Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba intungane zapfuye zimwe ziri mu ijuru, zinjiye mu munezero zikaba zishima Imana mu mvugo izahoraho iteka ryose; ariko Hezikiya we yavuze ko nta kuzo ritegerejwe ku bari mu bituro. Mu magambo ye, yemera ubuhamya bw’umunyazaburi aho yavuze ati, “Kuko upfuye atakikwibuka. Ninde uzagushimira ikuzimu? Abapfuye ntibashima Uwiteka, cyangwa abamanuka bajya ahacecekerwa.’‘ 31 Petero ku munsi wa pentekote, yatangaje ko na Sogokuruza wacu Dawidi “yapfuye, agahambwa, ndetse ko n’ubu igituro cye kiracyari iwacu”. “Kuko Dawidi atazamutse mu ijuru”. 32 Kuba Dawidi ari mu gituro kugeza ku munsi wo kuzuka kw’abakiranutsi, byerekana neza ko abakiranutsi batajya mu ijuru iyo bapfuye. Ni kubw’umuzuko w’abapfuye, no kubwo kuzuka kwa Kristo, umunsi umwe Dawidi azicara iburyo bw’Imana. Kandi Pawulo nawe yaravuze ati: “Niba abapfuye batazuka, ubwo na Kristo ntarakazuka: kandi niba Kristo atazutse, kwizera kwanyu ntikugira umumaro, ahubwo muracyari mu byaha byanyu. Kandi niba bimeze bityo, n’abasinziririye muri Kristo bararimbutse.” 33 Niba mu myaka ibihumbi bine, abakiranutsi bose bapfuye baragiye bajya mu ijuru, Pawulo yajyaga kuvugira iki ko niba kuzuka kutariho, ‘’abasinziriye muri Kristo barimbutse ?’‘ Umuzuko ntacyo waba ukimaze. Tindale wahowe kwizera kwe avuga yunganira inyigisho zerekeye abapfuye muri aya magambo: “Ndahamya neruye ko nta gihamya na kimwe kigaragaza ko abapfuye bahawe ikuzo risesuye nk’irya Kristo, cyangwa iryo Abamarayika b’Imana barimo”. Iyo nyandiko sinyizera; kuko iyo bizakumera bityo ndabona kwirirwa tubwiriza ibyo kuzuka kw’abapfuye ari impfabusa”. 34 Ni ikintu kidashidikanywaho ko kwiringira ko umugisha udashira uhabwa abapfuye byateye abantu benshi guhinyura ihame rya Bibiliya ryerekeye umuzuko. Ibyo Adamu Clarke we yabibonye atya: “Inyigisho y’umuzuko igaragara nk’iyahawe agaciro cyane mu Bakristo ba mbere kurusha abo muri iki gihe! Mbese bimeze bite? Intumwa zakomezaga kwibanda ku muzuko, kandi zigakangurira abakurikira Kristo kugira umwete, kumvira n’umunezero ku bwawo. Muri iki gihe, ababasimbuye ntibashishikazwa cyane n’iryo hame. Nuko rero, intumwa zarabwirizaga, maze Abakristo ba mbere bakizera; n’ubu turabwiriza, na none abo tubwirije bakizera. Nta nyigisho iri mu butumwa bwiza yibanzweho cyane; kandi nta nyigisho yo muri iki gihe tubwirizamo ihabwa agaciro gake!” 35 Ibyo byarakomeje kugeza igihe ihame ritangaje ry’umuzuko ryijimishwa n’Abakristo bo muri iki gihe maze rita agaciro karyo. Nicyo cyatumye Umuyobozi umwe w’umunyedini yanditse atanga ubusobanuro ku magambo ya Pawulo yo mu 1 Abatesaloniki 4:13-18. ati: “Bitewe n’impamvu z’ibiduhumuriza, inyigisho y’uko abakiranutsi bafite amahirwe yo kudapfa, kuri twe ifashe umwanya w’inyigisho benshi bashidikanyaho ariyo kugaruka kwa Nyagasani. Iyo dupfuye nibwo Nyagasani aba agarutse. Icyo nicyo dukwiriye gutegereza, kandi nicyo dukwiriye kwitegura. Abapfuye bamaze kwigerera mu ikuzo rihebuje. Ntibagitegereje impanda yo gucirwa urubanza no guhabwa umugisha.” 398

