07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

“Du<strong>ku</strong>rikije ibi bitekerezo, twasa nk’abajya kwizera ko agakiza mvajuru ntacyo kadusaba<br />

gukora muri ubu buzima; haba guhinduka k’umutima, cyangwa kwizera cyangwa imyemerere<br />

y’iby’idini muri iki gihe. “Uko niko uwiyita umukozi wa Kristo ahora atondagura ikinyoma<br />

cya ya nzoka yo muri Edeni ati: “Ni u<strong>ku</strong>ri ntimuzapfa”. Umunsi mwakiriyeho, amaso yanyu<br />

azahumuka maze muhinduke nk’ima<strong>na</strong>”. “Avuga ko abanyabyaha ruharwa: Abicanyi, abajura<br />

n’abasambanyi, nyuma y’urupfu bategurirwa kwinjira mu munezero utazashira<br />

None se umubwiriza nk’uwo, ugoreka Ibyanditswe Byera bene iyo myanzuro ayi<strong>ku</strong>ra he?<br />

Mu ngingo imwe gusa igaragaza uko Dawidi yishingikirije <strong>ku</strong> Mpuhwe. Umutima we yari<br />

awerekeje <strong>ku</strong>ri Abusalomu <strong>ku</strong>ko yari amaze gushira agahinda abonye ko umuhungu we<br />

ya<strong>ku</strong>ndaga, Amunoni amaze gupfa”. Uko intimba Se yari afite yakomezaga <strong>ku</strong>gabanuka uko<br />

iminsi yahitaga, ibitekerezo bye biva k’upfuye biga<strong>na</strong> k’ukiri muzima, wari watorongejwe no<br />

gutinya igihano cy’icyaha yakoze. Iki ni igihamya cy’uko inkoramahano, umusinzi<br />

nk’Amunoni, wahise ajyanwa aho yerezwa akimara gupfa kandi agategurirwa <strong>ku</strong>ba<strong>na</strong><br />

n’abamarayika batacumuye! Amagambo anejeje y’amahimbano koko, agenewe gushimisha<br />

umutima wa kamere. Iyo ni inyigisho ya Satani ubwe, kandi yageze <strong>ku</strong> ntego yayo. Mbese<br />

tugomba gutangazwa n’uko, izi nyigisho z’ubugome zigwira ?<br />

Uburyo uwo mwigisha w’ibinyoma yakoreshaga, bugaragarira no mu mikorere y’abandi<br />

benshi. Batandukanya ijambo rimwe n’ayajyaga <strong>ku</strong>ryumvikanisha <strong>ku</strong>gira ngo ubusobanuro<br />

barihaye bube buhabanye cyane n’icyo ryavugaga; maze iyo mirongo iciwemo uduce<br />

ikagorekwa kandi igakoreshwa mu gushyigikira izindi nyigisho zidashingiye <strong>ku</strong> Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>. Ubuhamya bwatanzwe haruguru bw’uko Amunoni w’umusinzi ari mu ijuru, buhita<br />

bubeshyuzwa n’amagambo asobanutse kandi atarimo urujijo yo mu Byanditswe Byera ko nta<br />

musinzi uzaragwa Ubwami bw’Ima<strong>na</strong>. 9 Uko niko abashidikanya n’abatizera, hamwe<br />

n’abahakanyi bahindura u<strong>ku</strong>ri ibinyoma. Kandi abantu batabarika bayobejwe n’ubwo<br />

buca<strong>ku</strong>ra, none ubu bihishe mu rutare rwo kwishuka.<br />

Iyaba byari u<strong>ku</strong>ri koko, ko roho z’abantu bose ziherako zijya mu ijuru mu gihe umwuka<br />

ubavuyemo, noneho twajya twifuza gupfa <strong>ku</strong>ruta <strong>ku</strong>baho. Benshi bagiye bizera izo nyigisho,<br />

maze bagahita bashyira iherezo <strong>ku</strong> buzima bwabo. Igihe bagoswe n’ama<strong>ku</strong>ba, impagarara, no<br />

gucika intege, byakorohera benshi guca akagozi kangiritse k’ubuzima maze bakigira mu<br />

munezero w’isi izahoraho iteka.<br />

Ima<strong>na</strong> yatanze ibihamya by’u<strong>ku</strong>ri mu Ijambo ryayo ko izaha<strong>na</strong> abica amategeko yayo.<br />

Abishuka ko Ima<strong>na</strong> ari Inyambabazi nyinshi byatuma idasohoza ubutabera bwayo <strong>ku</strong><br />

munyabyaha, bakwiye guhanga amaso <strong>ku</strong> Musaraba w’i Kaluvari gusa. Urupfu rw’Umwa<strong>na</strong><br />

w’Ima<strong>na</strong> w’umuziranenge ruhamya ko “ibihembo by’ibyaha ari urupfu”, kandi ko kwica<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong> kwose gukwiriye guhabwa igihembo cyako. Kristo utigeze gukora<br />

icyaha, yahindutse icyaha <strong>ku</strong>bw’umuntu. Yikoreye umutwaro w’ibicumuro, ahishwa mu<br />

maso ha Se, <strong>ku</strong>geza ubwo umutima we waciye maze ubugingo bwe burasandara. Uko<br />

kwitanga kose yabikoreye <strong>ku</strong>gira ngo abanyabyaha bacungurwe. Nta hantu <strong>na</strong> hamwe<br />

393

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!