Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Nka ya mazi y’umwuzure, umuriro wo kuri uwo munsi ukomeye, ugaragaza ukuri kw’Imana ko ababi batazarokoka. Ntabwo biteguye kuyoborwa n’ububasha bw’ijuru. Ubushake bwabo bagiye babukoresha mu kugomera Imana; none aho ubugingo bwabo bugeze ku iherezo, barakererewe kugarura ibitekerezo byabo mu ruhande bitamenyerejwe, bakererewe kuva mu byaha ngo bumvire Imana, bakererewe kuva mu nzangano ngo bajye mu rukundo. Kuba Imana yarazigamye ubugingo bwa Kayini wari umwicanyi, yahaye abantu bose icyitegererezo cy’amaherezo yo kwemerera umunyabyaha gukomeza kubaho iteka akiranirwa. Binyuze mu nyigisho za Kayini n’icyitegererezo cye, benshi mu bamukomotseho bakurikiye inzira yo gukiranirwa, kugeza “igihe ububi bw’abantu bukabya cyane ku isi, ” kandi ibyo abantu bibwiraga mu mitima yabo byakomezaga kuba bibi”. Mu maso y’Imana, isi nayo yari yarononekaye kandi yuzuye urugomo”. 20 Kubw’imbabazi Imana igirira isi, yayitsembyeho ababi bose mu gihe cya Nowa. Kubw’imbabazi, Imana yatsembye abari batuye Sodoma barangiritse. Binyuze mu bishuko bya Satani, abigisha b’ibyo gukiranirwa baratwa bahora bayobora abandi kugomera Imana. Uko niko byari bimeze mu gihe cya Kayini, mu gihe cya Nowa, no mu gihe cya Aburahamu na Loti; kandi ni nako bimeze no mu gihe cyacu. Kubwo imbabazi ku batuye isi, ku iherezo Imana izarimbura abanze kwakira ubuntu bwayo. “Ibihembo by’ibyaha ni urupfu; ariko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu Kristo Umwami wacu”. 21 Niba ubugingo buhoraho ari umurage ku bakiranutsi, noneho n’urupfu ni umugabane w’inkozi z’ibibi”. ” Imana yategetse Mose kubwira Abisirayeli ngo: “Dore uyu munsi ngushyize imbere ubugingo n’urupfu, ibyiza n’ibibi.’‘ 22 Urupfu rwavuzwe muri iyi mirongo si rwa rundi Imana yabwiye Adamu, kuko abantu bose bagerwaho n’igihano cyo gucumura. Ni ‘’urupfu rwa kabiri’‘ rwo kinyuranyo cy’ubugingo buhoraho. Kubera ingaruka z’icyaha cya Adamu, urupfu rwageze ku kiremwa muntu cyose. Bose bajya mu gituro. Ariko nk’uko byateganyijwe mu nama y’agakiza, bose bazasohorwa muri ibyo bituro. “Abapfuye bazazuka, abakiranutsi n’abakiranirwa;’‘ “nk’uko Adamu yokoje abantu bose urupfu, niko no muri Kristo bazahindurwa bazima”. 23Ariko hari itandukaniro hagati y’ayo matsinda yombi y’abantu bazazuka. “Abari mu bituro bose bazumva ijwi rye, maze bazuke, abazaba barakoze ibyiza bazazukira ubugingo, na ho abazaba barakoze ibibi bazazukira gucirwaho iteka”. 24 “Abafite umugabane wo kuzuka kwa mbere barahirwa kandi ni abera”. Urupfu rwa kabiri ntirubasha kugira icyo rutwara abameze batyo”. 25Ariko abatihannye ngo bababarirwe ibyaha byabo kubwo kwizera, bazahanirwa gukiranirwa — ‘’ibihembo by’ibyaha’‘. Hakurikijwe ibyo bakoze, ibihano byabo bizatandukanira ku gihe bizamara n’uko bizaba bingana; ariko iherezo igihano cyabo kizarangizwa n’urupfu rwa kabiri. Kuko ku Mana, kubera ubutabera bwayo n’imbabazi zayo nyinshi, ntibishoboka gukiriza umunyabyaha mu byaha bye, imubuza kubaho imibereho yahindanyijwe n’ibyaha, aho nawe ubwe yihamiriza ko adakwiriye kubaho. Umwanditsi umwe ayobowe n’ Umwuka 396
