Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Nka ya mazi y’umwuzure, umuriro wo kuri uwo munsi ukomeye, ugaragaza ukuri kw’Imana ko ababi batazarokoka. Ntabwo biteguye kuyoborwa n’ububasha bw’ijuru. Ubushake bwabo bagiye babukoresha mu kugomera Imana; none aho ubugingo bwabo bugeze ku iherezo, barakererewe kugarura ibitekerezo byabo mu ruhande bitamenyerejwe, bakererewe kuva mu byaha ngo bumvire Imana, bakererewe kuva mu nzangano ngo bajye mu rukundo. Kuba Imana yarazigamye ubugingo bwa Kayini wari umwicanyi, yahaye abantu bose icyitegererezo cy’amaherezo yo kwemerera umunyabyaha gukomeza kubaho iteka akiranirwa. Binyuze mu nyigisho za Kayini n’icyitegererezo cye, benshi mu bamukomotseho bakurikiye inzira yo gukiranirwa, kugeza “igihe ububi bw’abantu bukabya cyane ku isi, ” kandi ibyo abantu bibwiraga mu mitima yabo byakomezaga kuba bibi”. Mu maso y’Imana, isi nayo yari yarononekaye kandi yuzuye urugomo”. 20 Kubw’imbabazi Imana igirira isi, yayitsembyeho ababi bose mu gihe cya Nowa. Kubw’imbabazi, Imana yatsembye abari batuye Sodoma barangiritse. Binyuze mu bishuko bya Satani, abigisha b’ibyo gukiranirwa baratwa bahora bayobora abandi kugomera Imana. Uko niko byari bimeze mu gihe cya Kayini, mu gihe cya Nowa, no mu gihe cya Aburahamu na Loti; kandi ni nako bimeze no mu gihe cyacu. Kubwo imbabazi ku batuye isi, ku iherezo Imana izarimbura abanze kwakira ubuntu bwayo. “Ibihembo by’ibyaha ni urupfu; ariko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu Kristo Umwami wacu”. 21 Niba ubugingo buhoraho ari umurage ku bakiranutsi, noneho n’urupfu ni umugabane w’inkozi z’ibibi”. ” Imana yategetse Mose kubwira Abisirayeli ngo: “Dore uyu munsi ngushyize imbere ubugingo n’urupfu, ibyiza n’ibibi.’‘ 22 Urupfu rwavuzwe muri iyi mirongo si rwa rundi Imana yabwiye Adamu, kuko abantu bose bagerwaho n’igihano cyo gucumura. Ni ‘’urupfu rwa kabiri’‘ rwo kinyuranyo cy’ubugingo buhoraho. Kubera ingaruka z’icyaha cya Adamu, urupfu rwageze ku kiremwa muntu cyose. Bose bajya mu gituro. Ariko nk’uko byateganyijwe mu nama y’agakiza, bose bazasohorwa muri ibyo bituro. “Abapfuye bazazuka, abakiranutsi n’abakiranirwa;’‘ “nk’uko Adamu yokoje abantu bose urupfu, niko no muri Kristo bazahindurwa bazima”. 23Ariko hari itandukaniro hagati y’ayo matsinda yombi y’abantu bazazuka. “Abari mu bituro bose bazumva ijwi rye, maze bazuke, abazaba barakoze ibyiza bazazukira ubugingo, na ho abazaba barakoze ibibi bazazukira gucirwaho iteka”. 24 “Abafite umugabane wo kuzuka kwa mbere barahirwa kandi ni abera”. Urupfu rwa kabiri ntirubasha kugira icyo rutwara abameze batyo”. 25Ariko abatihannye ngo bababarirwe ibyaha byabo kubwo kwizera, bazahanirwa gukiranirwa — ‘’ibihembo by’ibyaha’‘. Hakurikijwe ibyo bakoze, ibihano byabo bizatandukanira ku gihe bizamara n’uko bizaba bingana; ariko iherezo igihano cyabo kizarangizwa n’urupfu rwa kabiri. Kuko ku Mana, kubera ubutabera bwayo n’imbabazi zayo nyinshi, ntibishoboka gukiriza umunyabyaha mu byaha bye, imubuza kubaho imibereho yahindanyijwe n’ibyaha, aho nawe ubwe yihamiriza ko adakwiriye kubaho. Umwanditsi umwe ayobowe n’ Umwuka 396

