07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gu<strong>ku</strong>ndwa. Ishaka ko biyumvira <strong>ku</strong>ko bifite ibitekerezo byo gushima ubuhanga bwayo,<br />

ubutabera bwayo, n’ubugiraneza byayo. Kandi abumva bose bafite iyi mico y’Ima<strong>na</strong><br />

bazayi<strong>ku</strong>nda <strong>ku</strong>ko bazakomeza <strong>ku</strong>yegera bishimira imirimo yayo itangaza.<br />

Amahame y’ubugwaneza, imbabazi n’uru<strong>ku</strong>ndo byabwirijwe kandi bikagaragarizwa mu<br />

mibereho y’Umukiza wacu, ni ishusho nya<strong>ku</strong>ri y’ ubushake n’imicombonera y’Ima<strong>na</strong>. Kristo<br />

yahamije ko nta cyo yigisha <strong>ku</strong> bwe uretse ibyo yatumwe <strong>na</strong> Se. Amahame y’ingoma y’ijuru<br />

ntiyanyuranyaga n’ibyo Umukiza yigishaga ngo: “Mu<strong>ku</strong>nde abanzi banyu”. Ima<strong>na</strong> izakoresha<br />

ubutabera bwayo <strong>ku</strong> babi, ubutabera bubereye isi yose, ndetse bu<strong>na</strong>bereye n’abacirwaho iteka.<br />

Yajyaga <strong>ku</strong>bashimisha iyo ishobora <strong>ku</strong>bikora itishe amategeko agenga ubutegetsi bwayo<br />

kandi yubahirije ubutabera bw’imico yayo. Ibagotesha impano z’uru<strong>ku</strong>ndo rwayo,<br />

ibamenyesha amategeko yayo, ibaherekeresha impano z’imbabazi zayo; nyamara basuzugura<br />

uru<strong>ku</strong>ndo rwayo, bigahindura ubusa amategeko yayo, kandi bakirengagiza imbabazi zayo.<br />

Nubwo bakomeza kwakira impano zayo, ba<strong>ku</strong>bahuka Uzitanga; banga Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ko bazi neza<br />

ko yanga urunuka ibyaha byabo. Ima<strong>na</strong> yihanganira ubugoryi bwabo igihe kirekire; ariko <strong>ku</strong><br />

iherezo, igihe cyagenwe kirageze, ubwo bazahabwa ibikwiranye n’ibyo bakoze. Mbese Ima<strong>na</strong><br />

izakomeza gutsitsura<strong>na</strong> n’abagome ? Mbese izabahatira gukora ibyo ishaka ?<br />

Abahisemo ko Satani ababera umuyobozi kandi bakayoborwa n’ububasha bwe, ntabwo<br />

biteguye guhagarara imbere y’Ima<strong>na</strong>. Ubwibone, uburyarya, ubuhehesi, ubugizi bwa <strong>na</strong>bi<br />

byashoye imizi mu mico yabo. Mbese bashobora <strong>ku</strong>jya mu ijuru bakahaba<strong>na</strong> ubuziraherezo<br />

n’abo bangaga babasuzugurira mu isi ? U<strong>ku</strong>ri nti<strong>ku</strong>zigera <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> n’umunyabinyoma,<br />

ubugwaneza ntibuzanyura kwishyira hejuru n’ubwibone; ubutungane ntibuzumvika<strong>na</strong> no<br />

kwangirika; uru<strong>ku</strong>ndo rutikanyiza ntirwanezeza uwikanyiza. Ni munezero ki ijuru ryaha<br />

ababaswe n’inyungu z’iby’isi?<br />

Mbese abagize imibereho igomera Ima<strong>na</strong> mu isi, bateruwe uwo mwanya bakajyanwa mu<br />

ijuru, bakibonera ukwera <strong>ku</strong>harangwa, - u<strong>ku</strong>ntu uriyo wese aba yuzuye uru<strong>ku</strong>ndo, mu maso<br />

ha buri wese huzuye umunezero, ba<strong>ku</strong>mva hahanikiwe icyarimwe indirimbo zo gushima no<br />

gusingiza Ima<strong>na</strong> n’Umwa<strong>na</strong> w’Intama, bakabo<strong>na</strong> umucyo uhora urabagiranira mu maso<br />

y’abacunguwe uturuka <strong>ku</strong> Yicaye <strong>ku</strong>ri ya ntebe- mbese abo bafite imitima y’urwango banga<br />

Ima<strong>na</strong>, banga u<strong>ku</strong>ri n’ubutungane, bashobora kwifatanya n’umutwe w’abamarayika<br />

b’abaririmbyi bo mu ijuru, bakaririmba<strong>na</strong> indirimbo zo gusingiza? Mbese aho bashobora<br />

kwihanganira i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong> n’iry’Umwa<strong>na</strong> w’Intama? Oya, oya; bahawe igihe cy’imbabazi<br />

<strong>ku</strong>gira ngo birememo imico mbonera y’abijuru; ariko ntibigeze bamenyereza intekerezo zabo<br />

gu<strong>ku</strong>nda ubutungane; ntibigize kwimenyereza imvugo y’ijuru, none barakererewe. Imibereho<br />

yabo yo <strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong>, ntiyatuma bajya mu ijuru. Ubutungane bwaho, ubuziranenge<br />

bwaho, n’amahoro yaho byababera iyica rubozo; i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong> rikababera umuriro<br />

ukongora. Bakwifuza guhunga bakava aho hantu haziranenge. Bahamagarira urupfu<br />

<strong>ku</strong>barimbura <strong>ku</strong>gira ngo bihishe amaso y’Uwabapfiriye akabacungura. Iherezo ry’ababi<br />

riza<strong>ku</strong>rikiza amahitamo yabo ubwabo. Kuvutswa ijuru ni ubushake bwabo, <strong>na</strong>ho <strong>ku</strong> ruhande<br />

rw’Ima<strong>na</strong>, ni ugukiranuka n’imbabazi.<br />

395

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!