07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nka ya mazi y’umwuzure, umuriro wo <strong>ku</strong>ri uwo munsi ukomeye, ugaragaza u<strong>ku</strong>ri<br />

kw’Ima<strong>na</strong> ko ababi batazarokoka. Ntabwo biteguye <strong>ku</strong>yoborwa n’ububasha bw’ijuru.<br />

Ubushake bwabo bagiye babukoresha mu <strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong>; none aho ubugingo bwabo<br />

bugeze <strong>ku</strong> iherezo, barakererewe <strong>ku</strong>garura ibitekerezo byabo mu ruhande bitamenyerejwe,<br />

bakererewe <strong>ku</strong>va mu byaha ngo bumvire Ima<strong>na</strong>, bakererewe <strong>ku</strong>va mu nzangano ngo bajye<br />

mu ru<strong>ku</strong>ndo.<br />

Kuba Ima<strong>na</strong> yarazigamye ubugingo bwa Kayini wari umwicanyi, yahaye abantu bose<br />

icyitegererezo cy’amaherezo yo kwemerera umunyabyaha gukomeza <strong>ku</strong>baho iteka<br />

akiranirwa. Binyuze mu nyigisho za Kayini n’icyitegererezo cye, benshi mu bamukomotseho<br />

ba<strong>ku</strong>rikiye inzira yo gukiranirwa, <strong>ku</strong>geza “igihe ububi bw’abantu bukabya cyane <strong>ku</strong> isi, ”<br />

kandi ibyo abantu bibwiraga mu mitima yabo byakomezaga <strong>ku</strong>ba bibi”. Mu maso y’Ima<strong>na</strong>,<br />

isi <strong>na</strong>yo yari yarononekaye kandi yuzuye urugomo”. 20<br />

Kubw’imbabazi Ima<strong>na</strong> igirira isi, yayitsembyeho ababi bose mu gihe cya Nowa.<br />

Kubw’imbabazi, Ima<strong>na</strong> yatsembye abari batuye Sodoma barangiritse. Binyuze mu bishuko<br />

bya Satani, abigisha b’ibyo gukiranirwa baratwa bahora bayobora abandi <strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong>.<br />

Uko niko byari bimeze mu gihe cya Kayini, mu gihe cya Nowa, no mu gihe cya Aburahamu<br />

<strong>na</strong> Loti; kandi ni <strong>na</strong>ko bimeze no mu gihe cyacu. Kubwo imbabazi <strong>ku</strong> batuye isi, <strong>ku</strong> iherezo<br />

Ima<strong>na</strong> izarimbura abanze kwakira ubuntu bwayo.<br />

“Ibihembo by’ibyaha ni urupfu; ariko impano y’Ima<strong>na</strong> ni ubugingo buhoraho muri Yesu<br />

Kristo Umwami wacu”. 21 Niba ubugingo buhoraho ari umurage <strong>ku</strong> bakiranutsi, noneho<br />

n’urupfu ni umugabane w’inkozi z’ibibi”. ” Ima<strong>na</strong> yategetse Mose <strong>ku</strong>bwira Abisirayeli ngo:<br />

“Dore uyu munsi ngushyize imbere ubugingo n’urupfu, ibyiza n’ibibi.’‘ 22 Urupfu rwavuzwe<br />

muri iyi mirongo si rwa rundi Ima<strong>na</strong> yabwiye Adamu, <strong>ku</strong>ko abantu bose bagerwaho n’igihano<br />

cyo gucumura. Ni ‘’urupfu rwa kabiri’‘ rwo kinyuranyo cy’ubugingo buhoraho.<br />

Kubera ingaruka z’icyaha cya Adamu, urupfu rwageze <strong>ku</strong> kiremwa muntu cyose. Bose<br />

bajya mu gituro. Ariko nk’uko byateganyijwe mu <strong>na</strong>ma y’agakiza, bose bazasohorwa muri<br />

ibyo bituro. “Abapfuye bazazuka, abakiranutsi n’abakiranirwa;’‘ “nk’uko Adamu yokoje<br />

abantu bose urupfu, niko no muri Kristo bazahindurwa bazima”. 23Ariko hari itandukaniro<br />

hagati y’ayo matsinda yombi y’abantu bazazuka. “Abari mu bituro bose bazumva ijwi rye,<br />

maze bazuke, abazaba barakoze ibyiza bazazukira ubugingo, <strong>na</strong> ho abazaba barakoze ibibi<br />

bazazukira gucirwaho iteka”. 24 “Abafite umugabane wo <strong>ku</strong>zuka kwa mbere barahirwa kandi<br />

ni abera”. Urupfu rwa kabiri ntirubasha <strong>ku</strong>gira icyo rutwara abameze batyo”. 25Ariko<br />

abatihannye ngo bababarirwe ibyaha byabo <strong>ku</strong>bwo kwizera, bazahanirwa gukiranirwa —<br />

‘’ibihembo by’ibyaha’‘. Ha<strong>ku</strong>rikijwe ibyo bakoze, ibihano byabo bizatandukanira <strong>ku</strong> gihe<br />

bizamara n’uko bizaba binga<strong>na</strong>; ariko iherezo igihano cyabo kizarangizwa n’urupfu rwa<br />

kabiri. Kuko <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>bera ubutabera bwayo n’imbabazi zayo nyinshi, ntibishoboka<br />

gukiriza umunyabyaha mu byaha bye, imubuza <strong>ku</strong>baho imibereho yahindanyijwe n’ibyaha,<br />

aho <strong>na</strong>we ubwe yihamiriza ko adakwiriye <strong>ku</strong>baho. Umwanditsi umwe ayobowe n’ Umwuka<br />

396

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!