Itorero na Leta ku Rugamba w’Imana yaranditse ati: “Hasigaye igihe gito gusa, umunyabyaha ntiyongere kubaho, ni koko uzitegereza ahe umubure”. ‘’Bazatwikirwa n’isoni, bibagirane by’iteka ryose. ‘’ 26 Iryo niryo herezo ry’icyaha n’amahano yose, n’umusaka byatejwe n’icyaha. Umunyazaburi yaranditse ati: “Warimbuye abanyabyaha, wasibanganyije amazina yabo iteka ryose, abanzi banjye bashizeho barimbutse iteka. “Ukurimbuka kw’iteka ryose kuje ku banzi bawe”. 27 Mu byahishuwe Umuhanuzi Yohana yitegereje ibyo ahazaza mu ijuru, yumva indirimbo isingiza Imana, nta murya n’umwe unyuranya watuma itakaza uburyohe bwayo. Ibyaremwe byose byo mu ijuru n’ibyo mu isi, byererezaga ikuzo ry’Imana. Nta na hamwe noneho hazumvikana imiborogo y’abantu batuka Imana kubera uburibwe, nta biremwa bigaragurikira mu irimbukiro, ngo humvikane urudubi rw’imiborogo yabo n’indirimbo z’abacunguwe. Ku rufatiro rw’ikinyoma cy’uko kamere idapfa, hongerwaho n’inyigisho ivuga ko mu gihe abantu bapfuye hari ibyo bakomeza kumeya — iyo nyigisho, hamwe n’iyo kubabazwa by’iteka ryose, binyuranyije n’inyigisho zo mu Byanditswe Byera, bikanyuranya n’ukuri n’uko tubyumva nk’ikiremwamuntu. Hagendewe ku myizerere rusange y’abantu, abacunguwe bari mu ijuru bamenya ikintu cyose gikorerwa hano ku isi, cyane cyane bakamenya uko incuti zabo basize hano ku isi zimerewe. Ariko se byatera munezero ki abapfuye, kumenya no kubona akaga n’uburibwe by’abariho, kubona abo bakundaga barimo gukora ibyaha, no kubabona bari mu gahinda, mu bahagaritse imitima, no mu mibabaro yo mu kubaho kwabo? Abacunguwe se bo, bashobora bate kugira umunezero bareba kandi bumva incuti zabo ziborogera ku isi ? Mbega ubugira nabi kwizera ko uwo mwanya umwuka ukiva mu mubiri, ubugingo bukomeza kugurumanira mu birimi by’umuriro w’iteka ryose! Mbega umubabaro utavugwa kubona abantu b’incuti zabo, bapfa batihannye bamanuka bajya mu bituro, bumva ko aho babashyize ari mu muriro waka ubutazima iteka ryose! Benshi bagiye banduzwa n’iyo nyigisho iteye ubwoba ! Ibyanditswe Byera bivuga iki kuri ibyo bintu ? Dawidi ahamya ko abari mu bituro, ntacyo bamenya. “Umwuka we umuvamo, agasubira mu butaka, uwo munsi imigambi ye ikaba ishize. ” 28Salomo nawe, atanga ubuhamya nk’ubwo agira ati, “Abazima bazi ko bazapfa: ariko abapfuye bo ntacyo bakizi. Urukundo rwabo n’urwangano rwabo n’ishyari ryabo, byose biba bishize, kandi nta mugabane bacyizeye mu bikorerwa munsi y’ijuru byose, kugeza ibihe byose. Kuko mu gituro aho uzajya nta mirimo, nta n’imigambi uzahabona, haba no kumenya cyangwa ubwenge”. 29 Ku gisubizo cy’amasengesho ya Hezekiya, yongerewe indi myaka cumi n’itanu yo kubaho, maze uwo Mwami atura Imana ituro ry’ishimwe kubera imbabazi zayo zitarondoreka. Muri iyo ndirimbo ye yo gushima, yavuzemo impamvu imuteye kwishima muri aya magambo: “Kuko ikuzimu hatabasha kukogeza n’urupfu rutabasha kuguhimbaza, abamanuka bajya muri rwa rwobo ntibabasha kwiringira ukuri kwawe. Umuzima, umuzima niwe uzakogeza nk’uko nkogeza uyu munsi”. 30 Iyobokamana ryamamaye rigaragaza ko 397
- Page 353 and 354: Itorero na Leta ku Rugamba kumvira
- Page 355 and 356: Itorero na Leta ku Rugamba Nimutyo
- Page 357 and 358: Itorero na Leta ku Rugamba gushyigi
- Page 359 and 360: Itorero na Leta ku Rugamba Izo ni z
- Page 361 and 362: Itorero na Leta ku Rugamba Ibitabo
- Page 363 and 364: Itorero na Leta ku Rugamba ati: “
- Page 365 and 366: Itorero na Leta ku Rugamba nk’uko
- Page 367 and 368: Itorero na Leta ku Rugamba kureba u