Itorero na Leta ku Rugamba w’Imana yaranditse ati: “Hasigaye igihe gito gusa, umunyabyaha ntiyongere kubaho, ni koko uzitegereza ahe umubure”. ‘’Bazatwikirwa n’isoni, bibagirane by’iteka ryose. ‘’ 26 Iryo niryo herezo ry’icyaha n’amahano yose, n’umusaka byatejwe n’icyaha. Umunyazaburi yaranditse ati: “Warimbuye abanyabyaha, wasibanganyije amazina yabo iteka ryose, abanzi banjye bashizeho barimbutse iteka. “Ukurimbuka kw’iteka ryose kuje ku banzi bawe”. 27 Mu byahishuwe Umuhanuzi Yohana yitegereje ibyo ahazaza mu ijuru, yumva indirimbo isingiza Imana, nta murya n’umwe unyuranya watuma itakaza uburyohe bwayo. Ibyaremwe byose byo mu ijuru n’ibyo mu isi, byererezaga ikuzo ry’Imana. Nta na hamwe noneho hazumvikana imiborogo y’abantu batuka Imana kubera uburibwe, nta biremwa bigaragurikira mu irimbukiro, ngo humvikane urudubi rw’imiborogo yabo n’indirimbo z’abacunguwe. Ku rufatiro rw’ikinyoma cy’uko kamere idapfa, hongerwaho n’inyigisho ivuga ko mu gihe abantu bapfuye hari ibyo bakomeza kumeya — iyo nyigisho, hamwe n’iyo kubabazwa by’iteka ryose, binyuranyije n’inyigisho zo mu Byanditswe Byera, bikanyuranya n’ukuri n’uko tubyumva nk’ikiremwamuntu. Hagendewe ku myizerere rusange y’abantu, abacunguwe bari mu ijuru bamenya ikintu cyose gikorerwa hano ku isi, cyane cyane bakamenya uko incuti zabo basize hano ku isi zimerewe. Ariko se byatera munezero ki abapfuye, kumenya no kubona akaga n’uburibwe by’abariho, kubona abo bakundaga barimo gukora ibyaha, no kubabona bari mu gahinda, mu bahagaritse imitima, no mu mibabaro yo mu kubaho kwabo? Abacunguwe se bo, bashobora bate kugira umunezero bareba kandi bumva incuti zabo ziborogera ku isi ? Mbega ubugira nabi kwizera ko uwo mwanya umwuka ukiva mu mubiri, ubugingo bukomeza kugurumanira mu birimi by’umuriro w’iteka ryose! Mbega umubabaro utavugwa kubona abantu b’incuti zabo, bapfa batihannye bamanuka bajya mu bituro, bumva ko aho babashyize ari mu muriro waka ubutazima iteka ryose! Benshi bagiye banduzwa n’iyo nyigisho iteye ubwoba ! Ibyanditswe Byera bivuga iki kuri ibyo bintu ? Dawidi ahamya ko abari mu bituro, ntacyo bamenya. “Umwuka we umuvamo, agasubira mu butaka, uwo munsi imigambi ye ikaba ishize. ” 28Salomo nawe, atanga ubuhamya nk’ubwo agira ati, “Abazima bazi ko bazapfa: ariko abapfuye bo ntacyo bakizi. Urukundo rwabo n’urwangano rwabo n’ishyari ryabo, byose biba bishize, kandi nta mugabane bacyizeye mu bikorerwa munsi y’ijuru byose, kugeza ibihe byose. Kuko mu gituro aho uzajya nta mirimo, nta n’imigambi uzahabona, haba no kumenya cyangwa ubwenge”. 29 Ku gisubizo cy’amasengesho ya Hezekiya, yongerewe indi myaka cumi n’itanu yo kubaho, maze uwo Mwami atura Imana ituro ry’ishimwe kubera imbabazi zayo zitarondoreka. Muri iyo ndirimbo ye yo gushima, yavuzemo impamvu imuteye kwishima muri aya magambo: “Kuko ikuzimu hatabasha kukogeza n’urupfu rutabasha kuguhimbaza, abamanuka bajya muri rwa rwobo ntibabasha kwiringira ukuri kwawe. Umuzima, umuzima niwe uzakogeza nk’uko nkogeza uyu munsi”. 30 Iyobokamana ryamamaye rigaragaza ko 397

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

w’Ima<strong>na</strong> yaranditse ati: “Hasigaye igihe gito gusa, umunyabyaha ntiyongere <strong>ku</strong>baho, ni koko<br />

uzitegereza ahe umubure”. ‘’Bazatwikirwa n’isoni, bibagirane by’iteka ryose. ‘’ 26<br />

Iryo niryo herezo ry’icyaha n’amahano yose, n’umusaka byatejwe n’icyaha.<br />

Umunyazaburi yaranditse ati: “Warimbuye abanyabyaha, wasibanganyije amazi<strong>na</strong> yabo iteka<br />

ryose, abanzi banjye bashizeho barimbutse iteka. “U<strong>ku</strong>rimbuka kw’iteka ryose <strong>ku</strong>je <strong>ku</strong> banzi<br />

bawe”. 27 Mu byahishuwe Umuhanuzi Yoha<strong>na</strong> yitegereje ibyo ahazaza mu ijuru, yumva<br />

indirimbo isingiza Ima<strong>na</strong>, nta murya n’umwe unyuranya watuma itakaza uburyohe bwayo.<br />

