07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

umunyabyaha ashobora guhungira igihano cy’icyaha. Kandi umutima wose wanga kwakira<br />

icyo gitambo cy’agaciro kanga<strong>na</strong> gatyo, aziyikorerera <strong>ku</strong> giti cye umutwaro n’igihano<br />

cy’ibyaha bye.<br />

Mureke turebe icyo Bibiliya yigisha cyerekeye abatubaha Ima<strong>na</strong> n’abanga kwiha<strong>na</strong>, abo<br />

ababwiriza mpuzamahanga bagenera ijuru nk’abaziranenge, n’abamarayika banejeje.<br />

“Ufite inyota nzamuha <strong>ku</strong>nywa <strong>ku</strong> isoko y’amazi y’ubugingo nta kiguzi atanze”. 10 Iri<br />

sezerano ryahawe abafite inyota bonyine. Nta n’umwe, keretse abumva ko bakeneye amazi<br />

y’ubugingo, maze bakayashaka bahombye ibintu byose, bazayahabwa. “Unesha azaragwa<br />

byose; <strong>na</strong>njye nzaba Ima<strong>na</strong> ye <strong>na</strong>we abe umwa<strong>na</strong> wanjye”. 11 Aha <strong>na</strong> none ibisabwa<br />

byarasobanuwe. Kugira ngo turagwe byose, dukwiriye guhanga<strong>na</strong> n’icyaha kandi<br />

tukagitsinda.<br />

Uwiteka yavugiye mu muhanuzi Yesaya ati: “Nimubivuge: intungane zizagubwa neza”,<br />

‘‘ inkozi z’ibibi ziragowe, <strong>ku</strong>bera akaga zirimo, zizahanwa ha<strong>ku</strong>rikijwe ibikorwa byazo.’‘ 12<br />

“Nubwo umunyabyaha ashobora gukora ibikorwa bibi ija<strong>na</strong> akarenga akaramba, nzi neza ko<br />

abubaha Ima<strong>na</strong> bazagubwa neza. Nyamara abagome bo ntibazagubwa neza, ntabazaramba,<br />

ahubwo bazayoyoka nk’igicucu, <strong>ku</strong>ko batubaha Ima<strong>na</strong>”13 Kandi Pawulo ahamya ko<br />

umunyabyaha aba yizigamiye umujinya uzaba <strong>ku</strong> munsi w’uburakari, ubwo amateka y’u<strong>ku</strong>ri<br />

y’Ima<strong>na</strong> azahishurwa, izitura umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze; “ama<strong>ku</strong>ba n’ibyago ni<br />

byo izateza umuntu wese ukora ibyaha.” 14<br />

‘‘Mumenye ibi:Umusambanyi wese n’ukora ibiteye isoni n’umunya-mururumba ( nicyo<br />

kimwe no gusenga ibigirwama<strong>na</strong>), abo bose nta mu<strong>na</strong>ni bazagira mu bwami bwa Kristo<br />

n’Ima<strong>na</strong>”. 15 “Mugire umwete wo <strong>ku</strong>ba<strong>na</strong> n’abantu bose amahoro, n’uwo kwezwa <strong>ku</strong>ko<br />

utejejwe atazareba Umwami Ima<strong>na</strong>”. 16 “Hahirwa abamesa amakanzu yabo, <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bemererwe <strong>ku</strong>nyura mu marembo bakinjira mu Murwa w’Ima<strong>na</strong>, bakarya <strong>ku</strong> mbuto z’igiti<br />

cy’ubugingo. Inyuma y’Uwo Murwa hazasigara abiyandarika n’abarozi, abasambanyi<br />

n’abicanyi, abasenga ibigirwama<strong>na</strong> n’aba<strong>ku</strong>nda <strong>ku</strong>beshya baka<strong>na</strong>riganya”. 17<br />

Ima<strong>na</strong> yasobanuriye abantu imicombonera yayo, n’uburyo ifata icyaha. “Uwiteka anyura<br />

imbere ye, aravuga ati: Uwiteka, Uwiteka, Ima<strong>na</strong> y’ibambe n’imbabazi itinda <strong>ku</strong>rakara ifite<br />

<strong>ku</strong>gira neza kwinshi n’umurava mwinshi, igumanira abantu imbabazi <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> buzu<strong>ku</strong>ruza<br />

babo b’ibihe igihumbi, ibabarira gukiranirwa n’ibicumuro n’ibyaha.” “Azarimbura abagome<br />

bose”. 18 “Abacumura bo bazarimburirwa hamwe: iherezo ry’urubyaro rw’umunyabyaha ni<br />

ugu<strong>ku</strong>rwaho.” 19 Imbaraga n’ubutware by’ingoma y’Ima<strong>na</strong>, bizakoreshwa <strong>ku</strong>gira ngo<br />

hatsembwe ubwigomeke; kandi ibizakoreshwa byose hatangwa ingororano mu butabera,<br />

biza<strong>ku</strong>rikiza rwose imico mbonera y’Ima<strong>na</strong> nk’inyambabazi, itinda <strong>ku</strong>rakara, ifite <strong>ku</strong>gira neza<br />

kwinshi.<br />

Ima<strong>na</strong> ntihata ubushake cyangwa guhitamo k’uwo ari we wese. Ntabwo yishimira<br />

uyumvira abihatiwe. Ishaka ko ibiremwa yaremesheje intoke zayo biyi<strong>ku</strong>nda <strong>ku</strong>ko ikwiriye<br />

394

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!