesu yari agiye gutanduka<strong>na</strong> n’abigishwa be, ntiyababwiye ko bazaza aho<br />

ari ati “Ngiye <strong>ku</strong>bategurira ahanyu’, kandi ubwo ngiye <strong>ku</strong>bategurira ahanyu, nzagaruka<br />

mbajyane iwanjye.’‘ 36 Na Pawulo aratubwira ati: “Kuko Umwami ubwe azaza amanutse ava<br />

mu ijuru aranguruye ijwi rirenga, hamwe n’ijwi rya Marayika ukomeye n’impanda y’Ima<strong>na</strong>,<br />

nuko abapfiriye muri Kristo nibo bazabanza <strong>ku</strong>zuka, maze <strong>na</strong>twe abazaba bakiriho basigaye,<br />

duhereko tujya<strong>na</strong>nwe <strong>na</strong>bo, tuzamuwe mu bicu gusanganira Umwami mu kirere. Nuko rero<br />

tuzaba<strong>na</strong> n’Umwami iteka ryose”. Yongeraho n’aya magambo ati:” Nuko mumaranishe<br />

imibabaro <strong>ku</strong>bwira<strong>na</strong> ayo magambo”. 37 Mbega uko aya magambo y’ihumure yavuzwe<br />

n’intumwa za Kristo atandukanye cyane n’ayavuzwe <strong>na</strong> wa mubwiriza wa rubanda, twigeze<br />

<strong>ku</strong>vuga! Uwo mubwiriza wa rubanda ahumuriza inshuti zimuteze amatwi, azizeza ko n’ubwo<br />

umuntu yaba ari umunyabyaha ruharwa <strong>ku</strong> isi, igihe umwuka w’ubugingo bwe hano <strong>ku</strong> isi<br />

umushizemo, aherako yakirwa mu bamarayika bera. Ibiri amambu, Pawulo we aburira abizera<br />

<strong>ku</strong> byo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza, ubwo iminyururu y’ibituro izacika, abapfiriye muri Kristo<br />

bakazukira ubugingo buhoraho.<br />

Mbere y’uko hagira umuntu wemererwa kwinjira muri ya mazu meza yateguriwe<br />

abahiriwe, hazabanza <strong>ku</strong>ba igenzura rya buri wese, kandi imico n’ibikorwa by’umuntu wese<br />

bigomba <strong>ku</strong>nyuzwa imbere y’Ima<strong>na</strong>. Bose bazacirwa imanza ha<strong>ku</strong>rikijwe ibyanditswe mu<br />

bitabo, maze bahabwe ingororano zikwiranye n’icyo umuntu wese azaba yarakoze. Urwo<br />

rubanza ntirucibwa mu gihe cyo gupfa. Mwitondere aya magambo ya Pawulo. “Yashyizeho<br />

umunsi wo gucira abari mu isi bose urubanza, kandi izarucisha umuntu yatoranyije, ibyo<br />

yabihamirije abantu bose ubwo yamuzuraga”. 38 Aha intumwa iragaragaza neza ko mu gihe<br />

kizaza hari umunsi washyizweho wo gucira isi urubanza.<br />

Icyo gihe Yuda we akivuga muri aya magambo: ” N’Abamarayika batarinze ubutware<br />

bwabo bahawe mbere, ahubwo bakareka ubuturo bwabo, ibarindira mu minyururu idashira<br />

no mu mwijima w’icuraburindi <strong>ku</strong>gira ngo bacirweho iteka <strong>ku</strong> munsi ukomeye”. Na none<br />

kandi yakoresheje amagambo ya Henoki wa karindwi agira ati: “Dore Uwiteka yazanye<br />

n’inzovu nyinshi z’abera be, <strong>ku</strong>gira ngo agirire bose ibihura n’amateka baciriweho”. 39<br />

Yoha<strong>na</strong> ahamya ko yabonye abapfuye, aboroheje n’abakomeye, bahagaze imbere y’Ima<strong>na</strong>;<br />

maze ibitabo birabumburwa, nuko abapfuye bacirwa imanza z’ibyanditswe muri ibyo bitabo”.<br />

40<br />

Ariko niba abapfuye bibereye mu munezero wo mu ijuru cyangwa bakaba bariho<br />

baborogera mu birimi by’umuriro ukongora w’i<strong>ku</strong>zimu, urubanza rwazaba ari urwo iki ?<br />

Inyigisho z’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ri iri hame rikomeye ntabwo ari urujijo nta n’ubwo<br />

zivuguruza; zishobora gusobanukira umuntu wese. Ariko se ni ntekerezo ki z’umuntu<br />

washyira mu gaciro akareba ubwenge cyangwa gukiranuka mu nyigisho z’iki gihe ? Mbese<br />

aho abakiranutsi, nyuma y’isuzuma ry’ibyo bakoze mu gihe cy’uru banza bazabwirwa aya<br />

magambo y’ishimwe: “Nuko nuko mugaragu mwiza ukiranuka. Injira mu munezero wa<br />

Shobuja,” igihe bazaba bamaranye <strong>na</strong>we imyaka myinshi ? Ese inkozi z’ibibi zizavanwa aho<br />

zimaze igihe zibabarizwa, zize <strong>ku</strong>mva iteka zaciriweho mu magambo azasohoka mu kanwa<br />

399

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!