Ibyaremwe byose byo mu ijuru n’ibyo mu isi, byererezaga i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong>. Nta <strong>na</strong> hamwe<br />

noneho hazumvika<strong>na</strong> imiborogo y’abantu batuka Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bera uburibwe, nta biremwa<br />

bigaragurikira mu irimbukiro, ngo humvikane urudubi rw’imiborogo yabo n’indirimbo<br />

z’abacunguwe.<br />

Ku rufatiro rw’ikinyoma cy’uko kamere idapfa, hongerwaho n’inyigisho ivuga ko mu gihe<br />

abantu bapfuye hari ibyo bakomeza <strong>ku</strong>meya — iyo nyigisho, hamwe n’iyo <strong>ku</strong>babazwa<br />

by’iteka ryose, binyuranyije n’inyigisho zo mu Byanditswe Byera, bikanyuranya n’u<strong>ku</strong>ri<br />

n’uko tubyumva nk’ikiremwamuntu. Hagendewe <strong>ku</strong> myizerere rusange y’abantu,<br />

abacunguwe bari mu ijuru bamenya ikintu cyose gikorerwa hano <strong>ku</strong> isi, cyane cyane<br />

bakamenya uko incuti zabo basize hano <strong>ku</strong> isi zimerewe. Ariko se byatera munezero ki<br />

abapfuye, <strong>ku</strong>menya no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> akaga n’uburibwe by’abariho, <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> abo ba<strong>ku</strong>ndaga barimo<br />

gukora ibyaha, no <strong>ku</strong>babo<strong>na</strong> bari mu gahinda, mu bahagaritse imitima, no mu mibabaro yo<br />

mu <strong>ku</strong>baho kwabo? Abacunguwe se bo, bashobora bate <strong>ku</strong>gira umunezero bareba kandi<br />

bumva incuti zabo ziborogera <strong>ku</strong> isi ? Mbega ubugira <strong>na</strong>bi kwizera ko uwo mwanya umwuka<br />

ukiva mu mubiri, ubugingo bukomeza <strong>ku</strong>gurumanira mu birimi by’umuriro w’iteka ryose!<br />

Mbega umubabaro utavugwa <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> abantu b’incuti zabo, bapfa batihannye bamanuka bajya<br />

mu bituro, bumva ko aho babashyize ari mu muriro waka ubutazima iteka ryose! Benshi<br />

bagiye banduzwa n’iyo nyigisho iteye ubwoba !<br />

Ibyanditswe Byera bivuga iki <strong>ku</strong>ri ibyo bintu ? Dawidi ahamya ko abari mu bituro, ntacyo<br />

bamenya. “Umwuka we umuvamo, agasubira mu butaka, uwo munsi imigambi ye ikaba<br />

ishize. ” 28Salomo <strong>na</strong>we, atanga ubuhamya nk’ubwo agira ati, “Abazima bazi ko bazapfa:<br />

ariko abapfuye bo ntacyo bakizi. Uru<strong>ku</strong>ndo rwabo n’urwangano rwabo n’ishyari ryabo, byose<br />

biba bishize, kandi nta mugabane bacyizeye mu bikorerwa munsi y’ijuru byose, <strong>ku</strong>geza ibihe<br />

byose. Kuko mu gituro aho uzajya nta mirimo, nta n’imigambi uzahabo<strong>na</strong>, haba no <strong>ku</strong>menya<br />

cyangwa ubwenge”. 29<br />

Ku gisubizo cy’amasengesho ya Hezekiya, yongerewe indi myaka cumi n’itanu yo<br />

<strong>ku</strong>baho, maze uwo Mwami atura Ima<strong>na</strong> ituro ry’ishimwe <strong>ku</strong>bera imbabazi zayo<br />

zitarondoreka. Muri iyo ndirimbo ye yo gushima, yavuzemo impamvu imuteye kwishima<br />

muri aya magambo: “Kuko i<strong>ku</strong>zimu hatabasha <strong>ku</strong>kogeza n’urupfu rutabasha <strong>ku</strong>guhimbaza,<br />

abamanuka bajya muri rwa rwobo ntibabasha kwiringira u<strong>ku</strong>ri kwawe. Umuzima, umuzima<br />

niwe uzakogeza nk’uko nkogeza uyu munsi”. 30 Iyobokama<strong>na</strong> ryamamaye rigaragaza ko<br />

397

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!