- Page 369 and 370: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 371 and 372: Itorero na Leta ku Rugamba Kwirata
- Page 373 and 374: Itorero na Leta ku Rugamba yinjizag
- Page 375 and 376: Itorero na Leta ku Rugamba igumanir
- Page 377 and 378: Itorero na Leta ku Rugamba nyuma ih
- Page 379 and 380: Itorero na Leta ku Rugamba Urwango
- Page 381 and 382: Itorero na Leta ku Rugamba imbaraga
- Page 383 and 384: Itorero na Leta ku Rugamba Petero a
- Page 385 and 386: Itorero na Leta ku Rugamba Ibindi b
- Page 387 and 388: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 389 and 390: Itorero na Leta ku Rugamba gisigaye
- Page 391 and 392: Itorero na Leta ku Rugamba Mu ntwar
- Page 393 and 394: Itorero na Leta ku Rugamba n’umun
- Page 395 and 396: Itorero na Leta ku Rugamba Muri icy
- Page 397 and 398: Itorero na Leta ku Rugamba Satani n
- Page 399 and 400: Itorero na Leta ku Rugamba Abandits
- Page 401 and 402: Itorero na Leta ku Rugamba “Dukur
- Page 403: Itorero na Leta ku Rugamba gukundwa
- Page 407 and 408: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko se
- Page 409 and 410: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 411 and 412: Itorero na Leta ku Rugamba insangan
- Page 413 and 414: Itorero na Leta ku Rugamba Imyuka i
- Page 415 and 416: Itorero na Leta ku Rugamba budashid
- Page 417 and 418: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 419 and 420: Itorero na Leta ku Rugamba Ubuporot
- Page 421 and 422: Itorero na Leta ku Rugamba Gusenga
- Page 423 and 424: Itorero na Leta ku Rugamba imyaka i
- Page 425 and 426: Itorero na Leta ku Rugamba igiteker
- Page 427 and 428: Itorero na Leta ku Rugamba Nyamara
- Page 429 and 430: Itorero na Leta ku Rugamba byose by
- Page 431 and 432: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 433 and 434: Itorero na Leta ku Rugamba ituma ba
- Page 435 and 436: Itorero na Leta ku Rugamba yabo bag
- Page 437 and 438: Itorero na Leta ku Rugamba Imikorer
- Page 439 and 440: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 441 and 442: Itorero na Leta ku Rugamba kumenyek
- Page 443 and 444: Itorero na Leta ku Rugamba Imvugo y
- Page 445 and 446: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo igi
- Page 447 and 448: Itorero na Leta ku Rugamba rwo gupf
- Page 449 and 450: Itorero na Leta ku Rugamba murimo,
- Page 451 and 452: Itorero na Leta ku Rugamba bazunga
- Page 453 and 454: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
w’Ima<strong>na</strong> yaranditse ati: “Hasigaye igihe gito gusa, umunyabyaha ntiyongere <strong>ku</strong>baho, ni koko<br />
uzitegereza ahe umubure”. ‘’Bazatwikirwa n’isoni, bibagirane by’iteka ryose. ‘’ 26<br />
Iryo niryo herezo ry’icyaha n’amahano yose, n’umusaka byatejwe n’icyaha.<br />
Umunyazaburi yaranditse ati: “Warimbuye abanyabyaha, wasibanganyije amazi<strong>na</strong> yabo iteka<br />
ryose, abanzi banjye bashizeho barimbutse iteka. “U<strong>ku</strong>rimbuka kw’iteka ryose <strong>ku</strong>je <strong>ku</strong> banzi<br />
bawe”. 27 Mu byahishuwe Umuhanuzi Yoha<strong>na</strong> yitegereje ibyo ahazaza mu ijuru, yumva<br />
indirimbo isingiza Ima<strong>na</strong>, nta murya n’umwe unyuranya watuma itakaza uburyohe bwayo.<br />