Itorero na Leta ku Rugamba Ariko se igihe Yesu yari agiye gutandukana n’abigishwa be, ntiyababwiye ko bazaza aho ari ati “Ngiye kubategurira ahanyu’, kandi ubwo ngiye kubategurira ahanyu, nzagaruka mbajyane iwanjye.’‘ 36 Na Pawulo aratubwira ati: “Kuko Umwami ubwe azaza amanutse ava mu ijuru aranguruye ijwi rirenga, hamwe n’ijwi rya Marayika ukomeye n’impanda y’Imana, nuko abapfiriye muri Kristo nibo bazabanza kuzuka, maze natwe abazaba bakiriho basigaye, duhereko tujyananwe nabo, tuzamuwe mu bicu gusanganira Umwami mu kirere. Nuko rero tuzabana n’Umwami iteka ryose”. Yongeraho n’aya magambo ati:” Nuko mumaranishe imibabaro kubwirana ayo magambo”. 37 Mbega uko aya magambo y’ihumure yavuzwe n’intumwa za Kristo atandukanye cyane n’ayavuzwe na wa mubwiriza wa rubanda, twigeze kuvuga! Uwo mubwiriza wa rubanda ahumuriza inshuti zimuteze amatwi, azizeza ko n’ubwo umuntu yaba ari umunyabyaha ruharwa ku isi, igihe umwuka w’ubugingo bwe hano ku isi umushizemo, aherako yakirwa mu bamarayika bera. Ibiri amambu, Pawulo we aburira abizera ku byo kugaruka k’Umukiza, ubwo iminyururu y’ibituro izacika, abapfiriye muri Kristo bakazukira ubugingo buhoraho. Mbere y’uko hagira umuntu wemererwa kwinjira muri ya mazu meza yateguriwe abahiriwe, hazabanza kuba igenzura rya buri wese, kandi imico n’ibikorwa by’umuntu wese bigomba kunyuzwa imbere y’Imana. Bose bazacirwa imanza hakurikijwe ibyanditswe mu bitabo, maze bahabwe ingororano zikwiranye n’icyo umuntu wese azaba yarakoze. Urwo rubanza ntirucibwa mu gihe cyo gupfa. Mwitondere aya magambo ya Pawulo. “Yashyizeho umunsi wo gucira abari mu isi bose urubanza, kandi izarucisha umuntu yatoranyije, ibyo yabihamirije abantu bose ubwo yamuzuraga”. 38 Aha intumwa iragaragaza neza ko mu gihe kizaza hari umunsi washyizweho wo gucira isi urubanza. Icyo gihe Yuda we akivuga muri aya magambo: ” N’Abamarayika batarinze ubutware bwabo bahawe mbere, ahubwo bakareka ubuturo bwabo, ibarindira mu minyururu idashira no mu mwijima w’icuraburindi kugira ngo bacirweho iteka ku munsi ukomeye”. Na none kandi yakoresheje amagambo ya Henoki wa karindwi agira ati: “Dore Uwiteka yazanye n’inzovu nyinshi z’abera be, kugira ngo agirire bose ibihura n’amateka baciriweho”. 39 Yohana ahamya ko yabonye abapfuye, aboroheje n’abakomeye, bahagaze imbere y’Imana; maze ibitabo birabumburwa, nuko abapfuye bacirwa imanza z’ibyanditswe muri ibyo bitabo”. 40 Ariko niba abapfuye bibereye mu munezero wo mu ijuru cyangwa bakaba bariho baborogera mu birimi by’umuriro ukongora w’ikuzimu, urubanza rwazaba ari urwo iki ? Inyigisho z’Ijambo ry’Imana kuri iri hame rikomeye ntabwo ari urujijo nta n’ubwo zivuguruza; zishobora gusobanukira umuntu wese. Ariko se ni ntekerezo ki z’umuntu washyira mu gaciro akareba ubwenge cyangwa gukiranuka mu nyigisho z’iki gihe ? Mbese aho abakiranutsi, nyuma y’isuzuma ry’ibyo bakoze mu gihe cy’uru banza bazabwirwa aya magambo y’ishimwe: “Nuko nuko mugaragu mwiza ukiranuka. Injira mu munezero wa Shobuja,” igihe bazaba bamaranye nawe imyaka myinshi ? Ese inkozi z’ibibi zizavanwa aho zimaze igihe zibabarizwa, zize kumva iteka zaciriweho mu magambo azasohoka mu kanwa 399

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

intungane zapfuye zimwe ziri mu ijuru, zinjiye mu munezero zikaba zishima Ima<strong>na</strong> mu<br />

mvugo izahoraho iteka ryose; ariko Hezikiya we yavuze ko nta <strong>ku</strong>zo ritegerejwe <strong>ku</strong> bari mu<br />

bituro. Mu magambo ye, yemera ubuhamya bw’umunyazaburi aho yavuze ati, “Kuko upfuye<br />

atakikwibuka. Ninde uzagushimira i<strong>ku</strong>zimu? Abapfuye ntibashima Uwiteka, cyangwa<br />

abamanuka bajya ahacecekerwa.’‘ 31<br />

Petero <strong>ku</strong> munsi wa pentekote, yatangaje ko <strong>na</strong> Sogo<strong>ku</strong>ruza wacu Dawidi “yapfuye,<br />

agahambwa, ndetse ko n’ubu igituro cye kiracyari iwacu”. “Kuko Dawidi atazamutse mu<br />

ijuru”. 32 Kuba Dawidi ari mu gituro <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> munsi wo <strong>ku</strong>zuka kw’abakiranutsi, byereka<strong>na</strong><br />

neza ko abakiranutsi batajya mu ijuru iyo bapfuye. Ni <strong>ku</strong>bw’umuzuko w’abapfuye, no <strong>ku</strong>bwo<br />