Ibyaremwe byose byo mu ijuru n’ibyo mu isi, byererezaga i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong>. Nta <strong>na</strong> hamwe<br />
noneho hazumvika<strong>na</strong> imiborogo y’abantu batuka Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bera uburibwe, nta biremwa<br />
bigaragurikira mu irimbukiro, ngo humvikane urudubi rw’imiborogo yabo n’indirimbo<br />
z’abacunguwe.<br />
Ku rufatiro rw’ikinyoma cy’uko kamere idapfa, hongerwaho n’inyigisho ivuga ko mu gihe<br />
abantu bapfuye hari ibyo bakomeza <strong>ku</strong>meya — iyo nyigisho, hamwe n’iyo <strong>ku</strong>babazwa<br />
by’iteka ryose, binyuranyije n’inyigisho zo mu Byanditswe Byera, bikanyuranya n’u<strong>ku</strong>ri<br />
n’uko tubyumva nk’ikiremwamuntu. Hagendewe <strong>ku</strong> myizerere rusange y’abantu,<br />
abacunguwe bari mu ijuru bamenya ikintu cyose gikorerwa hano <strong>ku</strong> isi, cyane cyane<br />
bakamenya uko incuti zabo basize hano <strong>ku</strong> isi zimerewe. Ariko se byatera munezero ki<br />
abapfuye, <strong>ku</strong>menya no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> akaga n’uburibwe by’abariho, <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> abo ba<strong>ku</strong>ndaga barimo<br />
gukora ibyaha, no <strong>ku</strong>babo<strong>na</strong> bari mu gahinda, mu bahagaritse imitima, no mu mibabaro yo<br />
mu <strong>ku</strong>baho kwabo? Abacunguwe se bo, bashobora bate <strong>ku</strong>gira umunezero bareba kandi<br />
bumva incuti zabo ziborogera <strong>ku</strong> isi ? Mbega ubugira <strong>na</strong>bi kwizera ko uwo mwanya umwuka<br />
ukiva mu mubiri, ubugingo bukomeza <strong>ku</strong>gurumanira mu birimi by’umuriro w’iteka ryose!<br />
Mbega umubabaro utavugwa <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> abantu b’incuti zabo, bapfa batihannye bamanuka bajya<br />
mu bituro, bumva ko aho babashyize ari mu muriro waka ubutazima iteka ryose! Benshi<br />
bagiye banduzwa n’iyo nyigisho iteye ubwoba !<br />
Ibyanditswe Byera bivuga iki <strong>ku</strong>ri ibyo bintu ? Dawidi ahamya ko abari mu bituro, ntacyo<br />
bamenya. “Umwuka we umuvamo, agasubira mu butaka, uwo munsi imigambi ye ikaba<br />
ishize. ” 28Salomo <strong>na</strong>we, atanga ubuhamya nk’ubwo agira ati, “Abazima bazi ko bazapfa:<br />
ariko abapfuye bo ntacyo bakizi. Uru<strong>ku</strong>ndo rwabo n’urwangano rwabo n’ishyari ryabo, byose<br />
biba bishize, kandi nta mugabane bacyizeye mu bikorerwa munsi y’ijuru byose, <strong>ku</strong>geza ibihe<br />
byose. Kuko mu gituro aho uzajya nta mirimo, nta n’imigambi uzahabo<strong>na</strong>, haba no <strong>ku</strong>menya<br />
cyangwa ubwenge”. 29<br />
Ku gisubizo cy’amasengesho ya Hezekiya, yongerewe indi myaka cumi n’itanu yo<br />
<strong>ku</strong>baho, maze uwo Mwami atura Ima<strong>na</strong> ituro ry’ishimwe <strong>ku</strong>bera imbabazi zayo<br />
zitarondoreka. Muri iyo ndirimbo ye yo gushima, yavuzemo impamvu imuteye kwishima<br />
muri aya magambo: “Kuko i<strong>ku</strong>zimu hatabasha <strong>ku</strong>kogeza n’urupfu rutabasha <strong>ku</strong>guhimbaza,<br />
abamanuka bajya muri rwa rwobo ntibabasha kwiringira u<strong>ku</strong>ri kwawe. Umuzima, umuzima<br />
niwe uzakogeza nk’uko nkogeza uyu munsi”. 30 Iyobokama<strong>na</strong> ryamamaye rigaragaza ko<br />
397