<strong>ku</strong>zuka kwa Kristo, umunsi umwe Dawidi azicara iburyo bw’Ima<strong>na</strong>.<br />

Kandi Pawulo <strong>na</strong>we yaravuze ati: “Niba abapfuye batazuka, ubwo <strong>na</strong> Kristo ntarakazuka:<br />

kandi niba Kristo atazutse, kwizera kwanyu nti<strong>ku</strong>gira umumaro, ahubwo muracyari mu byaha<br />

byanyu. Kandi niba bimeze bityo, n’abasinziririye muri Kristo bararimbutse.” 33 Niba mu<br />

myaka ibihumbi bine, abakiranutsi bose bapfuye baragiye bajya mu ijuru, Pawulo yajyaga<br />

<strong>ku</strong>vugira iki ko niba <strong>ku</strong>zuka <strong>ku</strong>tariho, ‘’abasinziriye muri Kristo barimbutse ?’‘ Umuzuko<br />

ntacyo waba ukimaze.<br />

Tindale wahowe kwizera kwe avuga yunganira inyigisho zerekeye abapfuye muri aya<br />

magambo: “Ndahamya neruye ko nta gihamya <strong>na</strong> kimwe kigaragaza ko abapfuye bahawe<br />

i<strong>ku</strong>zo risesuye nk’irya Kristo, cyangwa iryo Abamarayika b’Ima<strong>na</strong> barimo”. Iyo nyandiko<br />

sinyizera; <strong>ku</strong>ko iyo biza<strong>ku</strong>mera bityo ndabo<strong>na</strong> kwirirwa tubwiriza ibyo <strong>ku</strong>zuka kw’abapfuye<br />

ari impfabusa”. 34<br />

Ni ikintu kidashidikanywaho ko kwiringira ko umugisha udashira uhabwa abapfuye<br />

byateye abantu benshi guhinyura ihame rya Bibiliya ryerekeye umuzuko. Ibyo Adamu Clarke<br />

we yabibonye atya: “Inyigisho y’umuzuko igaragara nk’iyahawe agaciro cyane mu Bakristo<br />

ba mbere <strong>ku</strong>rusha abo muri iki gihe! Mbese bimeze bite? Intumwa zakomezaga kwibanda <strong>ku</strong><br />

muzuko, kandi zigakangurira aba<strong>ku</strong>rikira Kristo <strong>ku</strong>gira umwete, <strong>ku</strong>mvira n’umunezero <strong>ku</strong><br />

bwawo. Muri iki gihe, ababasimbuye ntibashishikazwa cyane n’iryo hame. Nuko rero,<br />

intumwa zarabwirizaga, maze Abakristo ba mbere bakizera; n’ubu turabwiriza, <strong>na</strong> none abo<br />

tubwirije bakizera. Nta nyigisho iri mu butumwa bwiza yibanzweho cyane; kandi nta nyigisho<br />

yo muri iki gihe tubwirizamo ihabwa agaciro gake!” 35<br />

Ibyo byarakomeje <strong>ku</strong>geza igihe ihame ritangaje ry’umuzuko ryijimishwa n’Abakristo bo<br />

muri iki gihe maze rita agaciro karyo. Nicyo cyatumye Umuyobozi umwe w’umunyedini<br />

yanditse atanga ubusobanuro <strong>ku</strong> magambo ya Pawulo yo mu 1 Abatesaloniki 4:13-18. ati:<br />

“Bitewe n’impamvu z’ibiduhumuriza, inyigisho y’uko abakiranutsi bafite amahirwe yo<br />

<strong>ku</strong>dapfa, <strong>ku</strong>ri twe ifashe umwanya w’inyigisho benshi bashidikanyaho ariyo <strong>ku</strong>garuka kwa<br />

Nyagasani. Iyo dupfuye nibwo Nyagasani aba agarutse. Icyo nicyo dukwiriye gutegereza,<br />

kandi nicyo dukwiriye kwitegura. Abapfuye bamaze kwigerera mu i<strong>ku</strong>zo rihebuje.<br />

Ntibagitegereje impanda yo gucirwa urubanza no guhabwa umugisha.”<br />

398

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!